Tags : Kwibuka

Muhanga: KCB yunamiye inzirakarengane zishyinguwe Nyarusange

Abakozi ba Banki  y’ubucuruzi y’Abanyakenya (KCB)  bunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zishyinguwe mu rwibutso ruherereye mu  Murenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga. Muri iki gikorwa Umuyobozi w’iyi Banki ishami rya Muhanga Bayiringire Louis yavuze ko  kwibuka bitagomba guharirwa  abarokotse gusa. Aba bakozi  ba Banki  y’ubucuruzi y’Abanyakenya bavuga ko batekereje  kunamira inzirakarengane  […]Irambuye

Ikigo nderabuzima cya Mbuye kibutse jenoside ku nshuro ya gatatu

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Mata 2014, nibwo Ikigo nderabuzima cya Mbuye, giherereye mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango, kibutse abaganga, abarwayi, abarwaza, ndetse n’abandi bakozi bakoreraga icyo kigo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Icyo gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 20, kikaba gikozwe niki Kigo nderabuzima […]Irambuye

BRALIRWA yibutse abari abakozi bayo mbere ya 1994

Kuri uyu wa Gatanu Uruganda rukora ibinyobwa bitandukanye mu Rwanda, BRALIRWA,  rwibutse abahoze ari abakozi baryio bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi bagera kuri 60. Muri iki gikorwa cyabereye ku cyicaro cyayo kiri i Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, abayobozo ba BRALIRWA bemeye kuzafasha abana bakomoka kuri iriya miryango kuzabona akazi kababeshaho. Freddy Nyangezi Biniga ushinzwe […]Irambuye

Rusororo: Imibiri 276 iherutse gukurwa mu cyobo yashyinguwe

Kuri uyu wa kabiri tariki 15 Mata, Abatuye mu murenge wa Rusororo n’incuti zabo bifatanyije mu muhango wo kwibuka ku ncuro ya 20 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, banashyingura mu cyubahiro imibiri 287 irimo 276 iherutse kubonwa mu cyobo kiri iruhande rw’ishuri. Bose hamwe bashyinguwe mu rwibutso ruri mu cyahoze ari urusengero rw’itorero Anglican ruherereye mu […]Irambuye

en_USEnglish