Month: <span>March 2011</span>

Bohora umutima wawe

“Rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa kuko ariho iby’ubugingo bikomoka: Zaburi 4.23. Umutima wanjye urarwaye, n’uwawe urarwaye. Ntago mvuga umutima nk’inyama yo mu mubiri wacu ahubwo ndavuha roho, aribwo buzima bwacu bw’imbere. Roho ni ingenzi kurusha ibindi byose  kuko ariyo shingiro y’imitekerereze yacu n’imigirire yacu yose akaba ari nayo igenga uko tubayeho. Ubuzima nyakuri […]Irambuye

Umutoza w’ikipe ya Togo yeguye

Uwatozaga ikipe y’igihugu ya Togo Thierry Froger yeguye ku mirimo ye ku mpamvu ze bwite nkuko bitangazwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Togo. Umufaransa Thierry Froger nyuma gato yo kwegura muri Togo, ikipe ya Nimes Olympique mu cyiciro cya kabiri mu bufaransa ikaba yahise imutangaza nk’umutoza mushya wayo, ibi bikaba byatunguye cyane ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru […]Irambuye

Umutoza wa Rayon Sport yahageze

Umutoza mushya wa Rayon Sport Andy Mfutira yaraye ageze i Kigali kuri uyu mugoroba, mugabo akaba  afitanye inama na komite ya Rayon Sport yo kwemeza abakinnyi bashya ba Rayon Sport bamaze iminsi mwigeragezwa, akanahita asinya amasezerano na Rayon Sport. Andy Mfutila akaba ariwe uzahitamo abakinnyi Rayon sport izasigarana nkuko umunyabanga w’iyo equipe Gakwaya Olivier yabidutangarije […]Irambuye

Misiri Ministri w’intebe yeguye

Ahmed Shafiq washyizweho na Hosni Mubarak umunsi umwe mbere y’uko arekura ubutegetsi,  tariki 11 z’ukwa mbere 2011 amaze kwegura ku mirimo ye. Akaba ahise asimbuzwa Essam Sharaf wasabwe guhita ashyiraho guvernoma nshya. Ahmed Shafiq akaba yashinjwaga n’abanya Misiri kuba yaragifite amatwara nk’aya Hosni Mubarak wamugize minisitiri w’intebe amasaha make mbere y’uko arekura ubutegetsi. Naho uyu […]Irambuye

Libya – isibaniro mu mujyi wa Brega

Umujyi wa Brega n’umugi bizwi ko ufite amariba ya Petrole menshi cyane muri Libya, kuri uyu wa gatatu haraye habereye intambara ikomeye cyane hagati yabashyigikiye Col. Muammar  Ghaddafi ndetse n’abamurwanya bagizwe ahanini n’abahoze mu gisirikare cya Libya bakakiyomoraho. Abantu bagera kuri 14 nibo baraye bahitanywe n’iyo mirwano ikomeye, mu gitondo  uyu mujyi wari uri mu […]Irambuye

Burya guhekenya amenyo ni indwara

Guhekenya amenyi waba ubishaka cyangwa se usinziriye ni indwara kuko ishobora gutera ubumuga bubuza uyirwaye kurya nk’uko bisanzwe, kandi ishobora kuvurwa igakira iyo ivuwe ku gihe. Umuntu ashobora guhekenya amenyo ku manywa cyangwa se asinziriye. Iyi ndwara iterwa ahanini no kuba umuntu afite ibibazo cyangwa se afite umuhangayiko,stress. Usanga rero umuntu agenda yivugisha mu muhanda […]Irambuye

Inkomere za Grenade yaraye itewe zatashye zose

Amakuru aturuka ku bitaro bya CHUK I Kigali, aravuga ko abantu bagera ku icumi baraye bakomerekejwe na Grenade yatewe ku muhanda w’ahitwa kwa mutwe mu murenge wa Kimisagara bose bamaze gutaha kuko ibikomere byabo byoroheje. Grenade yatwe mu masaa mbili n’igice z’ijoro ikaba nta muntu n’umwe yahitanye, bitewe n’uko uwayiteye yaba ngo yikangaga abashinzwe umutekano […]Irambuye

U Rwanda ruzakomeza gufashwa na DFID

Ikigega cy’abongereza gitera inkunga ibihugu biri mu nzira y’amajyambere DFID cyafashe umwanzuro wo kugabanya umubare w’ibihugu wateraga inkunga hashingiwe ku kamaro n’uburyo inkunga zatanzwe zagiye zikoreshwa. Ubwongereza bukaba bugamije kongera inkunga ku bihugu bike ngo byihute mw’iterambere. U Rwanda ni kimwe mu bihugu byasigaye ku rutonde rw’ibihugu bike bizakomezwa guhabwa inkunga ya DFID, Andrew Mitchel […]Irambuye

Chelsea yihereranye ManU

Kuri stade yayo ya Stamford bridge ikipe ya Chelsea yabashije kwegukana amanota atatu itsinze mukeba wayo wayirushaga amanota 15 ibitego 2-1. Imbere y’abafana basaga 43.000, ikipe ya Chelsea yabashije kwitwara neza ihita inazamuka ku rutonde rwa championat dore ko ubu igeze ku mwanya wa kane n’amanota 48. Aho ikipe ya Manchester ikiri ku mwanya wa […]Irambuye

Kimisagara hatewe grenade

Mu masaha ya saa mbiri z’ijoro mu murenge wa Kimisagara ku muhanda ku ku cyapa cy’ahitwa kwa Mutwe, kuri uyu wa mbere Werurwe nibwo abagizi ba nabi bateye grenade ku ipine y’inyuma ku modoka itwara abagenzi. Iyi modoka yavaga ahitwa kuri tapis rouge yerekeza Nyabugogo, ubwo umunyamakuru w’Umuseke.com yahitaga ahagera yahasanze umukuru wa Police muri […]Irambuye

en_USEnglish