Month: <span>March 2011</span>

CHUB: Abarwayi batishoboye baratabaza

Abarwayi bo mu bitaro bikuru bya kaminuza nkuru y’u Rwanda bahabwaga amafunguro n’umuryango Social Gospel Ministry umwe mu miryango ikorera muri kaminuza nkuru y’u Rwanda ushinzwe kwita ku barwayi baratangaza ko bakomeje guhura n’ingorane mu kubona amafunguro. Ibi bikaba nk’uko bitangazwa na bamwe mu banyeshuri bakora uwo murimo babitangaje ku munsi w’ejo bakaba batangaza ko […]Irambuye

Ikipe ya Mukura abakinnyi 10 bayisezeye

Mu ikipe ya Mukura abakinnyi cumi n’umwe mu muryango basohoka, bazira ubushobozi buke! Mukura ikaba yarazanye abo kubasimbura babishoboye. Ikipe ya Mukura Victory Sport irakora ibishoboka byose ngo igume mu cyiciro cyambere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda Primus National Ligue. Ibi Mukura ikaba ibikora yirukana bamwe mu bakinnyi yari ifite ndetse inazana abandi bashya. […]Irambuye

Snoop, ubwoba ku gitsina cya Lady Gaaga

Snoop Dogg ngo atewe ubwoba bwinshi no kuba yakorana imibonano mpuzabitsina na Lady Gaaga mu gihe atekereza ko byaba bikanganye kuryamana nawe. Uyu mugabo umenyerewe mu njyana ya Rap avuga ko ubusanzwe yubaha Lady Gaaga kandi ko ngo anakunda indirimbo ze, gusa akaba atewe ubwoba no kuba yakorana imibonano mpuzabitsina na Gaaga kuko ngo byaba […]Irambuye

Lillian nawe asezeye muri Blue 3

Mu gitaramo yakoraga bwa mbere nk’umuhanzi ku giti cye kuri uyu wa Kane muri Fuego Bar and Restaurant, kamwe mu tubari two muri Kampala ahitwa Muyega mu gihugu cy’ubugande, nibwo Lillian umenyerewe mu itsinda ‘Blue 3’ yatangarije ku mugaragaro ko atakibarizwa muri iri tsinda. Aganira na musicuganda.com, Lillian yagize ati: “Ntacyo nishisha kuba ngiye kuririmba […]Irambuye

Police yataye muri yombi abatekamutwe.

Kuri Station ya Police iremera hafungiye abantu batatu bakekwaho icyaha cy’ubwambuzi bushukana (mu mvugo imenyerewe akaba ari ubwesikoro). Aba besikoro bakaba bamaze iminsi biba abantu babashuka ko babashakira akazi. Uko Isi iterimbere ni nako abatekamutwe bakomeje kwiyungura ubumenyi mukuriganya abantu. Munyemana Eric ni umwe mubateka mutwe watawe muri yombi, avuga ko ubu bwambuzi mu cyumweru […]Irambuye

RURA na Rwandatel mu bwumvikane buke.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro RURA, kirasaba societe y’itumanaho Rwandatel guhindura imikorere yayo bitarenze tariki ya 31 uku kwezi. Mugihe Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro RURA, gisaba societe y’itumanaho ya  Rwandatel gukemura ibibazo byose ifite mbere y’itariki ya 31z’uku kwezi.iyi societe yo iravugako igerageza guhindura imikorere yabo. Mu cyumweru […]Irambuye

Abagore 6 bashyigikiye Ouattara bishwe

Cote Ivoire: Nkuko bitangazwa n’abatangabuhamya 2 harimo na zimwe mu nzego zishinzwe umutekano mu mu mujyi wa Abidjan, abashinzwe umutekano muri Cote d’Ivoire bivuganye abagore bagera kuri 6 kuri uyu wa kane mu myigaragambyo yogushyigikira  Alassane Ouattara. Idrissa Diarrassouba umuturage utuye mu mudugudu wa Abobo mu murwa mukuru wa Abidjan  waruhibereye aragira ati : « Abantu bambaye imyenda yagisirikare baje […]Irambuye

Michael Jackson yari yarabaye inkone

Nkuko bitangazwa na dogiteri Alain Branchereau umuganga mu bitaro byo mu mujyi wa Marseille (mu bufaransa)  ibanga ry’ijwi rya nyakwigendera Michael Jackson, wabaye icyamamare muri muzika cyane cyane munjyana ya POP, ngo ryaba ari uko yaba yari yarabaye inkone ariko atarabigizemo uruhare ahubwo bitewe n’ubwoko bwinshi bw’imiti yafataga ndetse bigatuma ahura n’ibibazo bikomeye mubugimbi bwe […]Irambuye

Amatora aziguye wowe uyabona ute?

Amatora akorwa mu buryo bwo guhagararira rubanda rugatorerwa abayobozi, rutorewe n’abandi akenshi bitwa ko bajijutse cyangwa bafite ijambo ntibuvugwaho rumwe na bose. Tariki ya 21 z’ukwezi kwa kabiri 2011, nibwo habaye amatora y’ abajyanama ku rwego rw’umurenge mu gihugu hose. Ayo akaba ari ayabanzirizaga aya nyobozi z’uturere yo yabaye Kuwa 25 Gashyantare 2011. Ubwo hakaba hatorwaga […]Irambuye

Nyamagabe ngo amaterasi ntacyo abamariye.

Abaturage bakorewe amaterasi mu karere ka Nyamagabe umurenge wa        Gasaka, akagari ka Ngeli baratangaza ko nyuma yaho  hashize igihe kigera ku umwaka bakorewe amaterasi baravugako nta musaruro bigeze bayakuramo  ugereranyije  n’uko basaruraga mbere y’uko imirima yabo ikorwamo amaterasi. Iyo ukigera k’umusoza wa Karambi uherereye mu Kagali ka Ngeli, ahagana hejuru y’umusozi hahanamye utangira kubona […]Irambuye

en_USEnglish