Month: <span>March 2011</span>

Arabie Saoudite babujijwe kwigaragambya

Kuri uyu wa gatandatu Arabiya sawudite yabujije ukwigaragambya uko ariko kose nyuma y’ibyumweru bitari bike hagaragaye imyigaragambyo mu bihugu by’ Abarabu . Nkuko byatangajwe na Ministiri w’umutekano w’imbere mu gihugu ubwo yari kuri television AL EKHBARIA, yavuze ko abashinzwe umutekano bazakoresha imbaraga zose kugira ngo barwanye bivuye inyuma abashaka guhungabanya umudendezo w’abaturage. Hagati aho , […]Irambuye

Gaddafi ngo akorana n’Abatouareges

Amahanga arakeka Kadhafi gukorana n’ intagondwa z’Abatouaregs Ubutegetsi bwa Libya ngo bwaba bwaraguze abasirikare mu ntagondwa z’Abatouaregs kugira ngo babafashe guhangana n’abaturage abigaragambya muri Libya. Ikinyamakuru the New York Times, kuri uyuwa gatanu, cyatangaje ko Abatouaregs babarirwa mu magana bakomoka mu majyaruguru y’igihugu cya Mali ari bo bavanzwe n’abasirikare bagikomeye kuri Kadhafi nk’uko umwe mu […]Irambuye

Al-Shabab yishe Ingabo z’Uburundi

Umutwe wa Al Shebab uremeza ko ufite imibiri y’abasirikare b’abarundi Agatsiko ka Islam ko mu gihugu cya Somaliya, Shebab karavuga ko gafite imibiri 18 y’abasirikare b’Abarundi  bagiye gucunga umutekano  nk’ingabo za ONU muri iki gihugu. Uyu mutwe uvuga ko wishe aba basirikare mu mirwano i Mogadiscio. Umuvugizi wa   Shebabs, Sheikh Ali Raage yatangarije  BBC kuri […]Irambuye

Interpol yiyemeje guhangana na Gaddafi

Umuryango w’igipolisi mpuzamahanga (Interpol) watangaje ko abapolisi bose b’ibihugu  uko ari 188 bagize uyu muryango w’igipolisi mpuzamahanga ko bagomba gufatanya mu guhagarika ubutegetsi bwa Colonel Mouammar Kadhafi, prezida wa Libya ndetse n’ibyegera bye bigera kuri 15. Ibi uyu muryango w’igipolisi mpuzamahanga ubitangaje nyuma yaho imirwano yongeye gufata indi ntera mu duce twa Brega, Ajdabiya, Ras […]Irambuye

APR yasezerewe muri CAF Orange Champions League

Ikipe ya APR y’umupira wamaguru yasezerewe mu marushanwa Nyafurika  y’amakipe yabaye ayambere iwayo nyuma yogutsindwa n’ikipe ya Club Africain yo muri Tuniziya ibitego  4 ku busa kuri uyu wa gatanu. Ibitego by’ikipe ya Club Africain byatsinzwe na Iffa(19’), Ben Yahya (48’), Ezechiel (72’) na Mouihbi ( 74’). Uyu mukino  wo  kwishyura ku ikipe ya APR  nyuma […]Irambuye

Sarkozy arahabwa amahirwe mu matora.

Minisitiri w’intebe w’ubufaransa François Fillon aremezako Perezida uri k’ubutegetsi NICOLAS SARKOZY ariwe aha amahirwe yo gutsinda amatora yo muri 2012 bitagoranye maze akongera kuyobora ubufaransa. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru le Figaro yamezako Sarkozy akunzwe n’abantu benshi mu Bufaransa bityo ngo undi watanga kandidatire ye ngo byaba arinko gushoza amacakubiri mu bafaransa. Mu gihe muri iki […]Irambuye

Yemen 4 mu bigaragambya bishwe

Kuri uyu  gatanu  Abasirikare bo mu gihugu cya Yemen barashe bamwe mu bigaragambya  ku butegetsi bwa  Ali Abdullah Salehi, iyi  myigagambyo ikaba yihitanye bane ndetse barindwi nabo barakomereka nkuko bitangazwa na bamwe mu batangabuhamya. Hari mu majyaruguru ya Yemen Nkuko  tubikesha ikigo ntaramakuru Associted  Press, Uku kurasa ku bigaragambya kwabereye ahitwa Harf Sofyan,mu ntara ya  d’Amran, […]Irambuye

Libya: imyigaragamyo irakomeje.

Abanyalibiya bari mu myigaragambyo noneho baratangazako noneho bagiye guhangana n’abaturage bagishyigikiye Mouammar Kaddafi, ibi bakaba babivuga mu gihe bari kwitegura imirwano ikomeye n’ingabo za  Kaddafi,   nyuma y’uko bigaruriye uburasizuba bw’iki gihugu. Abigaragambya, nk’uko umunyamakuru wa AFP abivuga, bakoreye imirwano mugace ka Uqayla, mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Bengazi, iri mu maboko y’abigaragambya, berekeza i Brega ahabarizwa […]Irambuye

Perezida Andry Rajoerina yarusimbutse

Perezida Andry Rajoelina  wa Madagascal  yasimbutse Igisasu cyo mu bwoko bwa bombe nicyo yari yatezwe muri iri joro  ryo kuwa kane rishyira ku wa Gatanu, iki gisasu cyikaba cyari cyatezwe imodoka ye y’ivatiri nkuko bitagazwa na bamwe mu bayobozi b’iki gihugu. Ibiro ntaramakuru Reuters dukesha iyi nkuru bivugako ko ibi bitangazwa na  Lt. Col. Fidimalala […]Irambuye

Bamwe mu bagore barasaba ibisobanuro

Bamwe mu bagore ntibasobanukiwe akamaro k’inama y’igihugu y’abagore. Gisagara – Abategarugori  bo mu murenge wa Ndora,  mu ka rere ka Gisagara ntibarasobanukirwa icyo bagenzi babo batowe kubahagararira mu nama y’igihugu y’abagore babamariye, kuko ngo usibye no kuba batabagana ngo baheruka batora, batazi n’aho abo batoye bakorera, atari uko batabakeneye ahubwo batasobanuriwe icyo babamariye. Mu gasantere […]Irambuye

en_USEnglish