Tags : Ngoma

Nyamirambi ya Kerembo bategereje uruhare rwa Leta ngo babone amashanyarazi

Bamwe mu batuye akagari ka Nyamirambo umurenge wa Karembo mu  karere ka Ngoma  barasaba ko bakwegerezwa umuriro w’amashanyarazi ngo kuko uruhare rwabo rwo gutanga amafaranga basabwa barurangije bakaba basaba Leta ko na yo yabongereraho amashanyarazi akabageraho na bo. Ubuyobozi bw’umurenge wa Karembo butangaza ko bushima uruhare rw’abaturage ngo aho bigeze ubu raporo yamaze koherezwa mu […]Irambuye

Ngoma: Abana ntibiga neza kubera ikibazo cy’ibura ry’amazi

Ngoma – Mu Kagari ka Nyamirambo, Umurenge wa Karembo haravugwa ikibazo cy’abana biga nabi bitewe n’amajoro barara bajya gushaka amazi mu gishanga cyitwa Gisaya kiri kure y’ingo zabo, kuko nta mazi meza cyangwa amabi bagira. Aba baturage bavuga ko kuva batura ahangaha bavoma amazi mabi yo mu gishanga cya Gisaya, nacyo kiri kure y’ingo zabo. […]Irambuye

Huye: Airtel Rwanda yatanze amabati ku miryango 25

Sosiyete y’itumanaho ikunzwe na benshi mu Rwanda, Airtel Rwanda ku bufatanye n’akarere ka Huye bafatanyije mu bukangurambaga ku miryango 25, ku bijyanye no kwita ku isuku n’akamaro kayo. Iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Ngoma aho imiryango 25 ikennye yahawe amabati yo gusakaza ubwiherero. KABALISA Arsene umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Ngoma, yavuze ko yishimiye cyane […]Irambuye

Ngoma: Bamwe mu batuye i Kazo bararana n’amatungo kubera ubujura

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kazo mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bw’u Rwanda, baratangaza ko bararana n’amatungo mu nzu babizi ko bashobora guhura n’indwara ziterwa n’umwanda, ariko ngo babiterwa n’ubujura bwibasira amatungo. Aba baturage babiterwa n’ubujura bwugarije uyu murenge aho bavuga ko aho kugira ngo amatungo yabo yibwe bazemera bakararana nayo. Ubuyobozi […]Irambuye

Ngoma: Barasaba Leta kubatunganyiriza igishanga cya Gisaya

Abatuye mu mirenge ya Rurenge, Gashanda na Karembo yo mu karere ka Ngoma barasaba Leta ko yabatunganyiriza igishanga cyitwa Gisaya gihuriweho n’iyi mirenge yose, bavuga ko gitunganyijwe bakagihingamo aribwo cyabaha umusaruro kurusha uwo bakuramo ubu. Ubuyobozi bw’umurenge wa Karembo nk’ahari abaturage bafite uruhare kuri iki gishanga butangaza ko buri gukora ubuvugizi ku buryo hari gahunda […]Irambuye

Ngoma: Abana bataye ishuri barasaba ubufasha ngo barisubiremo

Bamwe mu bana bo mu Murenge wa Karembo, Akarere ka Ngoma bataye ishuri ngo kubera ubukene bwugarije imiryango yabo, baravuga ko babonye ubufasha basubira mu ishuri kuko ngo batanejejwe no kurinda imirima y’umuceri bamwe barimo. Benshi mu bana bo mu Murenge wa Karembo baganiriye n’UM– USEKE, bibera mu mirimo yo kurinda imirima y’umuceri. Uwitwa Mugenzi […]Irambuye

Tunduti/Ngoma: Badindizwa mu iterambere no kutagira imihanda myiza

Abatuye agace kitwa Tunduti, mu Murenge wa Kazo, mu Karere ka Ngoma bavuga ko kutagira imihanda myiza bibangamira iterambere ryabo ngo kuko umusaruro wabo utagera ku isoko byoroshye, bigatuma bawugurisha bahenzwe kubera kubura andi mahitamo. Abatuye i Tunduti batunzwe n’ubuhinzi n’ubworozi, hera umuceri mwinshi mu gishanga cy’Akagera, hazwiho kandi kuba ikigega cy’ibitoki n’ibishyimbo. Abahinzi baho bavuga […]Irambuye

Ngoma: Kunywera itabi mu ruhame byabaaye akamenyero

Abatuye Kibungo, mu Mujyi w’Akarere ka Ngoma ntibavuga rumwe ku kunywera itabi mu ruhame; Mu gihe bamwe bavuga ko babangamirwa n’umwotsi w’itabi utumurirwa mu ruhamwe, ndetse ngo unabagiraho ingaruka z’ako kanya, hari abarinywa bo bavuga ko mu gihe kurivaho byabananiye nta kundi babigenza. Ubushakashatsi bwakozwe n’umurango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) bwagaragaje ko kunywera itabi […]Irambuye

Rubanda bati iki kuri REFERENDUM yo kuwa gatanu?

*Abenshi twaganiriye ntibazi ibikubiye mu Itegeko Nshinga ryavuguruwe *Benshi ariko barabizi neza ko Itegeko Nshinga ryavuguruwe *Bacye ntabyo bazi, bazi ko amatora yo kuwa gatanu ari ayo gutora Kagame *Benshi ikibashishikaje ni ugutora Referendum kugira ngo P.Kagame yongere yiyamamaze. *Umwe yavuze ko bazamutora ariko amusaba kugabanya imisoro Abanyamakuru b’Umuseke mu mujyi wa Kigali, mu turere […]Irambuye

Twahirwa wigeze gukatirwa urwo gupfa, yaburaniye i Rukumberi aho yakoreye

Ngoma – Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, icyumba cy’Urukiko rw’ibanze rwa Sake kimaze kuba gito ku baturage bari kuza gukurikirana iburanishwa rya Francois Twahirwa wari warahamijwe n’inkiko uruhare rutaziguye mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Komini Sake yigeze kubera Burugumestre ndetse agakatirwa urwo gupfa. Iburanisha uyu munsi niho ryatangiye kubera. Urugereko rwihariye rw’Urukiko […]Irambuye

en_USEnglish