Tags : Ngoma

Umuhanda Kazo – Mutenderi urimo gusenyuka utaramara umwaka wubatswe

*Akarere ngo kabuze amafaranga yo kuwubaka uko bikwiye Umuhanda Kazo – Mutenderi mukarere ka Ngoma ubu watangiye gusenyuka mu gihe utaramara umwaka urangije kubakwa. Abawukoresha bavuga ko bitewe n’uko wubatswe nabi ndetse amazi awuvaho ari gusenyera abawuturiye kuko nta miferege itunganye ufite. Ubuyobozi ngo bugiye kugarura uwawubatse awukore neza. Ni umuhanda w’igitaka wa 16Km uhuza […]Irambuye

Ngoma/Rurenge: Imyaka 3 bategereje ko Ivuriro bubatse rikora, basubijwe

Nyuma y’inkuru zigera muri eshatu Umuseke wakoze ku kibazo cy’abaturage bo mu kagari ka Akagarama, mu murenge wa Rurenge mu karere ka Ngoma bavugaga ko bafite ikibazo cy’ivuriro biyubakiye rikaba ridakora, abaturage bishimiye ko ryatangiye gukora. Twongeye gusura aba baturage batubwira ko batangiye kurigana kandi ngo ribafitiye akamaro cyane, bavuga ko batagikora ingendo ndende bajya […]Irambuye

Ngoma: Mu kagari Kamuzingira bongeye kubona amazi meza baherukaga mbere

Abaturage bo mu kagari ka Muzingira mu murenge wa Mutenderi, babonye amazi meza nyuma y’igihe kinini Umuseke ubakorara ubuvugizi, ngo barwaraga indwara ziterwa no kunywa no gukoresha  amazi mabi. Umuryango nyarwanda utegamiye kuri Leta, uharanira guteza imbere uburezi, washora miliyoni eshehsatu (Frw 6 000 000) mu mushinga wo kwegereza abaturage amazi kugira ngo bagire ubuzima bwiza, […]Irambuye

Ngoma/Tunduti: Bakora urugendo rurerure bajya kwa muganga

Mu kagari ka Kinyonzo umurenge wa Kazo ho mu karere ka Ngoma abaturage bavuga ko bivuriza kure aho bakora urugendo rw’amasaha arenze abiri bajya kwivuza by’umwihariko ku mugore uri kunda ngo ni ikibazo gikomeye. Abagore batwite bageze mu gihe cyo kubyara ngo bagera kwa muganga barembye cyane, bakaba basa ko bafashwa kubona ivuriro hafi. Ubuyobozi […]Irambuye

Ngoma: Abayobozi basabwe kugenzura ko abanyamahanga bafite ibyangombwa

Ubuyobozi bw’Intara y’U Burasirazuba burasaba inzego z’ubuyobozi zose mu karere ka Ngoma kwita ku mutekano hirindwa icyo ari cyo cyose cyahungabanya umutekano w’abaturage by’umwihariko kumenya ko abanyamahanga bari mu mudugudu wose mu buryo butazwi kubamenya no kumenya ko bujuje ibyangombwa. Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje umuyobozi w’Intara y’U Burasirazuba n’inzego zose z’akarere ka Ngoma uhereye ku […]Irambuye

Ngoma: Abaturage batanze Miliyoni eshanu mu kubaka “Post de Sante”

*Ngo ntibaremererwa kuhivuriza bakoresheje mutuelle de sante, *Baruhutse urugendo rw’amasaha abiri bajya kwivuza ahandi. Mu kagari ka Sakara, umurenge wa Murama mu karere ka Ngoma huzuye ivuriro ryo ku rwego rwa “Poste de santé” ryagizwemo uruhare n’abaturage mu iyubakwa ryayo, amafaranga milioni 25 yaryubatse, asaga milioni eshanu (Rfw 5 000 000) yari uruhare rw’abaturage. Abaturage bahamya […]Irambuye

Ngoma: Abo muri FPR-Inkotanyi muri IPRC n’abo ku karere mu

Mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire mu banyamuryango ba FPR Inkotanyi mu karere ka Ngoma, Abanyamuryango ba “Special Cell” ya IPRC-East n’iy’abakozi b’Akarere ka Ngoma mu mpera z’iki cyumweru bahuriye hamwe bareba uko bahuza imbaraga mu kurushaho guteza imbere imibereho y’abatuye aka karere muri rusange. Ni igikorwa cyabereye mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya […]Irambuye

Ngoma/Jarama: Hatangiye icyumweru cyo gusuzuma abaturage indwara zitandura ku buntu 

Mu karere ka Ngoma hatangijwe icyumweru cyo kwita ku buzima, mu murenge wa Jarama aho abaturage bigishijwe kuri gahunda yo kwita ku mwana mu gihe cy’iminsi 1000 banakangurirwa kugaburira abana indyo yuzuye. Mu murenge wa Jarama haracyagaragara abana barwaye bwaki nk’uko bamwe mu baturage baho mumurenge babitubwiye. Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma bwasabye by’umwihariko abatuye kugira […]Irambuye

Ngoma: Abo mu kagari k’Akaziba ntibagihahirana n’abaturanyi nyuma y’ikiraro cyangiritse

Abaturiye igishanga gihingwamo umuceri mu kagari ka Akaziba, mu murenge wa Karembo, mu karere ka Ngoma binubira kuba batabasha kugirana ubuhahirane n’abaturanyi babo bo mu kagali ka Nyamirambo na Kabirizi bitewe n’uko ikiraro cyabahuzaga cyasenyutse, bavuga ko aho banyuraga huzuye amazi kubera iki gishanga bagasaba ko hubakwa urutindo rugezweho rubafasha kwambuka. Bavuga ko babangamiwe no […]Irambuye

en_USEnglish