Tags : Minihealth

SFH yanenze abanyamakuru kudashishikazwa n’inkuru z’ubuzima

Umuryango witwa ‘Society for Family Health (SFH), wita ku by’ubuzima waneze abantu bacuruza udukingirizo ariko bakaba batadushyira ahagaragara bigatuma abaturage batagira imyumvire yo kudukoresha bikongera ubwandu bwa SIDA, ngo itangazamakuru rigomba gukora inkuru z’ubuzima zicukumbura ibibazo bihari. Mu kiganiro uyu muryango SFH watanze mu mahugurwa y’abanyamakuru ku wa gatatu tariki 7 Ukwakira 2015, wavuze ko […]Irambuye

Gatsibo: Ababyeyi batwite bacibwa amande iyo batipimishije inshuro enye

Ababyeyi bagana Ikigo nderabuzima cya Bugarura  giherereye mu karere  ka Gatsibo baravuga ko babangamiwe n’amande bacibwa iyo bagejeje igihe cyo kubyara batarisuzumishije incuro zose, kuko ngo bituma hari abana babo bitera kubura inkingo. Ubuyobozi bw’akarere ka gatsibo bwo buvuga ko nta wemerewe guca amande ababyeyi ngo hagiye gukurikiranwa uwihaye izo nshingano. Ababyeyi Radio Flash yasanze […]Irambuye

Dr. Binagwaho asanga kureka guhana ibiganza byarinda kwanduzanya ibicurane

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Agnes Binagwaho yavuze ko muri iki gihe ibicurane byiyongereye bityo abantu bakwiye gufata ingamba z’isuku no kwirinda, detse byaba ngombwa guhana ibiganza abantu basuhuzanya bakabireka. Iki kiganiro cyavugaga muri rusange ku buzima mu gihe cy’amezi atatu ashize, ariko ibibazo by’abanyamakuru byibanze cyane ku bibazo biri […]Irambuye

Ngoma: Abakora isuku 72 mu bitaro bya Kibungo bamaze amezi

Abakozi basaga 72 bakora isuku ku bitaro bikuru bya Kibungo biri mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Uburasirazuba barasaba abo bireba bose kubafasha kubona imishahara yabo y’amezi ane bamaze bakora badahembwa. Aba bakora isuku kwa muganga bazwi ku izina ry’abataravayeri bashyira mu majwi rwiyemezamirimo witwa Mutoni Moize ufite kampani yitwa ‘Prominent General Services Ltd’ ari […]Irambuye

Kwikinisha bishobora kugira ingaruka mbi ku buzina bw’ubikora

Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée de Kigali. Nkuko benshi cyane mu bakunzi bacu mwabyifuje ko twabashakira birambiye ingaruka mbi zo kwikinisha, gusubiza icyifuzo cyanyu tubikesha igitabo cya muganga Ellen Harmony White. Atangira agira ati: “Kwikinisha […]Irambuye

Dr. Binagwaho yasobanuye ibyo kwegurira abikorera ‘Ibigo by’Ubuzima’

Kuri uyu wa kabiri tariki 5 Gicurasi 2015, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Agnes Binagwaho, yasobanuye byinshi ku bibazo by’abadepite bagize Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi, ni nyuma y’aho abari abaforomo bo ku rwego rwa A2 biyambaje Inteko bavuga ko hari ibidasobanutse muri politiki nshya yo kwegurira abikorera ‘Postes de Sante’. Abaforomo bari bafite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye (A2) bakoraga […]Irambuye

Ibintu byangiza ubuzima bwawe ushobora kwirinda

Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée de Kigali. Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) bwagaragaje ko abarwayi 90% muri Afurika bazira indwara zikomoka ku mirire mibi. Benshi barazira kubura intungamubiri abandi bararenza ibyo umubiri ukeneye, […]Irambuye

en_USEnglish