Digiqole ad

PGGSS IV i Nyamagabe uko byagenze mu mafoto

Ku nshuro ya 4 Primus Guma Guma Super Star kuri uyu wa gatandatu igitaramo cya kabiri cy’iri rushanwa kcyari i Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo, abahanzi bataramiye bikomeye abantu benshi cyane bitabiriye iki gitaramo.

Aba ni abakunzi b'abahanzi bamaze kugera aho igitaramo kigiye kubera
Abakunzi b’abahanzi bari guhatana bahageze kare ari benshi
Ikirere cya Nyamagabe kirasa n'icyapa cya Primus
Ikirere cya Nyamagabe cyari gicyeye nn’icyapa cya Primus

Anita Pendo na Mc Tino bamaze kugera kuri stage bahise batangaza uko abahanzi bose uko ari 10 bamaze gutombora uburyo bagomba kuza gukurikirana kujya kuri stage.

Anita Pendo na Mc Tino nibo bari kuri stage babaza abakunzi b'abahanzi icyo babakundira
Anita Pendo na Mc Tino nibo bari kuri stage babaza abakunzi b’abahanzi icyo babakundiraBruce Melodie niwe wabanje kuri stage abimburira abandi bahanzi  nyuma ya tombola
Kwihanganira ibyo aba MCs barimo kuvuga byamunaniye
Kwihanganira ibyo aba MCs barimo kuvuga byamunaniye araseka cyane
Bruce Melodie umwe mu bahanzi bakunzwe muri R&B
Bruce Melodie umwe mu bahanzi bakunzwe muri R&B
Melodie mu kirere arimo kubyina indirimbo ye 'Ndumiwe'
Melodie mu kirere arimo kubyina indirimbo ye ‘Ndumiwe’
Buri muntu yicara aho ashoboye kureba nezae
Buri muntu yicara aho ashoboye kureba neza

Senderi International Hit niwe muhanzi wakurikiyeho, uyu muhanzi ni n’umwe wegukanye igikombe cy’umuhanzi uhiga abandi mu njyana ya Afrobeat muri Salax Award ku mugoroba wo kuwa gatanu. Ntabwo ajya kuri scene gutyo gusa, ahorana udushya.

Senderi International Hit mu ndirimbo 'Gusenga'
Senderi International Hit mu ndirimbo ‘Gusenga’ yaje yambaye bene iyo myambaro y’abenjennyeri b’abubatsi
Senderi imbere y'abakunzi ba muzika baje muri iki gitaramo
Senderi imbere y’abakunzi ba muzika baje muri iki gitaramo

Umuhanzi wakurikiyeho ni Christopher, umuhanzi nyarwanda uri mu irushanwa rya Kola Award rimwe mu marushanwa ahuza abahanzi bakomeye muri Afurika.

Christopher mu ndirimbo ye 'Habona'
Christopher mu ndirimbo ye ‘Habona’ hamwe n’abafana be
Muneza Christopher
Muneza Christopher mu ijwi rigoroye neza
Izi nyogosho n'i Nyamagabe zirahari
Umwe mu bafana (n’inyogosho ya Le Coq) aritegereza Christopher

Umuhanzi uje ku mwanya wa kane ni Jules Sentore ukora injyana Gakondo,mu gitaramo kirimo kubera i Nyamagabe abakunzi ba muzika bishimiye indirimbo ye ‘Udatsikira’.

Jules Sentore kuri Stage
Jules Sentore kuri Stage
Jules mu ndirimbo 'Ngera'
Jules mu ndirimbo ‘Ngera’

Teta Diana niwe muhanzikazi ukurikiye kuri stage, ni ku nshuro ya mbere yitabira iri rushanwa gusa benshi bemeza ko afite ejo hazaza muri muzika ye.

Teta Diana mu ndirimbo 'Fata Fata"
Teta Diana mu ndirimbo ‘Fata Fata”
Teta Diana kuri stage

Jay Polly niwe muhanzi ukurikiye kuri stage mu mashyi menshi y’abakunzi be,uyu muhanzi ni ku nshuro ya gatatu yitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star. I Nyamagabe abafana bamwigaragarije cyane.

Jay Polly mu ndirimbo ye 'Ikosora'
Jay Polly mu ndirimbo ye ‘Ikosora’
Jay Polly mundirimbo ye 'Ku musenyi'
Jay Polly mundirimbo ye ‘Ku musenyi’

Abakunzi ba Jay Polly amaboko bayashyize mu kirere

Abakunzi ba Jay Polly amaboko bayashyize mu kirere

Young Grace mu ndirimbo ye 'Bingo'
Young Grace mu ndirimbo ye ‘Bingo’
Young Grace kuri stage
Young Grace kuri stage

Umunezero ni wose ku bakunzi b'abahanzi baje muri iki gitaramo
Umunezero ni wose ku bakunzi b’abahanzi baje muri iki gitaramo

Platini wo muri Dream Boys
Platini wo muri Dream Boys
TMC wo muri Dream Boys
TMC wo muri Dream Boys, aba basore nabo abafana babishimiye

Dream Boys kuri stage mu ndirimbo yabo 'Urare aharyana'
Dream Boys kuri stage mu ndirimbo yabo ‘Urare aharyana’

 

Abayobozi ba Bralirwa barimo gukurikirana uko igitaramo kifashe
Abayobozi ba Bralirwa bari gukurikirana uko igitaramo kifashe

 

Amag The Black kuri stage mu ndirimbo 'Ingoma yawe'
Amag The Black kuri stage mu ndirimbo ‘Ingoma yawe’

 

Amag The Black mu ndirimbo ye 'Care'
Amag The Black mu ndirimbo ye ‘Care’

 

Pierro na Martine bo muri Bralirwa
Pierro na Martine bo muri Bralirwa

 

Itsinda rya Active kuri stage
Itsinda rya Active kuri stage

 

Olivis wa Active
Olivis wa Active

 

Derek wa Active
Derek wa Active

 

Tizzo wo muri Active
Tizzo wo muri Active

 

Active ubu nibwo buryo basojemo igitaramo
Active ubu nibwo buryo basojemo igitaramo

 

Umwe mu basore bashinzwe umutekano w'abahanzi (B-Kigali)mu isura y'akazi
Umwe mu basore bashinzwe umutekano w’abahanzi (B-Kigali)mu isura y’akazi

0 Comment

  • ni byiza gushyiraho amafoto menshi natari ngombwa.ariko byazaba byiza mugiye muteraho aka video kuko byagenze maze nabatagiyeyo bazitabire kugera ahazakurikiraho.

Comments are closed.

en_USEnglish