Tags : Uganda

Ba Minisitiri muri EAC (Uganda n’u Rwanda) barasura Abarundi i

Kuri uyu wa gatanu mu gitondo, Minisitiri uhagarariye u Rwanda mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) n’uhagarariyemo Uganda barasura impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama mu rwego rwo kureba imibereho yazo. Ku makuru Umuseke wahawe n’ushinzwe gutanga amakuru muri Minisiteri ishinzwe Impunzi n’Ibiza, Ntawukuriryayo Frederic, yavuze aba bayobozi bahaguruka i Kigali mu gitondo ku […]Irambuye

Rubavu: Harigwa ku ibungabungwa ry’umutungo kamere mu kigarama cy’ibirunga

Mu mujyi wa Gisenyi mu karere ka Rubavu hateraniye inama y’iminsi itatu ihuje inzobere n’abashakashatsi bibumbiye mu ihuriro ryitwa Greater Virunga Transboundary Collaboration (GVTC) baturutse mu bihugu bya Uganda, Congo Kinshasa n’u Rwanda bagamije kurebera hamwe uburyo harushwaho kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima rwo  mu kigarama cy’Ibirunga. Umwarimu w’ubumenyi bw’Isi n’ibidukikije muri Kaminuza y’u Rwanda akaba n’umuyobozi […]Irambuye

Uganda: yakoze ‘progam’ ihindura indimi mu zindi kuri telefoni

Yitwa Ambrose Awici-Rasmussen, ni UmunyaUgande uba mu gihugu cya Norvege. Avuga ko yatekereje gukora program kuri telefoni kugira ngo yorohereze abana be bazatazi indimi gakondo z’iwabo kuzimenya igihe bazaba bazikeneye. Iyi program yitwa “Safarini translator”, ifasha abantu mu itumanaho, by’umwihariko ifata indimi z’Igiswahili, Igikuyu (Kikuyu), Ikigande (Luganda) n’indi zitwa Langi, ikazihindura mu rurimi rw’Icyongereza. Awici-Rasmussen […]Irambuye

Uganda: Umukuru w’inyeshyamba za ADF Nalu yafatiwe muri Tanzania

Izi nyeshyamba zitwa Allied Democratic Forces (ADF) zikekwaho gukora amabi mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa. Umuyobozi wazo, Jamil Mukulu, yafatiwe mu gihugu cya Tanzania, akazoherezwa muri Uganda. Muri Gashyantare 2011, polisi mpuzamahanga (Interpol) yashyize hanze imapuro zo guta muri yombi uyu mugabo Mukulu, ndetse bashyira hanze ifoto ye. Inzego z’umutekano zavugaga ko Mukulu akoresha inyandiko […]Irambuye

Polisi y’u Rwanda yashyikirije iya Uganda imodoka yari yaribwe yo

Kuri uyu wa mbere tariko 20 Mata Polisi y’u Rwanda yashyikirije  iya Uganda imodoka ya Toyota Hilux iherutse gufatirwa ku butaka bw’u Rwanda tariki 28 Mutarama. Uhagarariye Police ya Uganda mu Rwanda akaba yashimye ko ubufatanye na Police y’u Rwanda n’iya Uganda ari ubwo kwishimira. ACP Celestin Twahirwa umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yatangaje ko […]Irambuye

AK47 murumuna wa Jose Chameleone yitabye Imana

Amakuru aturuka muri Uganda aratangaza ko umuhanzi Emmanuel Mayanja bakunda kwita AK47 uzwi mu njyana ya Dance-hall yitabye Imana kuri uyu wa 16 Mutarama 2015 mu bitaro bya Nsambya mu mujyi wa Kampala nyuma yo kwitura hasi mu bwogero akajyanwa kwa muganga. Ikinyamakuru BigEye cyo muri Uganda kiravuga ko uyu muhanzi yaba yazize ibibazo by’impyiko. […]Irambuye

Polisi y’u Rwanda yasubije iya Uganda miliyoni z’amashilingi zibiwe i

Imikoranire y’inzego z’umutekano z’ibihugu bya Uganda n’u Rwanda niyo yatumye abajura bakomoka i Burundi bafatirwa mu Rwanda bagerageza guhungana miliyoni ebyiri z’amashilingi ya Uganda bari bibye i Kampala nk’uko byasobanuwe na CSP Celestin Twahirwa kuri uyu wa 29 Mutarama 2015 ubwo polisi y’u Rwanda yasubizaga iya Uganda aya mafaranga ngo azashyikirizwe nyirayo. Shadrack Mugwaneza niwe […]Irambuye

Birindabagabo ukekwaho gukora Jenoside i Rukumberi yagejejwe mu Rwanda

Kuri uyu wa gatatu Saa mbiri z’ijoro zirenzeho iminota mike Police Mpuzamahanga ibinyujije kuri Police ya Uganda yashyikirije ubutabera bw’u Rwanda Birindabagabo Jean Paul ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 mu cyahoze ari Komini Sake Segiteri ya Rukumberi muri Perefegitura ya Kibungo akaba yahise yoherezwa kuri Station ya Police ya Kicukiro. Uyu […]Irambuye

Uganda: Umuntu yishwe n’indwara imeze nka Ebola yitwa Marburg

05 Ukwakira – Ni indwara ya Virus yitwa Marburg ifite ibimenyetso by’umuriro w’igikatu no kuva amaraso (hemorrhagic fever virus). Ku rubuga rwa Twitter ya Perezida Museveni kuri iki cyumweru nimugoroba yatangaje ko Minisiteri y’ubuzima yemeje ko habonetse umuntu wazize iyi virus. Iyi ndwara yandurira mu gukoranaho nayo, yatumye Perezida wa Uganda asaba abaturage kwirinda gukorakoranaho […]Irambuye

en_USEnglish