Tags : Muhanga

Abazi Nyabarongo muri za 1960 yari urubogobogo, ku bandi ngo

*Abaturage bavukiye Mushishiro bahamya ko Nyabarongo ya kera yasaga neza, *Ukora ubucukuzi bw’amabuye we avuga ko bitashoboka ko Nyabarongo yaba urubogobogo, *Ku bandi barimo Minisitiri Vincent Biruta ngo hari byinshi byakorwa mu guhindura amazi ya Nyabarongo. Umunsi umwe, uwari Mayor wa Muhanga Mutakwasuku Yvonne yabwiye Perezida Kagame Paul ko azasubira mu karere ke Nyabarongo yarabaye […]Irambuye

Muhanga: Ikusanyirizo ry’amata ryongeye gukora nyuma y’imyaka 7 rihagaze

*Ikusanyirizo ry’amata ryatashywe na Bernard MAKUZA 2009 akiri Minsitiri w’Intebe, *Ubuyobozi bucyuye igihe  bwagiranye ibibazo na Koperative bituma ikusanyirizo rihagarara, *Kuri uyu wa kane ryakiriye litiro 250 z’amata kuri litiro 2 000 rigomba kwakira ku munsi. Hari hashize imyaka ndwi (7) ikusanyirizo ry’amata riherereye mu murenge wa Nyambabuye mu Karere ka Muhanga ridakora bitewe n‘impaka […]Irambuye

Muhanga: Polisi yahagurikiye ikibazo cy’abiyitirira kuba abamotari bagakora amakosa

Polisi mu Karere ka Muhanga ku bufatanye na koperative z’abamotari mu Ntara y’Amajyepfo bavuga ko hagiye gukorwa ibarura ryimbitse ry’abakora akazi ko gutwara abantu kuri moto kuko ngo hari abiyitirira uyu mwuga bagakora amakosa badafite aho babarizwa hazwi. Iki gikorwa kizabanzirizwa n’ibarura ryimbitse rizatuma habasha kumenyekana umwirondoro wa buri mumotari wese, ukubiyemo amazina yombi, ubwoko […]Irambuye

Muhanga: Ba Gitifu10 b’Utugari banditse basezera ku mirimo

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari 10 mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Muhanga, bandikiye Ubuyobozi bw’Akarere basaba ko bubemerera bakava ku mirimo. Hari hashize igihe kinini amakru avuga ko bamwe mu banyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge itanu bagiye  kwegura ku bushake bwabo, ariko kuri ubu icyemezwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ni uko abeguye ari abo mu tugari 10  kuri […]Irambuye

Muhanga: Hagiye gukorwa urutonde rw’abajura b’amabuye y’agaciro

Mu nama yahuje abahagarariye Kampani zicukura amabuye y’agaciro n’ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, abacukura amabuye babwiye Akarere ko bagiye gukora urutonde rwa bamwe mu bayobozi  mu nzego zitandukanye  bakora ubucukuzi nta byangombwa  bafite  bibemerera kuyacukura. Iyi nama yari igamije kurebera hamwe agkamaro amabuye y’agaciro afitiye abayacukura, abayagurisha n’igihugu muri rusange n’ibibazo biyabonekamo birimo bamwe mu bayobozi […]Irambuye

Muhanga: Akarere kagiye gukorana amasezerano n’ababyeyi bafite abana b’inzererezi

Mu kiganiro n’abanyamakuru UWAMARIYA Béatrice Mayor w’Akarere ka Muhanga, atangaza ko  bagiye  kugirana amasezerano n’ababyeyi bafite abana bibera mu mihanda  kugira ngo n’ibayarengayo  bafatirwe ibihano. Iki kiganiro n’Abanyamakuru  cyagarutse kuri bimwe mu bibazo by’ingutu bihangayikishije Akarere ka Muhanga, ndetse n’igihugu muri rusange harimo cyane ikibazo cy’abana b’inzererzi  bahunga imiryango bakomokamo bagahitamo kwibera mu mihanda. Ubushize […]Irambuye

Muhanga: Ihame ry’uburinganire muri Koperative ntiriragerwaho

Mu mahugurwa yahuje amwe mu makoperative yo mu Ntara y’Amajyepfo, n’ayo mu Ntara y’Uburasirazuba n’umushinga w’abanyaCanada ushinzwe gutera inkunga amakoperative (Canadian Cooperative Agency), — USENGIMANA Emmanuel umuhuzabikorwa w’uyu mushinga atangaza ko ihame ry’uburinganire mu makoperative ritarimakazwa. Ni nyuma y’aho abaterankunga b’amakoperative agera ku 15 akorera mu Ntara y’Amajyepfo n’ay’Iburasirazuba baboneye ko uburinganire mu makoperative bukiri […]Irambuye

Muhanga: Abajura bajya kwiba bambaye umwambaro w’Abanyerondo

*Abapagasi barara irondo baratungwa agatoki kuba abafatanyacyaha… Mu nama ya njyanama  y’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga yateranye kuri uyu 26 Kanama, Perezida  wa Njyanama y’uyu murenge, Munyakayanza Gonzalve yavuze ko abarara amarondo ari bo baha icyuho abajura ndetse ko hari igihe abajura bajya kwiba bambaye umwambaro wagenewe aba bacunga umutekano. Ubusanzwe  abaturage  batuye […]Irambuye

en_USEnglish