Tags : Parliament

Abajura bambura abagore amasakoshe, abapfumura inzu,… baburiwe

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye yasabye abakora ubujura butandukanye byitwa ko ari buto kubureka, kuko ngo bafatiwe ingamba zikomeye ku buryo bitazabagwa amahoro. Minisitiri Busingye yabivuze nyuma yo kurahiza abahesha b’inkiko batari ab’umwuga, aba bakaba basabwe kurangiza imanza nyinshi zaciwe ariko na n’ubu abazitsinze bakaba batarahabwa ibyo batsindiye. Yagize […]Irambuye

Umushahara wa mwarimu utinzwa n’imikorere mibi y’Uturere

Mu kiganiro kirambuye intumwa za Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) zagiranye n’abadepite ba Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereza y’umutungo wa Leta (PAC), kuri uyu wa kabiri tariki 10 Weururwe, Umunyamabanga Uhoraho muri iyi minisiteri Sayinzoga Kampeta Pichette yavuze ko uturere aritwo dutinda kuzana lisiti z’imishahara bigatuma na mwarimu atinda guhembwa. Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yari yatumijwe n’Abadepite bagize […]Irambuye

Umunsi w’umugore usanze u Rwanda ruyoboye ibihugu

Mu cyegeranyo cyakozwe n’ikinyamakuru Forbes cyo muri America kigaragaza ko u Rwanda ruri ku isonga mu kugira abagore benshi mu Nteko Nshingamategeko ku isi, ku gipimo cya 63,8% mu gihe habura iminsi mike ngo hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Forbes ivuga ko mu gihe Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umugore wizihizwa kuri iki cyumweru tariki 8 Werurwe, […]Irambuye

en_USEnglish