Tags : Uganda

Abagore bo mu nama y’igihugu y’Abagore muri Uganda baje kwigira

Nyuma y’amezi abiri u Rwanda rwakiriye inama yahuzaga abagore bo mu nteko zishinga amategeko ku isi, ubu Abagore bo mu nama y’igihugu y’abagore muri Uganda baje kureba uburyo Inama y’igihugu y’abagore mu Rwanda ikora kugirango umugore atere imbere. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 03 Nzeri umunyamabanga nshingwabikorwa w’Inama y’igihugu y’Abagore mu Rwanda yakiriye Abagore […]Irambuye

Tanzania, Burundi, UG, Rwanda na DRC byavanyeho inzitizi ku mipaka

Ibi bihugu bihuriye ku kitwa CCTTFA (Central Corridor Transit Facilitation Agency) mu nama yabereye i Kigali kuri uyu wa 20 Kanama ihuje ba Minisitiri b’ibijyanye n’ubwikorezi muri ibi bihugu, biyemeje ndetse banasinya ku masezerano yo kuvanaho inzitizi zose ku mipaka zatumaga imihahiranire hagati y’ibi bihugu itagenda neza. Ba Minisitiri bose babanje kwemeranya ko inzitizi nk’izi […]Irambuye

Uganda 7 – 2 Rwanda, mu mikino ibiri ya U17

Ikipe y’igihugu ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 yeretse iy’u Rwanda ko iyirusha muri iki kiciro ubwo yatsindaga aya Aamavubi mato ibitego bitatu kuri bibiri mu mukino waberaga kuri stade Umuganda i Rubavu kuri uyu wa mbere Kanama. Mu mikino yombi byabaye ibitego birindwi bya Uganda kuko ubushize i Kampala batsinze Amavubi 4 – 0. Aya […]Irambuye

Uwari Miss Uganda yirukanywe ku bitaro by’Umwami Faycal akekwaho kwiba

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko Praise Asiimwe Akankwasa wahoze ari Miss Uganda (2005-2007) yirukanwe ku kazi ke mu bitaro by’Umwami Faycal i Kigali kubera gukekwaho uburiganya no kwiba. We yabwiye Umuseke ko ibivugwa atari byo, atirurukanywe ahubwo ari muri Conjé. Ku bitaro by’Umwami Faycal aho umunyamakuru w’Umuseke yageze muri iki gitondo cyo kuwa gatatu abakozi […]Irambuye

Rwanda na Uganda byasinye gutangira inyigo y’inzira gari ya moshi

u Rwanda na Uganda byaraye bisinye amasezerano yo gutangira gukora inyigo y’umuhanda wa gari ya moshi uhuza Kigali (uciye Kagitumba) na Kampala (uciye ahitwa Bihanga). Aya masezerano yasinywe kuri uyu wa 23 Kamena akurikiye ubwumvikane bw’ibihugu byo mu muhora wa ruguru muri aka karere bya Kenya, Uganda n’u Rwanda byemeranyijwe ubufatanye mu mishinga yo kwihuta mu […]Irambuye

USA yafatiye Uganda ibihano kubera kwanga ubutinganyi

Leta zunze ubumwe z’Amerika zafatiye igihugu cya Uganda ibihano kubera ko ubuyobozi bukuru bw’iki  gihugu bwafashe  umwanzuro wo kwanga ubutinganyi no guhana uwo ari wese uzahamwa n’iki cyaha. USA ivuga ko kwanga ubutinganyi ari ukurwanya uburenganzira rusange bwa muntu. Ibi bihano birimo ko Abagande bazagira uruhare mu kurwanya ubutinganyi batazemererwa kwinjira muri USA.  Amerika irateganya […]Irambuye

Ingabo z’u Rwanda,Kenya,… zemeje imikorere izagenga y'ubufatanye bwa gisirikare

Kigali – Kuri uyu wa 30 Gicurasi, abaminisitiri b’Umutekano n’ab’Ingabo mu bihugu by’u Rwanda, Uganda, Kenya, u Burundi na Sudani y’Epfo bashyize umukono kuri raporo z’amatsinda y’impuguke mu byagisirikare agena imiterere n’imikorere y’ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’ibyo bihugu. Gusinya aya masezerano bibaye nyuma y’umwiherero w’iminsi itanu yari ihuje impuguke mu byo gucunga no kubungabunga […]Irambuye

Burundi na S.Sudan byinjiye mu bufatanye bwa gisirikare bwa Rwanda,

Igihugu cya Sudani y’Epfo n’ubwo kitaremerwa ku mugaragaro mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, n’u Burundi byamaze kwinjizwa mu bufatanye mu bya gisirikare bwo kwivuna umwanzi no kwirinda buhuriweho n’u Rwanda, Uganda na Kenya. Byemejwe mu biganiro by’abahagarariye ingabo biri kubera i Kigali kuva kuri uyu wa 26 Gicurasi. Nyuma y’uko tariki 20 Gashyantare, i Kampala […]Irambuye

Uganda: Umunyeshuri yahawe 15m ngo atege igisasu muri Kaminuza ya

Polisi ya Uganda iraburira abaturage bo muri Kampala muri rusange n’abanyeshuri ba Kaminuza ya Makerere by’umwihariko  ko bitondera  aho baca naho batuye nyuma y’uko ihawe amakuru ko umunyeshuri wa Makerere yahawe miliyoni 15 z’Amashilingi ngo atege igisasu mu nzu nini yitwa Block B ya Kaminuza. Ku muryango w’ibiro by’Ishami rya Makerere ryigisha Ikoranabuhanga hamanitse itangazo […]Irambuye

Uganda: Abakuriye amadini barashimira Museveni

Abayobozi b’amatorero na bamwe mu bagize guverinoma y’iki gihugu ku munsi w’ejo tariki 31 Werurwe bakoze amateraniro yo gushimira Perezida Yoweri Kaguta Museveni kubera ko yashyize umukono ku itegeko rihana ubutinganyi. Muri Gashyantare Perezida Museveni yashyize umukono ku mushinga w’itegeko rihanisha igihano cya burundu abatinganyi, kuko asanga ubutinganyi ari icyaha kiremereye. Aya materaniro yateguwe n’ihuriro […]Irambuye

en_USEnglish