Tags : Nyamasheke

Nyamasheke: Kugabanuka kw’isambaza mu Kivu byateye bamwe bajya Uganda

*Imitego itemewe mu Rwanda mu burobyi bw’isamba yitwa Kaningini iri mu yatumye isambaza zibura, *Abajya Uganda ngo bajyana n’abana ba bamwe mu baturanye, *Akarere kahagurukiye iki kibazo cy’imitego itemewe. Nyuma y’uko abaturage bo mu Karere ka Nyamasheke bamaze igihe kinini bataka ko babura isambaza, aho bashinja bamwe mu bayobozi b’abarobyi gukoresha imitego iteme, ubu kubera […]Irambuye

Abayobozi b’ibitaro bya Kibogora bashinjwa kunyereza Miliyoni 300 bagejejwe mu

Nyuma y’uko hakozwe ubugenzuzi mu bitaro bitandukanye, kuri uyu wa gatatu abayobozi bakuru batatu b’ibitaro bikuru bya Kibogora biherereye mu Karere ka Nyamasheke barimo n’umuyobozi wabyo bakekwaho kunyereza akabakaba Miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda bagejejwe imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Rusizi. Abakekwaho icyaha bagejejwe imbere y’urukiko ni Dr. Nsabimana Damien, wari umuyobozi mukuru w’ibitaro bya Kibogora, […]Irambuye

Rusizi: Abana 520 bigira muri Shitingi abandi bigira mu rusengero

Kuba hari abana baretse ishuri ngo ni uko haba hari ababangamirwaga n’ubucucike bukabije mu bigo bigagaho bwatumaga batagira ubumenyi buhagije  nk’uko bamwe mu bana baganiriye n’umuseke babivuze. Umwana umwe wiga mu bigo bifite iki kibazo avuga ko babangamiwe n’ubucucike. Ati: “Mwakwiga muri 130 mu gashuri kangana gutya (icyumba gito) ukavuga ko wazamenya iki?” Ibigo byinshi […]Irambuye

Nyamasheke: Abakoze Jenoside 10 bakomorewe babyarwa muri Batisimu n’abo bahemukiye

*Mu bakomorewe harimo umugore wahawe imbabazi n’uwo yatemeye umuvandimwe muri Jenoside, *Uwari Konseye yasabye imbabazi avuga ko abishwe muri Segiteri yose bamuri ku mutwe…, *Abadatanga amakuru y’ahari imibiri,…F. Ndayisaba ati “Uwaba akigendana imva y’uwo azi wishwe,… yicungure atange amakuru”, *Ngo ahari abo muri adventiste bicaga kuva kuwa mbere kugeza ku wa Gatanu saa 15:00 bakajya […]Irambuye

Nyamasheke: Abasenyewe hubakwa umuhanda Rusizi-Karongi-Rubavu baracyatabaza

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kagarama, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo basenyewe n’amabuye mu bikorwa byo kubaka umuhanda Rusizi–Karongi–Rubavu wubatswe n’Ikompanyi y’Abashinwa yitwa ‘China Road Corporations’ ngo amaso yaheze mu kirere bategereje ubufasha bemerewe bwo kongera kubaka inzu zabo bakava mu bukode. Inzu z’abaturage banyuranye zasenywe n’amabuye mu gihe haturitswaga intambi, hashakwa inzira yo […]Irambuye

Nyamasheke: Njyanama nshya na Nyobozi biyemeje kuzamura imibereho y’abaturage

Kuri uyu wa Gatanu ubwo ku nshuro ya mbere abajyanama b’akarere ka Nyamasheke bateranaga umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere Habiyaremye Pierre Celestin, yavuze ko Nyamasheke ifite imishinga myinshi izafasha abaturage kuva mu bukene bukabije, ndetse ikongera kuvugwa mu mihigo. Habiyaremye yavuze ko akarere kari kugira icyo gakora kuri byinshi mu bibazo byagaragaye bijyanye n’imibereho myiza y’abaturage. Yavuze […]Irambuye

Rusizi/Nyamasheke: Abaturage bavuga iki ku bumwe n’ubwiyunge?

Abaturage bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba bavuga ko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi na bamwe bafite imiryango yayigizemo uruhare, imibanire yabo imeze neza ubu mu gihe byari bikomeye mbere y’umwaka wa 2003. Nkusi Gregoire w’imyaka 64, utuye mu kagali ka Cyangugu umurenge wa Kamembe avuga ko nyuma yo kwicirwa abavandimwe be […]Irambuye

Rusizi: Guheza no gutoteza abafite ubumuga biracyariho

Masikini Theodore ufite ubumuga, yemeza ko abafite ubumuga bahura n’ihohoterwa ahantu hatandukanye, haba mu isoko, kwa muganga cyangwa ku ishuri. Ubwe yemeza ko ahura kenshi n’iki kibazo. Agira ati: “Iyo tugiye hirya no hino mu turere twacu haba mu isoko, kwa muganga cyangwa ku ishuri birahaba.” Avuga ko umuntu ufite ubumuga iyo agiye kwiga usanga […]Irambuye

Nyamasheke: Abatuye mu i Banda nta muhanda bafite baheka mu

Iki ni ikibazo abatuye ahitwa mu kagali ka Banda mu murenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke bavuga ko kibahangayikishije, bakagira imvune y’ibyo beza kugira ngo bigere ku isoko mpuzamahanga rya Nyamasheke ahitwa mu Kirambo, kutagira umuhanda bituma kugira ngo bageze umurwayi ku kigo nderabuzima cy’uwo murenge, bamuheka mu ngobyi ya kinyarwanda. Iki kibazo abaturage […]Irambuye

en_USEnglish