Tags : #Kagame

Kamonyi: Mu mihigo yaje mu turere 3 tw’inyuma, irashaka gusubira

Nyuma y’aho akarere ka kamonyi kaziye ku mwanya wa 28 mu kwesa imihigo ya 2014/15, ku wa kane kakoze imenyekanisha bikorwa n’abafatanyabikorwa bako mu rwego rwo kwerekana bimwe mu byahigiwe kugerwaho aho bigeze, Kamonyi yabaga iya kabiri cyangwa iya gatatu mu mihigo irashaka kwisubiza imyanya yayo ubutaha. Abafatanyabikorwa b’aka karere barimo ADRA-Rwanda, CARSA Medicus/ CEFAPEK […]Irambuye

Ubusesenguzi: U Burusiya na USA bishobora gukozanyaho muri Syria

Ba Minisitiri b’ingabo muri Leta zunze Ubumwe za America n’uw’U Burusiya barahura mu biganiro by’imbona nk’ubone “bidatinze bishoboka” kugira ngo hirindwe koi bi bihugu byombi byasakirana mu gihugu cya Syria, nk’uko umwe mu badiplomate yabitangarije BBC. U Burusiya bwatangaje ko bwarashe misile 20 ku nyeshyamba buvuga ko ari iza ‘Islamic State’ (IS) kuri uyu wa […]Irambuye

Rwanda: Hagiye kubakwa uruganda rutunganya ibiryo bifite intungamubiri

Leta y’u Rwanda yiyemeje gushora imari mu bikorwa byo kubaka uruganda ruzatunganya ibiryo bikize ku ntungamubiri, uyu mushinga izawufatanyamo n’ikigo Africa Improved Foods Ltd (AIF); mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda n’abatuye akarere kurya neza by’umwihariko abakene. Africa Improveed Foods Ltd ni ikigo gihuriwe n’ibindi bigo aribyo Royal DSM, FMO, DIAF na IFC. Mu itangazo Ikigo […]Irambuye

Ubukene bukabije mu bitangazamakuru buratuma ruswa ifata intera

*Ibitangazamakuru by’u Rwanda birakennye ku buryo hari ibihemba bamwe abandi bikabareka, *Ubukene mu banyamakuru butuma birengagiza amahame y’umwuga bagashukishwa amafaranga, *Hari abasanga Leta ifite uruhare mu gukenesha abanyamakuru, *Hari ababona ko abanyamakuru bazarangiza ibibazo by’ubukene ubwabo bafashijwe na Leta n’abashoramari, *Ruswa shingiye ku gitsina mu itangazamakuru na yo irafata intera. Mu cyegeranyo cyatangajwe n’Umuryango urwanya […]Irambuye

Kigali: Polisi yasubije ibikoresho byibwe benebyo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Nzeri ku cyicaro cya Polisi ya Remera, habayeho gusubiza abaturage ibikoresho byafashwe byaribwe, birimo za televiziyo, mudasobwo (laptops), n’amatelefone. Umuvugizi wa polisi y’igihugu CSP Celestin Twahirwa yavuze ko Polisi y’igihugu yakajije umurego ndetse ishyiramo n’imbaraga zo guhangana n’abakora ibyaha aho bava bakagera. Yaburiye abakora ibyo bikorwa ko bashatse […]Irambuye

Abanyarwanda bari bazi Imana uwo batari bazi ni Yezu na

*Arasobanura Kubandwa nk’isengesho ry’umuryango ryabaga buri mwaka, ngo byari bifitanye isano no kwemera k’ubu. *Umugore nbo ni nk’ingoma,  aho atimye ntahaba. Arabisobanura *Gusigasira ibya kera ni byiza ku bato kuko batabimenye byazageraho kubibabwira bikaba nko guca umugani. Yakobo Nsabimana w’imyaka 77 wo mu murenge wa Bushoki mu kagari ka Gasiza mu mudugudu wa Gitwa, ku munsi mpuzamahanga […]Irambuye

Rulindo: ku “Kirenge cya Ruganzu” hatangiye kubyazwa amadovize

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) by’umwihariko kinafite mu nshingano iby’ubukerarugendo, cyatangije Ikigo cy’Ubukerarugendo bushingiye ku muco n’amateka (Rulindo Cultural Center) kuri iki cyumweru tariki 27 Nzeri, iki kigo kitezwemo ubukerarugendo buzazamura abatuye akarere n’igihugu. Kuri iki kigo hazwi cyane nko ku kirenge cya Ruganzu. Rulindo Cultural Center, ni ikigo kigizwe n’inzu zirimo amateka ya kera […]Irambuye

Mu muganda Urubyiruko rwagaragaje inyota yo kubaka igihugu

*Bamwe mu rubyiruko bemereye bagenzi babo ko bazabagabanyiriza igiciro cyo kubigisha gutwara imodoka *United Driving School yemereye igare umwe mu rubyiruko washaka uburyo yabona ubwisungane mu kwivuza, *STRAMORWA yemereye abanyonga amagare bazabona ibyangombwa kubaha moto, *Urubyiruko rwasabwe kuba imboni y’umutekano no kwibutsa abantu gutanga ubwisungane Mu muganda w’igihugu wahuje urubyiruko rwibumbiye mu makoperative akora imirimo […]Irambuye

Ibihugu 5 bya EAC biri guhuza ibisabwa mu kwandikisha imiti,

I Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nzeri, habaye inama yo gusobanurira abacuruza imiti (Pharmacists) bikorera n’abandi ibikorwa byo kugeza imiti ku isoko bireba harimo Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda, iy’Ubuzima n’iy’ibikorwa by’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba, iby’uko ibihugu bitanu bya EAC bishaka guhuza amabwiriza agenga imiti n’akamaro bifite. Abari muri iyi nama yateguwe n’Ubunyamabanga bw’Umuryango wa […]Irambuye

Rutsiro: Mu mwaka 1 hibwe banki 2, umutekano w’amafaranga urakemangwa

Gukosora: Mu Karere ka Rutsiro haravugwa ibikorwa by’uruhererekane byo kwiba Banki na Koperative yo Kubitsa no kugiriza Umurenge SACCO. Mu gihe kitarenze umwaka hibwe Banki y’abaturage y’u Rwanda, ubu haravugwa ubujura bwibasiye UMURENGE SACCO wa Mushubati wibwe kuri uyu wa kane tariki 24 Nzeri 2015, wibwe nyuma y’uko hibwe n’Ikigo nderabuzima cya Musasa. Mu nkuru yacu […]Irambuye

en_USEnglish