Month: <span>March 2011</span>

Minisitiri aravuguruza itangazamakuru

Ministeri y’ubuzima iravuguruza ibyasohotse mu binyamakuru kuri VASECTOMY Mu gihe mu minsi yashize hasohotse inkuru zihinyuza bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro ku bagabo, bukorwa hafungwa burundu imwe miyoborantanga y’abagabo, Ministeri y’ubuzima ikomeje gushishikariza abagabo kugira uruhare mu kuboneza urubyaro, ndeste inasobanura ko nta mubare w’abagabo bazitabira iyi gahunda iteganya kuko ari igikorwa umuntu akora […]Irambuye

Aserukiye aba Miss baza Kaminuza bitazwi

Miss KIST 2009 aserukiye aba Miss ba Kaminuza bitazwi. Kuwa Kane tariki ya 17 Gashyantare, Isaa munani z’ ijoro nibwo Miss KIST 2009, NSHUTI Clarisse yafashe indege yerekeza i Lagos muri Nigeria aho yagombaga kwitabira amarushanwa yiswe Miss University Africa y’ uyu mwaka, amarushanwa mpuzamakaminuza yo muri Afrika. Biteganyijwe ko muri ayo marushanwa azamarayo ibyumweru […]Irambuye

Chelsea yagaruye icyizere cy’igikombe

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Blackpool aho bita Bloomfield Road ku kibuga cya Blackpool ibitego 3 kuri 1, Mu bitego harimo 2 bya Lampard na 1 cya TERRY, abasore ba Anceloti bongeyekwigarurira icyizere cyo kwisubiza igikombe cya shampiona yo mu gihugu cy’ubwongereza. Iki cyizere cya Chelsea cyo gutwara igikombe ntigikesha intsinzi yo kuri uyu mugoroba […]Irambuye

Arsene Wenger atunguye abantu

Kuri uyu munsi wa mbere nibwo umutoza Wenger yatunguye abantu avuga yuko abakinyi, Robin van Persie ndetse byari biteganyijwe ko imvune ye imara ibyumweru bitatu ubwo bakinaga umukino wanyuma na Birmingham na Captain wa Arsenal Cesc Fabrigas baza gukina umukino ubera i Camp Nou, akaba ari umukino wo kwishyura hagati ya FC BARCELONA na ARSENAL […]Irambuye

Daniyeri 5 :14-16: Inyandiko

Daniyeri 5 :14-16 Numvise bakuvuga ko umwuka w’ Imana ukurimo kandi umucyo no guhishurirwa n’ ubwenge bwiza bikubonekamo…ko ubasha guhangura ibyananiranye. 1.Umwami Berushaza yabonye intoki zandika ku rusika, iyo nyandiko imunanira kuyisoma n’ abantu bose irabananira. Iyo nyandiko nta undi washoboye kuyisoma uretse Daniyeri. Reka hano Daniyeri tumwite Yesu kuko niwe ushobora ibyananiranye byose. Icyateye […]Irambuye

Angola–20 bafungiwe imyigaragambyo

LUANDA, Angola – amakuru dukesha Washingtonpost avugako abantu bagera kuri 20 bafunzwe kubera kwigaragambya bamagana ubuyobozi bwa President Jose Eduardo dos Santos umaze imyaka 32 ku buyobozi. Aya makuru yatangajwe na Radio Ecclesia y’i Launda, avugako abantu bake bari babashije guhurira mu mujyi rwagati i Luanda mu ijoro ryo ku cyumweru ngo bigaragambye hakeye, Polisi […]Irambuye

Etincelles-Ingorane z’abakinnyi.

Etincelles – Ingorane z’abakinnyi mu kwitegura phase retour. Bimaze iminsi bivugwa mu ikipe ya Etincelles FC ikunzwe cyane mu Karere ka Rubavu ko abakinnyi bayo b’abanyamahanga batakigaragara mu mujyi wa Gisenyi nyuma y’aho iyi kipe isezerewe mu marushanwa ya CAF itsinzwe n’ikipe yo muri congo Brazaville yitwa Leopard FC, mu kumenya impamvu yabyo twegereye Capitaine […]Irambuye

Police y’u Rwanda kuri Facebook

Police y’u Rwanda mu minsi mike iraba yafunguye urubuga kuri Facebook na Twitter kugirango irusheho kwegera abaturage bose. Mu kiganiro cyahawe abanyamakuru, umuyobozi mukuru Police y’u Rwanda Emmanuel Gasana yavuzeko yitaye ku mutekano w’abanyarwanda kandi ko ishishikajwe no kubasanga aho bari hose. Kubw’iyo mpamvu bakaba bagiye gushyikirana n’abanyarwanda batari bake baba kuri Facebook ndetse na […]Irambuye

Insigamigani: Yatahiye cyamaramba

Mu rwego rwo gusigasira umuco nyarwanda, urubuga Umuseke.com rwiyemeje kujya rubagezaho imigenzo n’imihango byose bijyanye n’umuco nyarwanda mu rwego rwo gukomeza kuzirikana umuco wacu dore ko ubu urubyiruko rw’ubu rutazi bimwe mu muco nyarwanda akaba ari nayo mpamvu benshi barenga kuri kirazira bagata umuco ugasanga babuze igaruriro. Tuzajya tubagezaho imigani, ibisakuzo, ibitekerezo, amateka ndetse n’indi […]Irambuye

Isuku nke mu isoko rya Nyabisindu

Muhanga – Kutagira ubwiherero bibangamiye abakorera mu isoko rya Nyabisindu Abakorera n’abarema isoko rya Nyabisindu ho mu karere ka Muhanga baratangaza ko bakomeje kubangamirwa no kuba iri soko ritagira ubwiherero n’amazi ndetse no kuba bimwe mu bice by’iri soko bitubakiye. Ibi ngo bikaba bibatera igihombo mu gihe ubuyobozi butasibye kubizeza gukemura ibi bibazo ariko ngo […]Irambuye

en_USEnglish