Tags : Russia

America irateganya gufatira ingamba zikomeye Koreya ya Ruguru

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo guhura Perezida wa Pologne, Donald Trump yababwiye ko ari gutegura ingamba zikaze zo kuzahana ubutegetsi bwa Pyongyang kubera icyo yise imyitwarire idashobotse yabwo. Yabwiye abanyamakuru ko atarafata umwanzuro wa nyuma ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ariko ngo azayicishaho akanyafu nikomeza ubushotoranyi. Asubiza ku cyo yakora ku bikorwa bya […]Irambuye

Korea ya Ruguru yasabwe guhagarika igeragezwa ry’intwaro kirimbuzi

U Burusiya n’U Bushinwa byasabye Korea ya Ruguru guhagarika imigambi yayo y’intwaro kirimbuzi nyuma y’uko iki gihugu gitangaje ko cyahiriwe no kugerageza igisasu cya missile cyambukiranya imigabane, yise Hwasong-14 intercontinental ballistic missile (ICBM). Ibi bihugu bifitanye ubucuti bukomeye na Korea ya Ruguru, byasabye America na Korea y’Epfo guhagarika imyitozo ya gisirikare bikorana. Korea ya Ruguru […]Irambuye

USA ngo yirengagije maneko z’Uburusiya none ziyimereye nabi

Ikinyamakuru IntelNews kiravuga ko ibiro by’ubutasi bya USA bishinzwe kuburizamo ibikorwa by’ubutasi bikorwa n’ibihugu byo hanze byitwa FBI bimaze kubona ko Uburusiya bufite maneko nyinshi muri iki gihugu ku buryo kumenya imikorere yabo bigoye cyane muri iki gihe. Ibi ngo byatewe n’uko mu myaka 15 ishize USA yahisemo guhangana na ba maneko bo mu Burasirazuba […]Irambuye

Icyifuzo cyo gufatira UBurusiya na Syria ibihano cyabuze abagishyigikira

Ba minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga mu bihugu bya G7 banze gushyigikira icyifuzo cy’Ubwongereza cyo gufatira UBurusiya na Syria ibihano. Bashakaga kumvikana ku cyerekezo kimwe ku ntambara ibera muri Syria mbere y’uko Umunyamabanga wa Leta muri America yerekeza mu Burusiya kumvisha abategetsi baho ko bagomba kureka gukorana na Perezida Assad. Ibihugu bike, ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bumvikanye […]Irambuye

Russia: Ukekwaho igitero cy’iterabwoba muri gari yamoshi yamenyekanye

Ukekwaho gitero cyahitanye abantu 14 ku wa mbere cyabareye mu nzira ya gari yamoshi (Metro) ya Saint – Petersbourg mu gihugu cy’Uburusiya yamenyekanye nyuma y’akazi katoroshye kakozwe n’abashinzwe iperereza basanze afite bwene gihugu bw’Uburusiya. Uwatangajwe ko yagize uruhare muri icyo gitero yitwa Akbarjon Djalilov afite imyaka 22 y’amavuko, ngo afitanye imikoranire ya hafi n’umutwe w’iterabwoba […]Irambuye

Syria: Ibisasu by’indege za Amerika ku kigo cy’ishuri biravugwa ko

Ishami ry’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Syria (SOHR) ryatangaje ko abasivile 33 ari bo  bahitanywe n’igitero cy’indege za Amerika, cyagabwe mu ijoro ryo ku wa mbere mu ishuri riri mu mujyi wa Raqqa ryari ricumbikiye abavanywe mu byabo n’intambara. Ibitero bikorwa n’indege z’intambara za Leta zunze ubumwe za Amerika mu guhashya umutwe w’abarwanyi bo […]Irambuye

Museveni ngo umuti wa Trump ushobora kuvura ubwishongozi bw’Abanyaburayi

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ukunze kunyuza inyandiko z’ibitekerezo bye ku rubuga rwe, yavuze ko ibihugu by’iburayi byiyita ko bigendera ku mahame ya Demokarasi bikeneye kunywa ku muti wa Trump kugira ngo ubivure kutareba kure iyo bijya kwivanga mu mibanire ya Leta zunze Ubumwe z’Amerika n’Uburusiya n’ibyaranze ibi bihugu nyuma y’intambara y’ubutita yabihuje. Mu […]Irambuye

Uburusiya nabwo bugiye kwihorera bwirukana Abadipolomate 35 ba USA

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’U Burusiya yasabye Perezida Vladimr Putin kwirukana abadipolomate 35 35 ba America nko gusubiza icyemezo cy’iki gihugu na cyo kirukanye Abadipolomate b’U Burusiya. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Sergei Lavrov yavuze ko icyo cyifuzo cyashyikirijwe Perezida Vladimir Putin. Ubuyobozi bwa America bwafatiye ibihano U Burusiya nyuma y’amakuru ashinja iki gihugu kudobanganya amajwi y’amatoro y’Umukuru […]Irambuye

Ikibazo cya Syria: Ibiganiro hagati USA n’u Burusiya byongeye kunanirana

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov yabwiye Ibiro ntaramakuru by’Abashinwa, Xinhua ko USA igaragaza intege nke mu kuganira no kugera ku mwazuro watuma intambara ikomeje kuyogoza igihugu cya Syria ihagarara. Kuri we ngo ibiganiro byabo nta musaruro byatanze ariko ngo igihugu cye cyabashije kubyitwaramo neza kuko muri iki gihe cyabashije gukorana neza na Turikiya kandi […]Irambuye

Intambara yongeye gututumba hagati ya OTAN n’u Burusiya

Muri iki gihe Syria yahindutse ikibuga ibihugu bikomeye byerekaniramo ingufu za gisirikare bifite. Kuri uyu wa Kabiri u Burusiya bwohereje ubwato bwa gisirikare bugwaho indege mu nkengero z’Inyanja ya Mediteranee aho ingabo zabwo zizajya zihagurukira zitera muri Syria guhashya inyashyamba zirwanya Perezida Bashar Assad harimo na Islamic State. Uku kwegera u Burayi bikozwe n’u Burusiya […]Irambuye

en_USEnglish