Tags : Minihealth

Nyamasheke: Abagore bemeza ko guherekezwa n’abagabo bituma kubyara bigenda neza

Mu gihe inzego zifite aho zihuriye n’ubuzima zishishikariza abagabo kuba hafi y’abagore babo igihe bagiye kubyara, bamwe mu batuye mu karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Uburengerazuba bavuga ko abagabo kubaba hafi bagiye kubyara bituma bigenda neza. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na bamwe mu bagore b’i Nyamasheke, bavuga ko kuba hari abagabo batubahiriza izi nama biterwa […]Irambuye

Min. Binagwaho yerekanye ingamba zo kongera abaganga no kugumana abahari

Ubwo aheruka mu Nteko Nshingamategeko umutwe wa Sena, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho, yabwiye komisiyo ya Politiki n’Imibereho myiza, ingamba zihari zokongera abaganga no gufata neza abahari, kugira badakomeza kwigendera bashaka ahari ubuzima bwiza, Abasenateri bifuzaga ko abaganga bagira ‘Statut’ yihariye. Icyo gihe ku wa kane tariki 3 Werurwe, Dr Binagwaho yari yagiye gusobanura ibijyanye […]Irambuye

Kwisuzumisha indwara zitandura bikorwa n’abantu mbarwa kandi byoroshye – Dr

*Indwara zitandura cyangwa ngo zanduzwe ubu zihitana benshi mu Rwanda, *Izi ndwara kuzisuzumisha kare bifasha kuzivura mu buryo burambye, *Uko imibare y’abicwa n’izi ndwara yazamutse kuva 2013 kugeza ubu biteye inkeke Kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho yari imbere ya Komisiyo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Sena, aho yasobanuraga ibijyanye n’Indwara zitanduzwa […]Irambuye

Abarwara Malaria bariyongera, abahitanwa na yo bo bakagabanuka

*Abayoboye amadini akomeye mu Rwanda batumiwe ngo bafashe MINISANTE kurwanya Malaria *Umubare w’abahitanywe na Malaria wavuye kuri 499 ugera kuri 424 muri 2015 *MINISANTE igiye gutangiza ubukangurambaga budasanzwe bwo kurwanya Malaria *Ntitwicwa na Malaria twicwa no gutinda kujya kwa muganga – Min Binagwaho Mu kiganiro Minisiteri y’Ubuzima yagiranye n’Abanyamadini barebera hamwe ubufatanye mu guhangana no […]Irambuye

Ababyeyi bafite uruhare mu kurinda abana babo kubyara imburagihe

*Iri huriro risanga ababyeyi bagomba gufatanya n’abarezi mu gukumira iki kibazo bigisha abana babo, *U Rwanda ruracyugarijwe n’ibibazo by’imirire mibi, kugwingira kw’abana, Malaria na SIDA, *Birakwiye ko abana bagwiririwe no kubyara imburagihe batajugunywa inyuma y’umuryango, bagomba kwitabwaho, *Kubyara imburagihe bigira ingaruka nyinshi ku mubyeyi n’umwana n’umuryango, *Ihuriro RPRPD risaba ko hajyaho abajyanama bafasha abana babyara […]Irambuye

Mu Rwanda abasaga ibihumbi 290 barwaye Diabete, abandi ntibazi ko

Kuri uyu wa kane urugaga rw’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda biga ubuforomo, ku bufatanye n’ishyirahamwe rw’abarwayi ba Diabete (Igisukari), batangije ubukangurambaga bw’iminsi ibiri bugamije kurwanya no kwirinda indwara ya Diabete. Ubukangurambaga burakorerwa mu mashami atandatu ya Kaminuza y’u Rwanda, ababutangije bavuga ko buzafasha kugabanya umubare w’abantu bafatwa na Diabete batabizi. Ibikorwa bijyana n’ubu bukangurambaga, birimo  […]Irambuye

Kirehe: Indwara z’imirire mibi zugarije bamwe mu bana n’abakuze

Mu karere ka Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba haravugwa ikibazo cy’abana ndetse n’abakuze bagaragaraho imirire mibi, ibi bikaba byahagurukije inzego zitandukanye zirimo amatorero n’amadini ndetse n’ibigonderabuzima muri aka karere n’abandi barimo abafatanyabikorwa hagamijwe guhangana n’iki kibazo. Abaturage ba Kirehe basabwa kwita ku mirire myiza y’abana na cyane ko hari bamwe bashinjwa kugurisha imfashanyo baba bahawe n’ibigonderabuzima […]Irambuye

en_USEnglish