* Umurage w’Abadage ntukamire uw’Abami b’u Rwanda Iyo ukurikiye abavuga uko Kigali, nk’umurwa mukuru, yagiye itera imbere, usanga kenshi bahera ku mateka y’umudage witwa Dr Richard Kandt. Nyamara ibi bishobora kugira ingaruka mu kwibagiza ko Kigali yabaye umurwa mukuru kuva ku ngoma ya Cyirima Rugwe, muri 1345 ! Kigali itarahinduye izina si iyashinzwe n’abakoloni Ubwo […]Irambuye
Atuhe Sabiti Fred uyobora Akarere ka Nyagatare avuga ko ubuyobozi buri gukusanya amafaranga miliyoni 20 yo kuzafasha imiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 mu karere ka Nyagatare. Iyi nkunga ngo izakoreshwa mu kubafasha gusana amazu yabo, kubishyurira ubwishingizi mu buzima n’ibindi. Uyu muyobozi yabwiye umunyamakuru w’Umuseke ko ubu imyiteguro bamaze kuyishyira ku murongo ariko bategereje amabwiriza ya nyuma […]Irambuye
Nyuma yo kwibura mu marushanwa ya PGGSS ya gatanu Kid Gaju aratunga agatoki itangazamakuru kumubera imbogamizi ya mbere ituma ibikorwa bye bitagera kure. Kid Gaju wamenyekanye mu ndirimbo nka “Mama bebe”, “Agatabi”, “Gahunda” yakoranye na Cindy wo muri Uganda nizindi ni umwe mubahanzi babuze amahirwe yo kugaragara muri ririya rushanwa. Kid Gaju yabwiye Umuseke ko […]Irambuye
Umuyobozi wa Kiliziya Gatolika ku Isi Paapa Francis niwe Paapa wa mbere ugiye kugeza ijambo rye kur ‘Condress’ ya Leta zunze ubumwe za Amerika. Ni nyuma y’uko yemeye ubutumire bwa Perezida Obama ndetse akazanasura White House. Tariki 23 Nzeri 2015 nibwo uyu mukambwe,78, azakirwa na Perezida Obama, ni nyuma y’uko uyu nawe amusuye i Vatican […]Irambuye
Ni imibare ifite icyo ivuze ku buzima bw’ejo hazaza bw’aba bana b’abakobwa ndetse n’abo babyaye. Mu kagari ka Kibumba Umurenge wa Rutare mu karere ka Gicumbi abana b’abakobwa bagera kuri 55 ubu barashakisha ubuzima nyuma yo gucikiriza amashuri kubera kubyara batabiteganyije. Bavuga ko babitewe n’irari. Kuri uyu wa 26 Werurwe 2015 mu murenge wa Rutare […]Irambuye
Byemejwe na Prof. Ronald G Prinn wigisha mu gashami ka “Earth, Atmospheric and Planetary Sciences” muri Massachutetts Institute of Technology (MIT) ubwo yahaga ikiganiro abanyamakuru, abanyeshuri ndetse n’abarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami ry’ubukungu n’icungamari i Mburabuturo muri Kicukiro kuri uyu wa kane. Iyi nzobere mu bumenyi bw’ikirere (Atmospheric Sciences) mu kiganiro cye yibanze ku […]Irambuye
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda buratangaza ko Prof. James McWha wari umuyobozi wungirije (Vice Chancellor) wa Kaminuza y’u Rwanda yanditse asaba ko azahagarika aka kazi muri Kanama 2015 kubera impamvu z’uburwayi. Dr. Paul Davenport, umuyobozi w’inama nkuru ya Kaminuza y’u Rwanda wanakiriye ibahasha ya Prof.McWha avuga ko mu gihe cy’imyaka ibiri uyu mugabo (McWha)amaze ayobora […]Irambuye
Abanyarwanda bari muri Zambia nk’impunzi barasabwa gutaha naho abashaka kuhaguma bagashaka ibyangombwa bibemerera kuhaba nk’abahakorera aho gukomeza kwitwa impunzi kandi ntacyo bagaragaza bahunze. Abanyarwanda basaga 4 000 bari muri Zambia nta byangombwa bafite uretse kwitwaza ubuhunzi bakaba basabwa gutaha ariko abafite ibyo bahakorera bagasabwa gushaka ibyangombwa kugirango bakomeze kuhaba nk’abanyarwanda bahakorera Minisitiri w’impunzi n’imicungire y’ibiza […]Irambuye
26 Werurwe 2015- umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Amavubi Jonny McKinstry amaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 18 azajyana gukina n’igihugu cya Zambiya mu mukino wa gicuti. Ni umukino uteganijwe kuba kuri iki cyumweru tariki ya 29 Werurwe i Lusaka kuri Heroes National Stadium. Uyu mukino wa gicuti uri mu rwego rwo gufasha amakipe y’ibihugu byombi kwitegura irushanwa […]Irambuye
26 Werurwe 2015 – Urukiko Rukuru mu Rwanda rwahanaguyeho ibyaha byose Dr Runyinya Barabwiriza wahoze ari umujyanama wa Prezida Juvenal Habyarimana, uyu yari yaragizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Huye. Kuri uyu wa kane nibwo Urukiko Rukuru rwategetse ko Dr Barabwiriza akomeza kuba umwere ku byaha bya Jenoside yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha. Uyu yafunzwe imyaka 16 aza […]Irambuye