Tags : Pierre Nkurunziza

Niyombare ati”Sinifuzaga ubutegetsi”…Yamagana ubufasha bwavuzwe ku Rwanda

Maj Gen Godefroid Niyombare wahoze ari umukuru w’urwego rushinzwe iperereza mu gihugu cy’u Burundi ubu akaba ari mu buhungiro nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi i Burundi ntibimuhire. Avuga ko atigeze ashaka gufata ubutegetsi ahubwo ko yashakaga kubushyikiriza abaturage ubundi inzego za politiki zigakora umurimo wazo. Anahakana ubufasha bwavuzwe ko yahawe na Leta y’u Rwanda. Uyu […]Irambuye

“Aho gutaha nofuma nkajya mu ruzi rw’Akagera kakamira” – Umwe

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe ziravuga ko zititeguye gutaha igihe cyo Perezida Pierre Nkurunziza atarekuye ubutegetsi ngo hajyeho inzibacyuho, kuri bamwe ngo aho gusubira iwabo “bajya mu ruzi rw’Akagera rukabatwara”, mu Burundi ngo umutekano nturagaruka nk’uko byemezwa n’Ubuyobozi bw’inkambi. Bigirimana yaganiriye n’Umuseke umusanze aho bafatira ibyo kurya bibamaza ukwezi. […]Irambuye

Burundi: Nkurunziza aziyamamaza ubuziraherezo mu itegeko nshinga rishya

Mu gihugu cy’U Burundi, Minitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu no kubaka gukunda igihugu, mu nama yagiranye n’amashyaka yemewe muri icyo gihugu, tariki ya 11 Ukwakira 2016, i Gitega bemeje ko Itegeko Nshinga rivugururwa rigaha amahirwe Perezida Pierre Nkurunziza yo kwiyamamaza ubuziraherezo. Imyanzuro y’iyi nama yari yagizwe ibanga, ariko iza gusohoka mu kinyamakuru kibogamiye ku butegetsi […]Irambuye

Burundi: Umuyobozi wa Gereza Nkuru ya Mpimba n’umwungirije barafunzwe

*Yafashwe kubera umuntu watorotse gereza ashinjwa kwinjiza intwaro mu Burundi ngo azikuye mu Rwanda Umuyobozi wa Gereza Nkuru ya Mpimba byatangiye kuvugwa ko yatawe muri yombi ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, bamwe bemeza ko yafashwe ku wagatanu nijoro, abandi bakavuga ko yafashwe kuwa gatandatu mu gitondo. Byavugwaga ko Gregoire Nimpagaritse yajyanywe mu buroko bw’inzego zishinzwe […]Irambuye

Intumwa ya UN yanenze uburyo Leta y’u Burundi irimo ifata

Inzobere mu by’uburenganzira bwa muntu mu Burundi, yagaragaje biteye inkeke uburyo Leta ya Pierre Nkurunziza ifata abanyeshuri bashinjwa kwandika mu mafoto ya Perezida bagamije kumusebya. Ibigo icyenda by’amashuri biri gukorerwaho iprereza, nyuma y’aho amafoto ya Perezida Pierre Nkurunziza yagiye yandikwamo mu bitabo. Ubu, abanyeshuri 80 bahagaritswe ku ishuri mu majyepfo y’igihugu. Mu yandi mashuri abanyeshuri […]Irambuye

Burundi: Col. Nibizi yatewe grenade iramuhusha

Kuri uyu wa mbere mu murwa mukuru w’U Burundi, Bujumbura Colonel Emmanuel Nibizi yatewe grenade ari mu modoka akomereka amaguru. Icyo gitero cyagabwe n’abantu bataramenyekana, ngo bari kuri moto aho beteye grenade imodoka yari arimo. Igitero cyabereye rwagati mu murwa mukuru Bujumbura. Col Emmanuel Nibizi yari imbere y’Ibiro bya Polisi, ahitwa kuri Avenue Peuple Murundi […]Irambuye

Burundi: Nkurunziza yatanze iminsi 15 ngo abafite intwaro babe bazitanze

Mu rugendo  yakoreye muri Komini ya Makamba, Perezida w’u Burundi yahavugiye ijambo riha umuburo abaturage batunze imbunda mu ngo zabo mu buryo budakurikije amategeko kuba bazisubije mbere y’iminsi 15 bitaba ibyo bagafatirwa ingamba zidasanzwe. Hashize igihe agace ka Makamba karahindutse indiri y’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi  bwakorwaga n’abantu bitwaje intwaro, ibi bikaba bihangayikishije abategetsi b’u Burundi. […]Irambuye

Burundi: Col Buzobona yishwe n’abataramenyekana

Umusirikare mu ngabo z’U Burundi wari ufite ipeti rya Colonel yaraye arasiwe mu murwa mukuru Bujumbura n’abantu barataramenyekana nk’uko amakuru BBC ikesha SOS Medias Burundi abivuga, ngo byabereye muri Zone ya Kinama mu majyaruguru y’uyu mujyi. Col Emmanuel Buzobona yaraye yishwe, kimwe n’umumotari wari umuhetse kuri moto. Abaturage bo muri Avenue 5 muri Zone ya […]Irambuye

en_USEnglish