Tags : Karongi

Karongi: Agakiriro k’Akarere katangiye kumeramo ibigunda

Agakiriro k’Akarere Karongi gaherereye mu Murenge wa Rubengera, Akagari ka Gacaca, kubatswe kugira ngo gafashe guteza imbere imirimo ngiro n’imyuga, ntikaratangira gutanga umusaruro wagenwe kubera ikibazo cy’amashanyarazi, dore ko ubu gakoreramo abantu mbarwa, ndetse n’ibice bimwe na bimwe bikaba byaratangiye kumeramo ikigunda. Hashize amezi arindwi Agakiriro (ibikorwa remezo byashyizwe muri buri Karere kugira ngo bifashe […]Irambuye

Dr Mukankomeje, Gen Ibingira na Dr Biruta bari kureba uko

Dr Vincent Biruta Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo REMA gishinzwe kubungabunga ibidukikike na Lt Gen Fred Ibingira Umugaba w’ingabo z’Inkeragutabara kuri uyu wa gatatu ahagana saa yine z’amanywa bageze i Karongi n’ubwato bavuye i Rubavu aho bari mu ruzinduko rwo kureba uko ibiyaga bya Kivu na Karago bibungabunzwe. Ikiyaga cya Karago (giherereye […]Irambuye

Karongi: Ushinzwe amashyamba mu karere yafashwe arafungwa

Police y’u Rwanda yataye muri yombi Eric Habyarimana umukozi wari ushinzwe iby’amashyamba mu karere ka Karongi. Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko uyu yafashwe kuri uyu wa 05 Mutarama 2016 akekwaho kurya ibya Leta atemerewe. Uyu mugabo akurikiranyweho kugurisha amashyamba ya Leta nta burenganzira abiherewe, harimo ishyamba rya Leta riherereye mu murenge wa Gashari n’iriri mu […]Irambuye

Karongi: Abanyamasengesho basengeye umugore urwaye ku mafrw 65 000 aranga

Umugabo witwa Musabyimana Emmanuel, utuye mu Kagari ka Gacaca, Umurenge wa Rubengera, mu Karere ka Karongi avuga ko yatekewe umutwe n’abantu biyita ko Imana yabatumye bamubwira ko bazasengera umugore we wari urwaye agakira, ariko bamuca amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 65; Nyamara ararenga arapfa. Abo banyamasengesho ngo bamutekeye umutwe we nk’uko abyita, ngo bafite icyumba cy’amasengesho […]Irambuye

Karongi: bamaze imyaka ine baba mu nzu mbi kurusha Nyakatsi

Iburengerazuba – Umuryango wa Venuste Sindabyemera n’umugore we n’abana babiri utuye mu mudugudu wa umudugudu wa Kirambo mu kagali ka Gitarama mu murenge wa Bwishyura wari utuye mu kazu ka nyakatsi kasenywe mu gihe cya Bye Bye Nyakatsi, kuko uyu mugabo ngo yafatwaga nibura nk’utishoboye ariko ufite amaboko yategetswe kwiyubakira indi nzu yemererwa guhabwa amabati, […]Irambuye

Karongi: ‘Amarozi’ yahitanye umugore n’umugabo we bapfa bakurikiranye

Mu bice bitandukanye by’icyaro, na hamwe na hamwe mu mijyi, hajya havugwa impfu z’abantu bikavugwa ko barozwe, mu kagali ka Rwungo Umurenge wa Rugabano Akarere ka Karongi haravugwa urupfu rudasanzwe rw’umugabo n’umugore we bapfuye bakurikiranye ho amasaha 24 nyuma y’uko ngo umuntu bavuga ko ari umurozi abaramukije bombi nyuma gato bakaremba umugabo agapfa mbere. Umugabo yitwa […]Irambuye

Karongi: Imvura yahitanye abantu, itengura imisozi inangiza imirima y’icyayi

Amakuru agera k’Umuseke aravuga ko abantu bagera kuri bane bahitanywe n’imvura yaguye mu mirenge imwe n’imwe mu karere ka Karongi kuwa kabiri nimugoroba, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gitesi we yabwiye Umuseke ko abagore babiri aribo muri uyu murenge bishwe n’umugezi wuzuye. Usibye ubuzima bw’abantu bwatakaye iyi mvura yateje inkangu inangiza imirima y’icyayi mu mirenge ya Mutuntu […]Irambuye

Dr. Rwirangira wayoboraga ibitaro bya Kibuye arafunze

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buremeza ko Dr. Rwirangira Theogene wayoboraga ibitaro bikuru bya Kibuye yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano akekwaho imikorere mibi. Hari amakuru avuga ko Dr. Rwirangira Theogene ufite Ipeti rya Captain mu Gisirikare cy’u Rwanda ashobora kuba afungiye muri Gereza ya Girikare yo ku Murindi. Umuyobozi w’Akarere ka Karongi Ndayisaba Francois yadutangarije ko […]Irambuye

Karongi: Abayobozi babiri ku bitaro bya Kibuye barafunze

Kuwa kabiri w’iki cyumweru tariki 13 Ukwakira, Inzego zishinzwe umutekano mu Karere ka Karongi zataye muri yombi abakozi babiri ba Koperative yo kubitsa no kugurizanya Umurenge SACCO ya Rubengera bakiraga bakanatanga amafaranga (cashier); Aba batawe muri yombi biyongera ku bakozi bakuru babiri b’Ibitaro bikuru bya Kibuye bakekwaho imikoreshereze mibi y’Amafaranga ya Leta, n’umuyobozi w’Akagari ka […]Irambuye

Karongi: Gitifu arafunzwe akekwaho kurigisa ifumbire no gukoresha nabi ibya

*Arakekwaho gutanga inka ku muturage abanje kumuha amafaranga, *Ifumbire umuturage yasabye, yandikaga kg 5 nyuma akazongeraho undi mubare imbere, *Karongi ihinga rihagaze neza nubwo imvura hamwe na hamwe yari yatinze kugwa. Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi buravuga ko uwari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kavumu mu murenge wa Twumba, yatawe muri yombi n’inzego za Polisi akekwaho kurigisa […]Irambuye

en_USEnglish