Tags : Parliament

Imashini imwe itunganya amazi abika intanga z’inka yongeye gukora nyuma

Kuri uyu wa gatatu tariki 2 Ugushyingo, Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’Ibidukiki basuye Ishami ry’Ikigo cy’Ubuhinzi (RAB), rishinzwe Gupima no Gusuzuma indwara z’Amatungo, by’umwihari ko mu rwego rwo kureba uko serivisi gitanga zijyana no guteza imbere Girinka, bakaba basanze imashini itunganya amazi akoreshwa mu kubika intanga z’inka yari imaze igihe idakora yongeye gutangira gukora. […]Irambuye

Umurozi si ubugabura gusa cyangwa utega ibintu, n’utanga Ruswa ni

Mu ngendo Urwego rw’Umuvinyi rurimo gukorera mu turere dutandukanye mu Ntara y’Amajyepfo basobanura ububi bwa ruswa no gukemura ibibazo bishingiye ku karengane, Umuvunyi wungirije ushinzwe guca akarengane, Hon Kanzayire Bernadette, yasobanuriye abaturage bo mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi ko ruswa ari uburozi bwanduzwa ku wa yitanze n’uwayakiriye bakazanduza n’abandi. Umuvunyi Wungirije ushinzwe […]Irambuye

Impaka mu Nteko ku kugabanya ibihabwa Abayobozi Bakuru bavuye mu

*Umuyobozi Mukuru wo mu cyiciro cya kabiri, yakomezaga guhembwa adakora umwaka wose *Uwabonaga akazi gahemba munsi y’umushahara yahabwaga, Leta yamwongereragaho ikinyuranyo *Guverinoma irashaka ko ibigenerwa Abayobozi bakuru bajya babihabwa mu mezi 6, *Hon Bamporiki we ntiyumva impamvu ba ‘Nyakubahwa’ bahembwa amezi 6 badakora kandi Leta ibwira abantu kwigira. Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurirmo, Mme Uwizeye Judith, […]Irambuye

Ruswa irigaragaza muri Vets Complex ya Nyagatare Campus – Hon

Abadepite ntibashira amakenga imigendekere y’isoko rya miyari 3,7 ryo kubaka inyubako y’abavuzi b’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare aho Kaminuza y’u Rwanda yishyuye rwiyemezamirimo miliyoni 972 nta kazi bigaragara ko yakoze. Ikibazo cy’iyi nyubako yiswe Veterinary Complex (Inyubako igenewe Abavuzi b’amatungo) yahombeje Kaminuza y’u Rwanda amafaranga asaga miliyoni 972, ni kimwe mu bindi […]Irambuye

EDCL yemereye PAC ko igiciro cy’amashanyarazi gishobora kuzagabanuka muri 2017

Mu biganiro byo gusobanura amwe mu makosa yagaragajwe n’Umugenzuzi w’Imari ya Leta mu micungire y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amashanyarazi (REG), n’icy’igishinzwe amazi (WASAC), Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi (EDCL) yavuze ko hagendewe ku bimaze kugerwaho hari icyizere ko mu mwaka utaha amashanyarazi ashobora kuzagabanukaho nka 20% ku giciro. Abadepite barebaga aho REG igeze yishyuza amafaranga […]Irambuye

RSSB mu ihurizo ryo gucunga neza imitungo ya miliyari 700

Kuri uyu wa gatatu tariki 28 Nzeri, abayobozi ba RSSB bisobanuye imbere y’abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imari ya Leta, ku makosa yagaragajwe n’Umugenzi w’Imari ya Leta ajyanye no gucunga nabi imwe mu mitungo y’iki kigo ubu ibarirwa kuri miliyari 700 z’amafaranga y’u Rwanda. Ibibazo bikomeye cyane byagaragajwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, ni uburyo […]Irambuye

RAB imbere ya PAC yemeye menshi mu makosa yo gucunga

*Hari inzu nyinshi za bimwe mu bigo byahujwe ngo bikore RAB zipfa ubusa, *Umugenzuzi Mukuru yabonye ibyuho mu mitumirize n’imitangire by’ifumbire n’imbuto, *RAB yiyemeje gukosora menshi mu makosa yaragaraye. Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’Umutungo wa Leta mu Nteko Nshingamategeko (PAC) bongeye guhura imbonankubone n’abayobozi b’Ikigi cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi (RAB) basaba ibisobanuro ku makosa […]Irambuye

Amateka y’imiyoborere mibi muri RBC aracyagira ingaruka ku buyobozi buriho

*RBC yisobanuye imbere ya PAC ku mafaranga miliyari 2,5 atarasobanuriwe Umugenzuzi w’Imari *Mu buyobozi ngo haracyarimo abagitsimbaraye ku mikorere ya kera. Kuri uyu wa mbere abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (Rwanda Biomedical Center, RBC) bitabye Komisiyo ishinzwe gukurirkirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Nshingamategeko, (PAC) basobanura aho miliyari 2,5 z’amafaranga y’u Rwanda bateretse Umugenzuzi Mukuru […]Irambuye

Abadepite basubukuye ingendo bagirira mu tugari, gahunda izageza tariki 2/10/2016

Abadepite basubukuye gahunda yo gusura abaturage mu ngendo bagirira hirya no hino mu Turere tw’igihugu hagamijwe gukurikirana uburyo gahunda zigenewe abaturage zibafasha kwiteza imbere, uyu munsi hasuwe Intara y’Amajyaruguru, (7-12/09/2016), tariki ya 14-20/09/2016 bazasura Intara y’i Burasirazuba mu gihe tariki ya 24 – 25/09 na 1-2/10/2016 bazasura Umujyi wa Kigali. Ibiganiro Abadepite bagirana n’abaturage mu […]Irambuye

en_USEnglish