Tags : Russia

Syria: Bitunguranye Putin yafashe icyemezo cyo gucyura ingabo z’U Burusiya

Ingabo z’U Burusiya zigomba gutangira kuva muri Syria nyuma y’icyemezo cyatunguranye cyane cyo kuzicyura cyafashwe na Perezida w’igihugu Vladimir Putin. Ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi na Leta zunze Ubumwe za America, bakiriye icyo cyemezo n’ubwitonzi, bavuga ko gishobora gutuma Leta ya Syria ijya kugitutu cyo kwitabira ibiganiro n’abayirwanya. Ibiganiro by’amahoro bigamije gusoza intambara imaze imyaka […]Irambuye

Ngirwa Umunyamabanga wa Leta naratunguwe ariko nyuma mbifata nk’ibisanzwe –

*Hari abatekerezaga ko ku myaka yanjye ntaba Minisitiri ariko ubu mbona ari ibisanzwe, *Ngirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi naratunguwe *Urubyiruko rugomba kwiyumvamo ubushobozi n’imbaraga zo guhindura igihugu. Amahirwe mu buzima abaho, tekereza uri umukozi usanzwe mu karere, mu Ntara, muri Minisiteri cyangwa urangije Kaminuza, ukumva itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri wagizwe Minisitiri! Tony […]Irambuye

U Burusiya bwohereje ubwato bw’intambara mu nyanja ya Mediteranee

Kuri uyu wa Kabiri Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya Vladimir Putin yavuze ko kuba Turikiya yararashe indege y’intambara y’iki gihugu kandi yari iri mu kirere cya Syria ari nko ‘Kubacumita icyuma mu mugongo’. Perezida w’U Burusiya yahise asaba ko ubwato bunini bw’intambara bujya mu Nyanja ya Mediteranee bwikoreye indege z’intambara n’ingabo mu rwego rwo kwitegura urugamba. […]Irambuye

Indege y’Uburusiya yaguye muri Sinai yahitanye 224 bari bayirimo bose

Kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Ukwakira, indege y’ikigo cy’ingendo cy’Uburusiya KGL9268 yakoreye impanuka muri Sinai mu Misiri ihitana abantu 224 bari bayirimo nta n’umwe urokotse. Imitwe yitwaje intwaro ikorana n’umutwe w’iterabwoba uzwi nka ‘Leta ya cy’Islam’ yigambye ko ariyo yayimanuye amakuru ariko yamaganwe na Leta ya Misiri n’Uburusiya. Amakuru yatanzwe na Leta ya Misiri […]Irambuye

Syria: Mu ibanga rikomeye Perezida Assad yasuye U Burusiya

Bashar al-Assad Perezida wa Syria yagiriye uruzinduko mu mujyi wa Moscou, uru nirwo ruzinduko rwa mbere agiriye hanze y’igihugu cye kuva intambara igamije kumuhirika yakwaduka mu gihugu cye mu 2011. Muri uru ruzinduko rutunguranye, Assad yaganiriye na Perezida w’U Burusiya Vladimir Putin. U Burusiya bwatangiye kurasa n’indege inyeshyamba za Islamic State (IS) zirwanya ubutegesti bwa […]Irambuye

Moscow: Turishimira ko u Rwanda rwumva ibikorwa byacu muri Syria-Lavrov

Mu ruzinduko rw’akazi arimo mu gihugu cy’Uburusiya, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo ari kumwe na mugenzi we w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergei Lavrov muri iki gitondo bagiranye ibiganiro, ndetse nyuma banaganira  n’itangazamakuru cyagarutse kumubano n’ubufatanye w’ibihugu byombi. Uburusiya bwatangaje ko bwishimira umubano bufitanye n’u Rwanda, ndetse n’uburyo Leta y’u Rwanda ibushyigikira mu bikorwa binyuranye. […]Irambuye

U Burusiya bwamenyesheje Amerika ko bwatangiye kurasa kuri IS muri

Uburusiya bwatangaje ko indeje zabwo z’intambara zatangiye kurasa ku barwanya b’umutwe wa Leta ya kisilam (Islamic State, IS) urwanya ubutegetsi buriho muri Syria. Nkuko byatangajwe na Minisiteri y’ingabo indege zigomba kurasa ku hantu hose hari ibirindiro by’uyu mutwe, ku mamadoka yawo ndetse no ku bubiko bw’intwaro n’ibikoresho n’inzira z’itumanaho ryabo. Ngo ibyo bitero byatangiye kugabwa […]Irambuye

‘AMAHORO’ turayifuza ariko twananiwe kuyageraho

Kuri uyu wa 21 Nzeri ubwo Isi yose bibuka akamaro ko kugira amahoro, buri wese yari akwiriye kwibaza uruhare agira mu kwihesha amahoro no kuyaha abandi. Guhera muntu yaremwa, yari afite icyifuzo cyo kugira amahoro, akabaho yumva aguwe neza haba mu mirire, imiturire n’umubano hagati ye n’abandi ndetse n’inyamaswa. Tujya twumva abantu bavuga ngo inyamaswa […]Irambuye

Russia: Putin yashyizeho itegeko ryo ‘GUTWIKA’ ibicuruzwa bitemewe biva i

Ibicuruzwa biva i Burayi cyangwa muri America byashyizwe ku rutonde rw’ibitemewe kwinjira (embargo) mu gihugu cy’U Burusiya kubera intambara yo muri Ukraine, hagiyeho itegeko ryo kubitwika aho kubisubiza mu bihugu byavuyemo. Iri tegeko ryatangajwe ku wa gatatu tariki 29 Nyakanga, n’Ibiro by’Umukuru w’igihugu Kremlin. Kuva mu gihe cy’umwaka ushize, U Burusiya bwashyizeho ibihano kuri bimwe […]Irambuye

Russia: Umushahara wa Perezida Poutine ugiye kugabanywaho 10%

Perezida w’igihugu cy’Uburusiya Vladimir Poutine yatangaje kuri uyu wa gatanu ko agiye kugabanya umushahara we n’uw’abayobozi bakuru b’igihugu nyua y’aho ubukungu bw’igihugu bwifashe nabi bitewe n’igwa ry’ibiciro bya petrole n’ifaranga ‘Rouble’ ry’icyo gihugu. Kuva tariki ya 1 Werurwe kugera ku ya 31 Ukuboza 2015, imishahara, uwa Perezida Putine, uwa Minisitiri w’Intebe Dmitri Medvedev, uw’Umushinjacyaha Mukuru, […]Irambuye

en_USEnglish