Tags : MINISPOC

u Rwanda rwasabwe kwakira ikicaro cy’ubunyamabanga bwa Zone 4

Kuri uyu wa gatatu tariki 13 Gicurasi 2015 i Kigali hatangijwe ku mugaragaro inama y’iminsi ibiri ihuriyemo ibihugu 14 bigize “The  African Union Sport” Zone ya kane igamije kuzamura igenamigambi ry’iyi zone ya kane mu mikino. u Rwanda rukaba ruherutse gusabwa kwakira ikicaro cy’ubunyamabanga bw’iri huriro. Ibihugu bihagarariwe muri iyi nama ya Zone 4 iri […]Irambuye

MINISPOC irasaba abaturage kumva ko bafite uruhare mu kubaka amasomero

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa mbere tariki 11 Gicurasi 2015, Minisiteri y’Umuco na Siporo, Nyangezi François ushinzwe by’umwihariko guteza imbere umuco, yasabye ko Abanyarwanda batangira kumva ko bafite uruhare mu iyubakwa ry’amasomero kuko ngo Leta itabasha kumenya neza umubare w’amasomero akenewe muri buri gace.   Muri iki kiganiro, abanyamakuru babwiwe ko ubu mu […]Irambuye

Ibintu byangiza ubuzima bwawe ushobora kwirinda

Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée de Kigali. Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) bwagaragaje ko abarwayi 90% muri Afurika bazira indwara zikomoka ku mirire mibi. Benshi barazira kubura intungamubiri abandi bararenza ibyo umubiri ukeneye, […]Irambuye

Rwanda: Indangagaciro y’igihe duhora tuyivuga ku munwa mu ngiro ntayo

Mu Rwanda kubahiriza igihe bisa n’ibyabaye guca umugani ku manywa ku bantu bamwe ndetse n’inzego za Leta n’abikorera. Umuntu ntatinya kugutumira mu birori runaka cyangwa mu gikorwa yateguye, wahagera ugategereza isaha imwe ikarangira, iya kabiri ikaza ndetse n’iya gatatu ikaba yakwihirika! Ahanini dukunda kuvuga ko igihe ari amafaranga, ndetse tukanabyubahira ‘Abazungu’ ngo uyu muntu ni […]Irambuye

Uko FERWAFA ikoresha umutungo ubu ngo bigiye kujya bigenzurwa

Ku bibuga bitandukanye igihe amakipe aba agiye gukina, ngo hakunze kugaragara amanyanga mu gutanga amatike yo kwinjirira bigatuma Leta n’amakipe ubwayo ahomba. Ibi ngo bizakemurwa no gukoresha ikoranabuhanga nk’uko Minisitiri w’Umuco na Siporo(MINISPOC) yabisobanuriye bamwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa mbere ubwo bifuzaga kumenya uko amafaranga ava ku bibuga acungwa n’uko FERWAFA […]Irambuye

Umwami Cyirima II Rujugira yasurwa i Huye nk’uko ba Pharaon

Mu Ngoro y’Umurage i Cairo mu Misiri, hasurwa ibimenyetso by’umurage byinshi birimo n’imigogo ya ba Pharaon. Mu Rwanda ntibisanzwe ko hasurwa umugogo w’Umwami mu Ngoro y’umurage ariko byakorwa. Byahera ku wa Cyirima II Rujugira mu Ngoro y’umurage ya Huye, mu Ntara y’Amajyepfo. Ni icyifuzo mu byakongera ibisurwa mu ngoro z’umurage mu Rwanda. Mu Ngoro y’Umurage […]Irambuye

Gasigwa yageneye ishimwe Jeanette Kagame ku bw’inama ze zubaka igihugu

*Asanga uruhare rwa Jeanette Kagame mu iterambere ry’u Rwanda ari runini, ndetse ngo ibyo Perezida Kagame ageraho abikesha umujyanama mwiza *Ababazwa no kuba urubyiruko rw’ubu rubona amahirwe yo guhabwa inama na Jeanette Kagame ntiruzikurikize. *Asanga ababaye abagore b’abakuru b’ibihugu byategetse u Rwanda, hari umwenda bafitiye Abanyarwanda. *Gasigwa amaze gukora filimi eshatu zibanda kuri jenoside, we […]Irambuye

Minisitiri Uwacu asanga ikoranabuhanga ryafasha mu gusubiza abapfobya Jenoside

Ku nshuro ya kane Umuryango w’Urubyiruko rurwanya Jenoside (Never Again Rwanda) wahuje urubyiro kugira ngo ikomeze kurushishikariza guhangana n’abahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne akaba yasabye urubyiruko gukoresha ikoranabuhanga ruhanga n’abahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Kuri uyu wa 2 Mata 2015 i Kigali, urubyiruko […]Irambuye

“Abapfobya Jenoside bazahoraho, kuvuga ko bazaceceka ni ukwibeshya,” Dr Bizimana

Dr. Bizimana Jean Damascene Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG), kuri uyu wa kabiri tariki 31 Werurwe, mu kiganiro n’abanyamakuru yavuze ko abapfobya Jenoside bazahoraho, ngo kwibeshya ko bazageraho bagaceceka burundu ntibishoboka. Dr Bizimana uyobora Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside avuga ko n’Abayahudi bakorewe Jenoside, hashyize hafi imyaka 80 bagihanganye n’icyo kibazo […]Irambuye

Icyunamo n’imihango yo kwibuka Jenoside bizabera ku rwego rw’umudugudu

*Nta jambo rizavugirwa muri Sitade Amahoro nk’uko byari bisanzwe *Kwibuka ku rwego rw’igihugu bizajya biba nyuma y’imyaka itanu *Nta nsanganyamatsiko yihariye yagenewe ibikorwa umuhango wo kwibuka *Ibibazo by’abarokotse bigenda bigabanuka ariko hari ibitakemuka umunsi umwe Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki 31 Werurwe 2015 mu cyumba cy’inama cya Minisiteri y’Umuco na Siporo, Minisitiri […]Irambuye

en_USEnglish