Month: <span>March 2014</span>

“Ubutabera bw'u Rwanda bwateye intambwe igaragara”- HRW

 Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu HRW mu mpera z’icyumweru gishize washyize ahagaragara itangazo rivuga ko hari intambwe yatewe mu gukurikirana no guhana abagize uruhare muri  Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Muri iri tangazo HRW watangaje ko inkinko zo mu gihugu n’inkiko mpuzamahanga zakoze uko zishoboye kugira ngo zitange ubutabera ku bantu bari bakurikiranyweho […]Irambuye

SEZs inkingi y’imbatura bukungu mu Rwanda (Igice cya II)

Mu nkuru zizakurikirana, UM– USEKE turagenda tubagezaho amavu n’amavuko ya gahunda y’ahantu hihariye h’ubukungu mu Rwanda (Special Economic Zones), icyo hagamije, icyo hazakora, ikigamijwe kugerwaho ndetse n’ibindi birebana y’Urwego rushinzwe ahantu hihariye h’ubukungu mu Rwanda. 2. Iki gitekerezo cyavuye he? Igitekerezo cyo gushyiraho y’ahantu hihariye h’ubukungu mu Rwanda cyari kigamije cyane cyane guhuriza hamwe ibikorwa […]Irambuye

Umukozi wo mu rugo rwanjye, mbona nawe ashobora kunyicira abana

Muraho, Ndi umumaman w’abana batatu ntuye mu mujyi wa Kigali ku Kacyiru. Nakozweho cyane n’inkuru y’uriya mukozi wo mu rugo wishe umwana wavutse akora muri urwo rugo, byanteye ubwoba mudashobora kwiyumvisha kuko nanjye ntekereza ko bishobora kuba ku muryango wanjye. Umuryango wanjye ufite umukozi tumaranye imyaka 10, ni umusore w’ikigero nawe cy’imyaka 30, ni umukozi […]Irambuye

London: Mutabaruka ari imbere y’urukiko ku iyoherezwa mu Rwanda kubera

Celestin Mutabaruka umushumba mu itorero ryitwa Fountain mu Bwongereza ari imbere y’ubutabera bwa Westminster aburana ku iyoherezwa mu Rwanda. Uyu mugabo ubwiriza mu idini riri ahitwa Ashford mu gace ka Kentu ari kugerageza kuburana ngo atoherezwa mu Rwanda aho yaryozwa ibyaha bya Genocide yakorewe Abatutsi nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Kentonline. Celestin Mutabaruka ni umwe mu bagabo […]Irambuye

“King James nawe namushyize mu gatebo ka Austin,Mico na Kamichi”-

Senderi International Hit umuhanzi ukunze kurangwa n’udushya twinshi agenda akora akaba n’umwe mu bahanzi bakora injyana ya Afrobeat, aratangaza ko uretse we nta wundi mwami wa Afrobeat mu Rwanda. Ndetse ngo amaze guca kuri King James. Uyu muhanzi atangaje aya magambo nyuma y’aho yegukanye igihembo cy’umuhanzi wakoze kurusha abandi mu njyana ya Afrobeat  ibihembo bitangwa […]Irambuye

Different positions

About this job Integrated Polytechnic Regional Centre IPRC-Kigali is a training institution that provides technical education and vocational training (TVET) at all levels in order to empower students and to enhance their opportunities for career advancement and success in a global economy. IPRC – Kigali is looking for competent and qualified candidates for the following […]Irambuye

Rulindo: Resitora zigaragaramo umwanda zahagurukiwe

Umubyobozi w’Akarere ka Rulindo Kangwagye Justus  mu mpere z’icyumweru dushohe  yafunze resitora yakoreraga mu kagari ka Bugaragara Umurenge wa Shyorongi biturutse ku isuku nke yaharangwaga. Umuyobozi w’Akarere avuga ko  hafashwe umwanzuro wo gufunga iyi resitora bitewe n’umwanda ariko nta bihe agaciro.Kangwagye asobanura ko bafashe umwanzuro wo kuba bafunze ubu buriro mu gihe kingana n’icyumweru, yakwisubiraho […]Irambuye

Abakristu 32 ba Restoration Church barangije amasomo y’ubushabitsi muri FBS

Nyuma y’amasomo yari amaze amezi atatu, abakristu 32 bo mu itorero rya Restoration Church barangije amasomo ku bushabitsi (business), kwiga no gutunganya imishinga n’ibindi byose byabafasha gukora ubushabitsi neza mu kubaha Imana mu kigo cya ‘Focus Business School (FBS)-Kimisagara’. Aba banyeshuri batoranijwe hakurikijwe ubushake bw’abiyandikishije gusa bazi gusoma no kwandika, batangiye ari 45 ariko barangije […]Irambuye

Different positions

About this job Differents positions Do you have what it takes to change the face of Rwandan broadcasting for the better? Rwanda Broadcasting Agency (RBA) has been promulgated by the Law N°42/2013 of 16/06/2013. It establishes a new national broadcasting origination, focused on delivering a level of excellence and service in the broadcasting industry. The […]Irambuye

Consultancy : Final Programme Evaluation

About this job  TERMS OF REFERENCE FINAL PROGRAMME EVALUATION Type of Contract: Consultancy Based in: Rwanda Consulting days: 40 working days Time period: April-June 2014 Application Deadline: 11 April 2014 1. Background The multi-donor Fund for Gender Equality (FGE) of the United Nations Entity for Gender Equality and the Empowerment of Women (UN Women) was launched in 2009 to fast-track […]Irambuye

en_USEnglish