Tags : Ngoma

Ngoma/Jarama: Indiririzi zitwa ibiheri ngo zugarije bamwe mu bahatuye

Mu murenge wa Jarama mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda haravugwa ikibazo cy’indiririzi zitwa ibiheri/imperi zateye mu ngo z’abaturage aho bavuga ko bibarya bikabatera uburwayi bw’imbere mu mubiri n’inyuma ku ruhu. Abaturage babwiye Umuseke ko ari icyorezo gikomeye cyabateye mu gihe ubuyobozi bw’umurenge wa Jarama bwo buvuga ko atari icyorezo cyateye, ariko ngo […]Irambuye

Ngoma/Remera: Hari abavuga ko amaterasi yatumye umusaruro wabo ugabanuka

*Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko ababivuga ari uko bataramenya akamaro k’amaterasi. Mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma hari bamwe mu baturage batarasobanukirwa neza akamaro k’amaterasi y’indinganire aho bavuga ko yabateje inzara ngo ugereranyije n’uko bari babayeho mbere y’uko iyo politiki iza. Ubuyobozi bw’akarere kuri iki kibazo buvuga ko ababona amaterasi yarabateye inzara ari abataramenya ubwiza […]Irambuye

Ngoma: Umukozi w’ikigo nderabuzima yarashwe arapfa

Iburasirazuba – Umukozi w’ikigo nderabuzima cya Nyange mu murenge wa Mugesera mu karere ka Ngoma yaraye yishwe arashwe n’umuntu utaramenyekana mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere. Jean Damascene Bizumuremyi Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugesera yabwiye Umuseke ko uwarashwe yitwa Christian Maniriho yari umukozi muri Laboratoire y’iki kigo nderabuzima. Uyu mukozi ngo yarashwe saa […]Irambuye

Abanyeshuri bahanze udushya muri IPRC East ngo nta bwoba bafite

Ishuri Rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) ngo ryishishikajwe no guteza imbere no gushyigikira umuco wo guhanga udushya dukemura ibibazo by’abaturage tukanabateza imbere, utwo dushya tukagera ku baturage ku bufatanye n’abashoramari n’izindi nzego.Bamwe mu banyeshuri bahanze udushya muri iri shuri bavuga ko bizeye akazi igihe bazaba barangije. Umuyobozi wa IPRC East Dipl.-Ing. […]Irambuye

Ngoma: Ndayambaje atewe ubwoba n’abantu bishe ingurube ze bazisanze mu

Mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma, mu Burasirazuba hari ikibazo cy’ubugizi bwa nabi bukorwa n’abantu bataramenyekana bitwikiriye ijoro bakajya kwica amatungo y’umuturage bayasanze mu kiraro, nyuma yo kuyica bakayasiga aho, abaturanyi baravuga ko ari ikimenyetso cy’uko na nyirayo bamwica, Ndayambaje byabaye iwe afite ubwoba. Ubuyobozi bw’ibanze muri uyu murenge wa Remera, buvuga ko amarondo […]Irambuye

Ngoma: Kiliziya na Kaminuza byumvikanye ku ikoreshwa ry’ubutaka

Kuwa kabiri, Diyoseze Gatolika ya Kibungo na Kaminuza ya Kibungo (UNIK) basinye umukono ku masezerano yemerera iyi kaminuza kubyaza umusaruro ubutaka bwa Diyosezi hagamijwe guteza imbere abaturage. Aya masezerano yasinyiwe mu biro bya Diyoseze ya Kibungo hagati y’umuyobozi wayo  Mgr Antoine Kambanda n’umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo Prof Silas Lwakabamba, ni amasezerano ngo agamije gukoresha […]Irambuye

Ngoma: AERG UNIK yasubije inshike za Jenoside inzu imaze iminsi

Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma burashima ibikorwa by’umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside biga muri Kaminuza ya Kibungo byo gufasha abarokotse Jenoside batishoboye barimo incike n’impubyi aho buvuga ko ibikorwa nk’ibi bifasha akarere mu kwesa imihigo yo kugabanya umubare w’abatishoboye babayeho nabi. Ibi babigarutseho ubwo AERG yo muri iyi kaminuza ya Kibungo kuri uyu wa 07 Nyakanga 2016, […]Irambuye

en_USEnglish