Tags : Parliament

Gas izagezwa mu ngo no mu nganda nk’uko amazi ahagezwa –

*Igiciro cya gazi kigeze ku mafaranga 1100 cyavuye ku frw 1600, *Leta ngo izakomeza guhanarira ko ibiciro bimanuka no kurwanya ababizamura. Ageza ku bagize Inteko ishinga amategeko, Sena n’Aabadepite ijambo rijyanye n’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu by’ingufu n’amashanyarazi, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko kuba intego ya MW 563 u Rwanda rwahigiye kugeraho muri […]Irambuye

P. Kagame yasabye abayobozi kwegera abaturage kurushaho mu gihe cy’amatora

Perezida Paul Kagame yakira indahiro z’Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Yankurije Odette na Hon Depite Niyitegeka Winfred wasimbuye nyakwigendera Depite Mukayisenga Francoise witabye Imana tariki 11 Kamena 2017, yasabye abayobozi gukorana kandi bakarushaho kwegera abaturage muri ibi bihe by’amatora u Rwanda rujyamo. Uyu muhango wa baye kuri uyu wa gatanu, Perezida Kagame yavuze […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu bitifuza ko byakorerwamo ibyaha by’iyezandonke no

Abadepite kuri uyu wa kane batoye bemeza ko U Rwanda ruba umunyamuryango wuzuye mu bihugu birwanya iyezandonke muri Africa y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, kuri Dr Uziel Ndagijimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Igenamigambo ngo bizafasha mu gukumira koi bi byaha byabera mu Rwanda. Mu nama y’Abaminisitiri yabereye yabereye i Luanda muri Angola ku wa 5 Nzeri 2014 […]Irambuye

Hon Mukayisenga yesezeweho bwa nyuma ngo yakundaga Imana, akubahiriza igihe

Mukayisenga Francoise witabye Imana ku cyumweru tariki 11 Kamena yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango we n’Abayobozi bakuru b’igihugu ndetse n’abo bakoranaga mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda. Umurambo wa nyakwigendera watangiye gusezerwa saa tatu n’igice za mu gitondo, mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda, nyuma umurambo ujyanwa ku rusengero rwa ADEPR Kacyiru ahabereye amasengesho yo kumusezeraho. […]Irambuye

Abadepite bemeje umushinga w’itegeko ngenga ryemera Igiswahili nk’ururimi rwemewe

*Abadepite bameje uyu mushinga mbere yo kugaragaza impungenge nyinshi kuri wo, *Ntabwo itegeko nirijya mu Igazeti ya Leta buri wese azabyuka yaka Serivisi mu Giswahili. Abadepite 66 bari mu cyumba cy’Inteko Rusange kuri iki gicamunsi batoye bemeza umushinga w’itegeko ngenga ryemeza Igiswahili (Kiswahili) nk’ururimi rwemewe mu Rwanda, impungenge zisigaye ku buryo urwo rurimi ruzigishwa Abanyarwanda, […]Irambuye

Rwamagana yemeye amakosa yo gucunga nabi abakozi yatumye itakaza miliyoni

Mu gusesengura raporo ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta y’umwaka wa 2015/2016, Abadepite bagize Komisiyo y’imibereho myiza bakiriye akarere ka Rwamagana, kaciwe miliyoni 43 z’amafaranga y’u Rwanda kuva 2009-2015 kubera abakozi bagatsinze mu nkiko, kemeye ko hari amakosa yabaye, ariko ngo hafashwe ingamba zo kudasubira mu nkiko. Abakozi bareze inzego za Leta kubera ibyemezo byabafatiwe bitubahirije […]Irambuye

Raporo turazikora ariko abantu ntibaraziha agaciro – Prof Shyaka

Mu kiganiro kirambuye Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ikigihugu cy’Imiyoborere Prof Shyaka Anastase yagiranye n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage, yavuze ko raporo nyinshi zikorwa n’inzego zitandukanye zikagaragaza ibibazo ariko abazikoreweho ntibabihe agaciro bitewe n’uko nta byemezo bizikurikira. Iki kiganiro kiri mu murongo Abasenateri bagize iyi Komisiyo bihaye mu rwego rwo gukemura […]Irambuye

Minisiteri ntizikitane ‘ba mwana’ mu gukemura ibibazo by’abafite ubumuga- Dr

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Dr Alivera Mukabaramba yabwiye abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku bibazo by’abafite ubumuga ko hari ubwo Minisiteri ‘ziterana umupira’ iyo bigeze ku ngingo yo gukemura bimwe mu bibazo bireba abafite ubumuga. Ibi ngo biterwa n’uko buri Minisiteri igira ingengo y’imari yihariye igenewe kwita ku bibazo runaka […]Irambuye

Ntabwo abantu baba bahuzagurika ngo bahore baza mu mwanya w’imbere

Kuri uyu wa gatanu tariki 18 Ugushyingo 2016, Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abadepite batatu bashya, Karinijabo Barthelemy, Mukamana Elizabeth na Bitunguramye Diogene basimbuye, Abadepite bagiye mu zindi nshingano na Hon Nyandwi Desire uherutse kwitaba Imana. Karinijabo Barthelemy, Mukamana Elizabeth na Bitunguranye Diogene baturuka mu muryango RPF-Inkotanyi basimbuye Nyirasafari Esperance wagizwe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, […]Irambuye

en_USEnglish