Month: <span>March 2014</span>

Property Care Ltd yahuguye abakozi mu gukemura ikibazo cy’abiyita ‘Abakomisiyoneri’

Tariki 28 Werurwe 2014, Property Care Ltd, Ikigo cyinzobere mu imirimo yo kuranga, gucunga, kugura no kugurisha imitungo y’ababyifuza, cyahuguye abakozi ba cyo, mu rwego rwo guca burundu ibibazo bituruka ku bashukanyi bitwa “Abakomisiyoneri”. Mu gihe hirya no hino mu mujyi wa Kigali hagenda haboneka ibibazo bishingiye ku bunyangamugayo buke bw’abiyita abakomisiyoneri, bunakunze kuba intandaro […]Irambuye

Muhanga: Nkurunziza watemwe n’ibisambo, yahawe inka anitwa Intwari

Nkurunziza, tariki 17 -02 – 2014 ubwo yagerageza gutabara umuturanyi we wari watewe yatemaguwe n’ibisambo, tariki 12 – 03 – 2014 yabwiye Umuseke iby’agahinda ke anasaba ubufasha bwo kwivuza neza kuko ntawamwitayeho kandi yari mu kazi ke, mu muganda wabereye mu kagari ka Gifumba mu murenge wa Nyamabuye kuri uyu wa 29 -03 – 2014 […]Irambuye

Me Uwizeyimana Evode yahawe umwanya n’Inama y’Abaministre

Impuguke mu mategeko Me Uwizeyimana Evode yamenyekanye cyane ku maradiyo mpuzamahanga nka BBC n’Ijwi rya Amerika akenshi anenga cyane amwe mu mategeko n’ibyemezo byafatwaga na Leta y’u Rwanda mu gukemura ibibazo bitandukanye, nyuma yo kugaruka mu gihugu cye aho yari amaze imyaka myinshi hanze, Inama y’Abaministre yateranye kuri uyu wa 28 Werurwe yamugize Visi Perezida […]Irambuye

Bimwe mu bintu bizahaje ireme ry’uburezi mu Rwanda

Muri ibi bihe Leta y’u Rwanda yahagurukiye kuzamura ireme ry’Uburezi mu mashuri. Ariko hari ibintu bimwe yakagombye kwibandaho cyane bizahaje iryo reme, kugira ngo nimara kubirwanya yivuye inyuma, iryo reme twifuza mu burezi bwo mu Rwanda rizagerweho nta gisibya. Bimwe mu byo Leta igomba kwibandaho bizahaje ireme ry’uburezi mu Rwanda ni ibi bikurikira. Ubucucike mu […]Irambuye

Urubyiruko rurahamagarirwa gukoresha neza imbuga nkoranyambaga

Mu gikorwa cyo guha abahuzabikorwa b’urubyiruko ku rwego rw’akarere telefoni zigendanwa zigezweho (smart phones), Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko, Nkuranga Alphonse yasabye urubyiruko gukoresha neza imbuga nkoranyambaga mu buryo butanga umusaruro. Izi telefoni zatanzwe n’Umuryango w’Abanyakanada ukorera mu Rwanda, DOT Rwanda zigera kuri 31, zikaba zagenewe abahuzabikorwa b’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko kuri buri karere ndetse n’Umuhuzabikorwa […]Irambuye

Rusizi: Abamotari batangiye kubaka inzu y’amagorofa ane

Urubyiruko rukora umwuga wo gutwara abantu kuri moto mu karere ka Rusizi, umurenge wa Kamembe mu Ntara y’Iburengerazuba ruri kubaka inzu y’amagorofa ane izabafasha kuzamura imibereho yabo n’iy’abaturage batuye mu murenge wa Kamembe. Uru rubyiruko rw’abamotari rwibumbiye muri koperative yitwa COMORU ‘Cooperatives de motars de Rusizi’ igizwe n’abanyamuryango bagera kuri 452 aho buri wese atanga […]Irambuye

18 Jobs Positions at King Faisal Hospital, Kigali, Rwanda –

18 Jobs Positions at King Faisal Hospital, Kigali, Rwanda – DEADLINE: 28/03/2014 KING FAISAL HOSPITAL, RWANDA IS LOOKING FOR SUITABLE CANDIDATE TO FILL THE POSITIONS BELOW Patient centered care 1. Post:  Health care Assistants (17) JOB SPECIFICATION Qualification A minimum of A2 in Nursing with basic patient care Experience A minimum of 2 years experience […]Irambuye

Amerika izakomeza gufasha Uganda n’ubwo yasinye itegeko rihana abatinganyi

Ambasade ya   Leta  zunze ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye itangazo  ryamagana ibivugwa n’ibitangazamakuru bitandukanye ko Amerika itazongera kugenera inkunga Uganda  kubera itegeko rirwanya abatinganyi iherutse gusinya. Mu kwezi gushize, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yashyize umukono ku itegeko rirwanya ubutinganyi maze bimwe mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bitangira kuvuga ko bishobora guharikira Uganda inkunga. […]Irambuye

Mani Martin arataramira abakunzi be muri Greenwich Hotel

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanda usoza ukwezi wa Werurwe 2014, umuhanzi umaze kuba icyamamare hano mu Rwanda no mu Karere Mani Martin arataramira abakunzi be kahave. Mani Martin araba ari kumwe n’itsinda rimucurangira ‘Kesho Band’ n’umunyarwenya ukunda kwiyita “Ambassadeur w’abaconsommateur” nawe umaze kubaka izina muri Kigali. Iki gitaramo kiratangira kuva saa tatu kugera […]Irambuye

Amayobera kuri Sylvère wishe Uwase Simbi Shalom

28 Werurwe – Mpore Sylvère niyo mazina y’umukozi wo mu rugo kugeza ubu byemezwa ko ariwe wishe umwana w’umukobwa Uwase Simbi Shalom. Imibereho y’uyu musore iteye inkeke.   Imiryango y’abaturanyi ndetse n’abandi bakomeje kwifatanya n’uyu muryango utuye mu Kivugiza i Nyamirambo mu kababaro ko kubura umwana wabo yishwe n’umukozi. Mpore Sylvère ntabwo azwi cyane mu […]Irambuye

en_USEnglish