Tags : Karongi

Urukiko rwa Karongi rwategetse ko Kayumba wari Mayor aba arekuwe

Iburengerazuba – Guhera saa munani z’amanywa kuri uyu wa mbere Urukiko rwisumbuye  rwa Karongi rwatangiye isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo rya Bernard Kayumba n’abakozi batatu bareganwa nawe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta. Urukiko rwanzuye ko uyu wari umuyobozi w’aka karere aba arekuwe by’agateganyo kuko ibyaha ashinjwa hari ibyerekana ko bitamuhama. Abaregwa bose ntabwo […]Irambuye

Uwari Mayor wa Nyamasheke ubu nawe afungiye ku Kicukiro

14  Mutarama 2015 – Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yemereye ikinyamakuru Umuryango ko Habyarimana Jean Baptiste uherutse kwegura ku buyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ubu afungiye kuri station ya Polisi ku Kicukiro. Jean Baptiste Habyarimana yeguriye umunsi umwe na Bernard Kayumba, nawe ubu ufunze, ku itariki ya 08 Mutarama 2015. Habyarimana yeguye avuga ko yumvaga ananiwe, […]Irambuye

Kayumba wari ‘Mayor’ wa Karongi yatawe muri yombi

09 Mutarama 2015 – Bernard Kayumba wari umuyobozi w’Akarere ka Karongi yatawe muri yombi na Polisi i Karongi mu iperereza rikomeje gukorwa ku bibazo bivugwa ko biri inyuma yo kwegura kwe. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu muyobozi yatangiye kumenyekana  ahagana saa cyenda z’amanywa kuri uyu wa gatanu. Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba yirinze guhakana cyangwa ngo […]Irambuye

Karongi: Umuyobozi ushinzwe ‘Mutuel’ mu karere arafunze

Philippe Turatimana Umuyobozi w’ubwisungane mu kwivuza mu Karere ka Karongi amaze amajoro abiri mu maboko ya Polisi i Karongi. Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko na bamwe mu bayobozi bandi muri aka karere ndetse n’umuyobozi wako bamaze iminsi bategetswe kwitaba inzego z’umutekano buri gitondo. Nubwo iperereza rigikomeje, Turatimana kimwe n’abandi bayobozi barakorwaho iperereza ku kibazo cy’uburyo […]Irambuye

Karongi: Abana 3 bari kubatizwa ku cyumweru bagwiriwe n’ikirombe

Kuri uyu wa 04 Kanama, mu mudugudu wa Karutare, Akagali ka Rugobagoba, Umurenge wa Gashari mu karere ka Karongi, abana batatu bariho bacukura ingwa bagwiriwe n’ikirombe bose bitaba Imana. Aba bana batatu b’abakobwa ni Niyobuhungiro w’imyaka 25, Aline w’imyaka 15 na Mpinganzima w’imyaka 10 bagwiriwe n’iki kirombe ubwo bariho bacukura ingwa yera yo kujyana gusiga mu […]Irambuye

en_USEnglish