Tags : Nyamasheke

Abafite inzu zitorohereza abafite ubumuga bagiye gushyirwa ku karubanda

Mu nama nyunguranabitekerezo yo kurebera hamwe uko abafite ubumuga bazagira uruhare mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Kanama, Depite Pierre Claver Rwaka wari umushyitsi mukuru muri ibi biganiro yavuze ko abatunze inzu zihurirwamo abantu benshi zitorohereza abafite ubumuga bagiye kunengerwa ku karubanda bakerekwa itangazamakuru. Ubwo yasozaga iyi nama, Depite Rwaka yavuze ko kuba hari abubaka […]Irambuye

Rusizi na Nyamasheke ntibakibwirwa ngo “Banyarwanda (kazi) namwe BanyaCyangugu nshuti

Iyi ni imwe mu mvugo zaranze ingoma y’uwari Perezida Juvenal Habyarimana aho ngo abatuye muri utu turere twa Rusizi na Nyamasheke (hitwaga Cyangugu) ngo babazwaga n’ihezwa ryabakorerwaga mu buyobozi bwo kuva 1973 – 1994,  “Banyarwanda, Banyarwandakazi namwe Banyacyangugu nshuti z’u Rwanda”, iyo mvugo yasubiwemo kuri uyu gatatu tariki ya 01 Gashyantare, 2017 hizihizwa Umunsi w’Intwari […]Irambuye

Abahanzi 10 barahatanira Frw 500 000 yo muri Kinyaga Award2016

Kinyaga Award 2016 ni irushanwa riba ku nshuro ya gatatu mu rwego rwo kuzamura impano z’abahanzi mu muziki mu Ntara y’Iburengerazuba, abahanzi 10 bo mu turere dutatu, Nyamasheke, Rusizi na Karongi barahatanira Frw 500 000 azatangwa nk’igihembo cya mbere ku muhanzi uzahiga abandi. Irushanwa ryatangijwe ku gitekerezo cy’uko abahanzi bakomoka mu Ntara y’Iburengerazuba, abenshi batavugwa […]Irambuye

Rusizi: Impanuka ikomeye yateje ibihombo bikomeye abacuruza inka

Iyi mpanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yari itwaye inka 33 zo kubagwa, yavaga mu karere ka Nyamagabe yerekeza i Rusizi nibwo yaje kurenga umuhanda igeze mu murenge wa Giheke  nyuma yo kubura icyerekezo, iribirandura, irangirika bikomeye n’inka nyinshi zirapfa. Ababonye iyi mpanuka, bavuga ko yabaye mu masaha ya saa yine z’ijoro. Batangarije Umuseke […]Irambuye

Nyamasheke: Rwiyemezamirimo yabambuye 1 500 000 Frw none yarahunze

*Ngo yahawe amafaranga yose akajya ababeshya ko atarishyurwa… Abaturage 17 bakoze ibikorwa byo kubaka ishuri ribanza rya E.P Gasanane riherereye mu  Kagali ka Banda mu murenge wa Rangiro, mu karere ka Nyamasheke  bavuga ko imyaka igiye kuba ibiri rwiyemezamirimo wari watsindiye isoko ry’iyi mirimo bakoraga abambuye miliyoni imwe n’ibihumbi 500 none yarahunze. Aba baturage bambuwe, […]Irambuye

Gukura witwa ‘Ikinyendaro’, ugafatwa ku ngufu ukanduzwa SIDA – ubuzima

“Nakuze numva banyita ‘Ikinyendaro’, wa mwana umubyeyi yabaga yarabyaye adafite umugabo, nkurira muri ubwo buzima kugeza n’iyi saha sinzi ‘Daata wambyaye’ aho namaze kwiyakira nkahura n’umuryango Kemit, kandi nkongera nkatekereza ko umugore ashoboye, ngenda nikuramo bya bintu byo kwitwa umwana w’ikinyendaro.” Uwo ni Bamporiki Beatrice, kubera ubuzima yakuriyemo ntiyamenye imyaka afite, ariko mu gufata indangamuntu […]Irambuye

Nyamasheke: Abaturage barishyuza amafaranga bakoreye mu mezi ane

*Abaturage bavuga ko bagiye kwishyuza barakubitwa abandi barafungwa bagasaba kurenganurwa Hashize amezi atatu bakorera ikigo cya Fair Construction  kiri kubaka isoko y’amazi azahabwa abaturage bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, aba baturage babwiye Umuseke ko  bakoze  isoko yiswe ‘Litiro’ mu murenge wa Ruharambuga, aho bavuga ko barenanyijwe n’uwari umukoresha wabo akaba na rwiyemezamirimo wari […]Irambuye

en_USEnglish