Month: <span>March 2011</span>

Kagame yagombaga kuyobora DRC.

Amakuru yashyizwe ahagaragara na Wikileaks n’uko uwahoze ayobora Nigeria Olusegun yifuje ko President Kagame yayobora DRCongo bitewe n’ubushobozi bwo kuyobora afite. Obasanjo wahoze ari mu bahuza batumwe n’akanama ka Loni(UN) gashinzwe iby’umutekano mu karere kibiyaga bigari, ngo mu kiganiro yaragiranye n’uwahoze ari umunyamabanga wa leta z’unze ubumwe z’Amerika(USA) muri Loni(UN) Susan Rice tariki 10/11/ 2009, […]Irambuye

Abahatanira Salax Awards 2010

Mu rwego rwo gutegura igikorwa cyo gushimira abahanzi n’abafite izindi mpano zitandukanye bahize abandi mu mwaka w’2010, IKIREZI Group Ltd itegura Salax Awards n’ababafasha bashyize ahagaragara urutonde rw’abahatanira Salax Awards 2010. Tubibutse ko ibirori bya Salax awards biteganyijwe kuzaba tariki ya 20/5/ 2011 kuri Petit Stade i Remera. Best Male Artist Mani Martin King James […]Irambuye

Haracyaboneka abana bavuye mu ishuri

Mu gihe mu mpera z’umwaka w’amashuri 2010 habarurwaga abanyeshuri benshi biga mu mashuri y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka icyenda bavuye mu ishuri, na n’ubu mu mwaka w’amashuri 2011, haracyaboneka abana baretse kwiga. Ababyeyi b’abo bana bavugako abana babo bavuye mu ishuri bitewe ahanini n’ubukene buri mu miryango yabo. Ababyeyi bo mu Murenge wa Kibilizi, akarere ka Gisagara […]Irambuye

Nizzo agiye muri Kenya kwibagisha

Kigali – Umwe mu basore bagize itsinda Urban Boys, Nizzo, ngo agiye kwerekeza mu gihugu cya Kenya aho agiye kwibagisha imwe m umitsi yo mu mutwe ngo yaba irimo amazi menshi nkuko abaganga bamukurikiranira hafi babimutangarije.       Nizzo, umwe mubagize itsinda Urban Boys (Photo: Claude Kabengera) Nizzo aganira na Umuseke.com, yatangaje ko ngo […]Irambuye

Liverpool yihimuye kuri Man U.

Sir Alex Ferguson, yari yatewe akanyabugabo no kunganya kw’ikipe ya Arsenal na Sunderland akomeza kugira icyizere cyo kuguma ku mwanya wa mbere ariko atunguwe cyane n’igisebo yatewe na Liverpool aho ikipe ye Man U yatsinzwe ibitego 3 kuri kimwe. Ibi bitego byose ku ikipe ya Liverpool byatsinzwe na D. Kuyt, icya mbere yagitsinze k’umunota wa […]Irambuye

Huye ubuyobozi bushya butezweho byinshi

Hari zimwe mu ngorane abakorera mu mujyi wa Butare basaba ubuyobozi bushya bw’akarere ka Huye kwihutira gukemura. Abatuye n’abakorera imirimo inyuranye mu mujyi wa Butare ho mu karere ka Huye mu ntara y’amajyepfo baratangaza ko bahura n’ingorane zitandukanye zikomoka ku kuba batagira gare ku bakora imirimo yo gutwara abantu n’ibintu ndetse no kuba imihanda yo […]Irambuye

Arsenal yakozwe mu nkokora na Sunderland

Arsenal yongeye gukomwa mu nkokora na Sunderland ariko Wenger ntashira amakenga imisifurire. Ikipe ya Arsenal yanganyije n’ikipe ya Sunderland mu mukino wa shampiyona wazihuje bivuzeko ikipe ya Arsenal igiye inyuma ya Manchester United amanota atatu.Arsène Wenger nyuma y’umukino yagize ati: «Ndumva mbabaye cyane kugira icyo navuga kuri ibi bintu.Wavuga iki? Twashyize ingufu mu mukino. Ndakekako […]Irambuye

Ivory Cost : Ihagarikwa ry’ubwicanyi

Itsinda ry’abaperezida batanu b’ibihugu bya Africa bashinzwe gukurikirana ibibazo bya Côte d’Ivoire ku munsi w’ejo basabye ko ubwicanyi muri iki gihugu bwahagarara ndetse perezida Alassane D. Ouattara agahabwa ubwisanzure nka perezida wemewe w’iki gihugu. Mu itangazo bashyize ahagaragara nyuma y’umwiherero wamaze amasaha agera kuri atandatu i Nouakshot bagize bati : « Turasaba ihagarikwa ry’ibikorwa biri […]Irambuye

Chine: Guhosha umwuka mubi mu baturage

Ministre w’intebe w’igihugu cy’ubushinwa Wen Jiabao atangaza ko bimwe mu bihangayikishije guverinoma ye ari uguhangana n’ikibazo cyo guta agaciro k’ifaranga ry’iki gihugu byatumye ubuzima buhenda. Ibi akaba yabitangaje mu mwiherero w’abadepute uba buri mwaka muri iki gihugu aho yatanagaje ko ngo usibye icyo kibazo, ngo bahangayikishijwe kandi n’ikibazo cya ruswa ndetse n’ubusumbane byabaye intandaro yo […]Irambuye

Insengero 10 nini ku isi.

Ujya usenga, ukajya mu nsengero no muri kiliziya, ziba zifite ubunini butandukanye bitewe n’abantu bayisengeramo cyangwa agaciro idini runaka rihabwa mu gace runaka. Mbese waba uzi insengero 10 za mbere ku isi mu bunini? Tugiye kubagezaho insengero cyangwa kiriziya nini kuruta izindi ku isi. 10. Sanctuary of Our Lady of Liche Iyi kiliziya iherereye muri […]Irambuye

en_USEnglish