Tags : Kwibuka

Abo twanesheje cya gihe ntibatubasha ubu dufite ibikoresho- Brg Gen

Mu mpera z’icyumweru gishize hibutswe Abatutsi biciwe kuri paruwasi yitiriwe Umuryango Mutagatifu (Sainte Famille), kuri Saint Paul no mu nkengero zaho, muri uyu muhango, Brg Gen Denis Rutaha yavuze ko abasize bahekuye u Rwanda bagihirahira guhungabanya umutekano w’u Rwanda batazagera ku migambi yabo mibisha kuko imbaragaza zabatsinze ubu zamaze kwaguka. Mu kiganiro yatanze ku rugamba […]Irambuye

Dr Bizimana ngo kuva mu 1959 abategetsi bagarageje ko igihugu

*Urwibutso rushya rwa Ruhango rwashyinguwemo imibiri isaga ibihumbi 20. Mu muhango wo gushyingura mu cyubahiro imibiri isaga ibihumbi 20 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside mu karere ka Ruhango, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG, Jean Damascéne Bizimana yavuze ko ingengabitekerezo ya Jenoside yatangiye kubibwa mu 1959 na bamwe mu bategetsi bakomoka mu ntara y’Amagepfo bagaragazaga ko abafite ijambo […]Irambuye

Kwibuka 22: Abanyarwanda baba Abidjan bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 09 Mata 2016, Abanyarwanda bagize Diaspora yo muri Côte d’Ivoire bafatanije n’inshuti zabo bahuriye mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Uyu muhango wabereye Abidjan mu cyumba mberabyombi cya Latrille Event, ukaba witabiriwe n’abantu b’ingeri nyinshi, harimo Abanyarwanda bakorera umuryango w’abibumbye, abakorera Banki […]Irambuye

Basketball: Bazibuka abazize Jenoside muri Kamena 2016

Kuva tariki 7 Mata kugeza 4 Nyakanga, Abanyarwanda baba bari mu minsi 100 yo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Basketball nawo uzibuka abakinnyi, abatoza n’abakunzi b’uwo mukino muri Kamena. Umukino wa Basketball mu Rwanda, uri mu nzego n’ibyiciro byatakaje benshi muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ibi nibyo byatumye ikipe ya Espoir BBC […]Irambuye

Karate: Lions Karate Do Club yitwaye neza mu marushanwa yo

Irushanwa ryo Kwibuka Abakarateka ndetse n’abakunzi b’uwo mukino bazize Jenoside yakorewe abatusi mu mwaka wa 1994 rizwi nka Never Again, ryasojwe kuri iki cyumweru, ikipe ya Lions Karate Do Club ariyo yegukanye iryo rushanwa. Muri iri rushanwa ryegukanywe na Lion Karate Do Club ku rwego rwa Kumite, cyangwa se kurwana, ryitabiriwe n’amakipe atandukanye yo mu […]Irambuye

Kwibuka: Abarokokeye i Masoro bafite impungenge ko amateka y'iwabo azazima

Mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Kagari ka Masoro, mu Murenge wa Ndera, mu Karere ka Gasabo, abaharokokeye baratangaza ko bafite impungenge ko iterambere ry’inganda ririmo kugera aho barokokeye rishobora kuzazimanganya amteka banyuzemo nihatagira igikorwa mu maguru mashya. Ni ku ncuro ya kabiri abarokokeye i Masoro b’ibutse ku rwego rw’Akagari ka […]Irambuye

Ruhango: Ibitaro by’Akarere byaremeye uwarokotse Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwifatanyije n’ubuyobozi bw’ibitaro bya Kinazi bwaremeye umubyeyi wapfakajwe na Jenosiode yakorewe Abatutsi mruri 1994, bumuha inka yo kumufasha kwizamura mu bukungu. Uyu muhango wo kwibuka wabereye ku Kigo nderabuzima cya Kinazi witabiriwe n’abakozi b’Ibitaro bya Ruhango n’imiryango yarokotse Jenoside. Abibukwa n’Ibitaro bya Ruhango bifatanije n’Ikigo nderabuzima cya Kinazi ni Nyiransengiyumva Febronie, […]Irambuye

Imanza za Jenoside zahawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa- Prof

Mu muhango wo kwibuka abahoze bakoreraga inzego zo hjuru z’ubutabera bw’u Rwanda bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata- Nyakanga 1994, wabaye kuri uyu wa Gatanu  ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ikirenga ku Kimihurura, Prof Sam Rugege yabwiye abari aho ko imanza z’abakoze Jenoside zihawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa kuko Jenoside ari icyaha kiruta ibindi byakorewe ikiremwamuntu. […]Irambuye

en_USEnglish