Tags : Minihealth

Nyabihu: Icyorezo cy’ISERU kimaze guhitana abantu 5

Mu mudugudu wa Bikingi, mu kagari ka Kijote umurenge wa Bigogwe, mu karere ka Nyabihu hateye icyorezo cy’indwara y’iseru yibasiye abana n’abantu bakuru. Ku kigo nderabizima cya Bigogwe bamaze kwakira abarwayi bagaragaza ibimenyetso 35 muri bo batanu bamaze kwitaba Imana. Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC ishami rishizwe kurwanya no gukumira indwara z’ibyorezo bavuga ko iki cyorezo […]Irambuye

Drones zizakemura ikibazo cyo kugeza amaraso ahari hagoranye – Kagame

Ubwo yatangizaga ku mugaragaro gahunda yo gutwara amaraso hakoreshejwe utudege duto tutagira umupilote “drone”, Perezida Paul Kagame yashimiye buri wese wagize uruhare muri uyu mushinga, avuga ko utu tudege tuzakuraho imbogamizi yo kugeza amaraso mu duce tumwe tw’igihugu byari bigoye kugeramo mu nzira isanzwe. Uyu muhango wabereye i Muhanga hamwe mu hazaba hakorerwa imirimo itandukanye […]Irambuye

Ubuvuzi bw’ibanze ku ndwara zitandura bwageze mu Bigo Nderabuzima ariko

Indwara zitandura nk’umuvuduko w’amaraso, diabete, asima, indwara zo mu buhumekero, “cancer screening”, indwara z’imitima, ubuvuzi bwazo bwabanje kuba mu bitaro bikomeye, ariko Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko ubu zivurirwa mu bitaro by’uturere, intego ikaba ari uko ubuvuzi bw’ibaze bwa zimwe muri izi ndwara bwatangiye gushyirwa mu Bigo Nderabuzima. Dr Ntaganda Evariste ushinzwe Indwara z’Umutima muri Program […]Irambuye

Umugore wahoze arwajwe n’akana ke, yitabye Imana

Vestine Mukamana, umugore udafite undi muryango uretse umwana we w’umukobwa w’imyaka itandatu wahoze amurwaje mu bitaro bya CHUK yitabye Imana mu bitaro bya Kibagabaga saa sita n’iminota 20 kuri uyu wa mbere azize uburwayi bw’impyiko. Inkuru y’uko uyu mugore yari arwajwe n’umwana we yo mu mezi abiri ashize yatumye abantu benshi bahaguruka baramurwaza, baramusura abandi […]Irambuye

Drones zizagabanya ‘risks’ n’amaraso yangizwaga adatewe abarwayi – Dr. Binagwaho

*Imwe muri izi Zipline drones, yeretswe Abanyarwanda n’amahanga tariki ya 13 Gicurasi 2016, *Zifite ubushobozi bwo gutwara Kg 1,5 zizajya zizatangira zikorera mu Bitaro (Hospital) 20 zizagere no kuri 45 byose mu gihugu. *Dr Binagwaho avuga ko izi Drones zizagabanya ingano y’amaraso, ahenze cyane yangirikaga adatewe abarwayi. Mu kiganiro kigamije kuvuga ku bibazo biri mu […]Irambuye

U Rwanda rubimburiye Isi mu gutangiza Drones zizakoreshwa mu buvuzi

*Keller Rinaudo uyobora Zipline yavuze ko bashoye miliyoni 12 z’Amadolari mu gukora drones zabo, *Nta gihindutse muri Nyakanga 2016 drones hagati ya 12 na 15 zizaba zageze mu Rwanda, gahunda yo izatangira gukora mu Ugushyingo 2016. Uyu mushinga wa Drones Zipline umaze kwemeranywaho hagati ya Leta y’u Rwanda ihagarariwe na Minisiteri y’Ubuzima n’Iy’Ikoranabuhanga, n’ikigo Zipline […]Irambuye

Global Health Corps igiye gufasha mu bibazo biri mu rwego

Umushinga Global Health Corps utegura abayobozi mu nzego z’ubuzima wiyemeje kurandura ibibazo byo gucunga imari mu rwego rw’ubuzima. Uyu mushinga wahuje inzego z’ubuzima, abantu bakora mu nzego z’ubuzima harimo na Ministeri y’Ubuzima barebera hamwe uburyo bwo gucunga imari mu rwego rw’ubuzima. Ministiri w’ubuzima Dr. Agnes Binagwaho, avuga ko  mu Rwanda hakiri ikibazo cy’abantu batitabira gutanga […]Irambuye

Minisiteri y’Ubuzima n’abayifasha bariga ku ishoramari rikwiye mu buzima

Kuva ku wa 29-31 Werurwe i Nyamata mu karere ka Bugesera harabera inama yiga ku mpinduka ku bijyanye n’ishoramari mu bijyanye n’ubuzima hagamijwe gushishikariza abikorera ku giti cyabo kuzamura ibikorwa bigamije guteza imbere ubuzima. Iyi nama yateguwe na Minisiteri y’ubuzima irimo abahanga mu by’ubuzima, abaterankunga basanzwe batera inkunga ibikorwa by’ubuzima mu Rwanda baturuka hanze, abikorera […]Irambuye

Amabara afite akamaro kanini harimo no kuruhura umubiri

Amabara atandukanye ari ahantu hadukikije afite uruhare runini ku buzima bwa muntu. Amabara afite ubushobozi bwo  kuruhura no gukangura (relax and stimulate) imikorere y’umubiri  wacu no guhindura imyitwarire yacu (behaviours). Amabara agira icyo atwara umubiri bitewe n’uko atuma imvubura  z’umubiri  zivubura imisemburo itandukanye ariyo ihindura  imikorere y’umubiri nk’uko byemezwa na Dr. Julian MELGOSA, inzobere mu […]Irambuye

en_USEnglish