Tags : Minihealth

Koresha indyo yuzuye nk’urukingo ruhendutse rw’indwara nyinshi

Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée de Kigali. Ndababwira ukuri ko washingira ku myizere, imigenzo n’ibindi, ibyokurya bifete imbaraga zikiza karemano byahawe n’Imana. Ibi mbabwira ni ubuhamya bwanjye n’ubw’abakize indwara bavuwe no kurya neza. Ni impamo […]Irambuye

Amazi ahishe ibanga rikomeye ku buzima bw’umuntu

Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée de Kigali. Abantu benshi mu bukwe, igihe bari kumeza bafata amafunguro, igihe bari imuhira ndetse n’iyo bagize inyota bahitamo kunywa inzoga cyangwa imitobe n’ibindi binyobwa bakirengagiza amazi. Ni uko abantu […]Irambuye

en_USEnglish