30 Werurwe – Nyuma y’imikino y’umunsi wa 22 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru, ikipe ya Rayon Sports ikomeje kuyobora urutonde rw’agateganyo ikinganya amanota na APR ariko ikayirusha ibitego nyuma y’uko itsinze Etincelles FC ibitego 3-0, naho APR igatsinda Musanze FC 1-0. Umukino wa APR FC na Musanze wabereye kuri stade ya Kicukiro, wari […]Irambuye
Ku wa gatanu w’iki cyumweru itsinda ry’abaganga 17 baturutse mu gihugu cya Saudi Arabia basoje uruzinduko rwabo bari bamazemo iminsi mu Rwanda bavura abantu batandukanye bagera ku 1,400 ndetse bakaba baranahuguye abarimu ku myigishirize igezweho bagera ku 120. Aba baganga b’impuguke boherejwe n’umuryango ukora ibikorwa by’ubutabazi witwa ‘Dawah’, ukorera mu bihugu 26 ariko bakaba ari […]Irambuye
Nyuma y’iminsi ine aburiwe irengero, Hora Sylvere wishe umwana w’umukobwa w’imyaka 12 Uwase Bella Shalom, Police y’u Rwanda imaze gutangaza ku mugoroba wo kuri iki cyumewru ko yatawe muri yombi. Ni nyuma kandi y’uko Police ishyize ahagaragara ifoto y’uyu Sylvere ngo abaturage bakomeze gufasha Police kumuhiga. Sylvere yafatiwe mu murenge wa Kabarore mu karere ka […]Irambuye
Gushyira imbaraga ku rurimi rwali rwarasigajwe inyuma n’amateka cyane cyane nk’icyongereza mpuzamahanga birakwiye ariko ntibyagombaga gusubiza inyuma izindi ndimi. Abigisha twabonye ingaruka zabyo mu burezi: abana barangije amashuri yisumbuye binjira muri Kaminuza nta rurimi na rumwe bazi kuvuga neza ndetse ikinyarwanda cyo ntibatazi no kucyandika neza . Mu mashuri mato, umwana amenya umubare gatatu mu […]Irambuye
Nyuma y’umukino Kiyovu Sports yatsinzwemo na Police FC ibitego bibiri ku busa kuri uyu wa gatandatu, umutoza wa Kiyovu Sports Kanyankore Gilbert bita Yaoundé, yavuze ko ikipe atoza iri gusubira inyuma ikanatsindwa kuko nta ‘morale’ ifite. Mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampionat, ikipe ya Kiyovu yagaragaje guhanahana neza ariko gushyira mu izamu bikanga, yatsinzwe […]Irambuye
Salax Awards yabaye ku nshuro ya gatandatu ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 28 Werurwe, umuhanzi Butera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless niwe wegukanye ibimbo bigera kuri bine wenyine. Bahemberwaga ibyo bakoze muri muzika mu mwaka wa 2013. King James na Amag the Black bagaragaye mu mwaka ushize batashye amara masa. Ikirezi Group, […]Irambuye
29 Werurwe – Ikipe ya Difaa Hassan El Jadida imaze gutsinda kuri uyu wa gatandatu ikipe ya AS Kigali ibitego bitatu ku busa bitumye ariyo ikomeza muri 1/4 cy’imikino ya CAF Confederation Cup. Ibitego byose byagiyemo mu gice cya kabiri cy’umukino, nyuma y’uko AS Kigali igerageje kwihagararaho mu gice cya mbere. AS Kigali yajyanye muri […]Irambuye
29 Werurwe, Kigali – Abantu benshi bamenye urupfu rw’uyu mwana w’umukobwa w’imyaka 12 wishwe n’umukozi wo mu rugo i Nyamirambo. Nk’uko byavuzwe mu buhamya butandukanye mu muhango wo kumushyingura kuri uyu wa gatandatu, uyu mwana yakundaga abantu bidasanzwe, yakundaga gusenga cyane ndetse mu nzozi ze harimo kuzaba umuganga. Uwase Bella Shalom yishwe kuwa gatatu w’iki […]Irambuye
Igicuri ni indwara iterwa n’imikoranire mibi hagati y’imyakura igize ubwonko bw’umuntu. Iyi mikorere mibi abaganga bita “Fits” iterwa n’imikorere mibi y’imyakura (Neurological problems) ifata abantu 100 ku bantu miliyoni imwe ubabaze ukwabo. Ubushakashatsi bwemeza ko 5 ku ijana y’abantu bose bari ku Isi barwara igicuri byibura rimwe mu buzima bwabo. Mbere na mbere buri mwakura( […]Irambuye
Ku nshuro ya 4 Primus Guma Guma Super Star kuri uyu wa gatandatu igitaramo cya kabiri cy’iri rushanwa kcyari i Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo, abahanzi bataramiye bikomeye abantu benshi cyane bitabiriye iki gitaramo. Anita Pendo na Mc Tino bamaze kugera kuri stage bahise batangaza uko abahanzi bose uko ari 10 bamaze gutombora uburyo bagomba kuza […]Irambuye