Tags : EAC

Burundi: Polisi n’Imbonerakure birashinjwa kwica abantu 15

Mu duce dutandukanye tw’Umujyi wa Bujumbura, kuva ku wa gatandatu no ku cyumweru Polisi n’urubyiruko rw’ishyaka Cndd-Fdd rw’Imbonerakure birashinjwa kwica abantu 15 nyuma y’aho hadutse kongera gukozanyaho hagati ya Polisi n’abadashyigikiye manda ya gatatu ya Perezida Pierre Nkurunziza. Inkuru ya Reuters ndetse na JeuneAfrique ivuga ko imvururu n’imidugararo yatangiye ku wa gatandatu kugeza mu ijoro […]Irambuye

Rwanda: Hagiye kubakwa uruganda rutunganya ibiryo bifite intungamubiri

Leta y’u Rwanda yiyemeje gushora imari mu bikorwa byo kubaka uruganda ruzatunganya ibiryo bikize ku ntungamubiri, uyu mushinga izawufatanyamo n’ikigo Africa Improved Foods Ltd (AIF); mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda n’abatuye akarere kurya neza by’umwihariko abakene. Africa Improveed Foods Ltd ni ikigo gihuriwe n’ibindi bigo aribyo Royal DSM, FMO, DIAF na IFC. Mu itangazo Ikigo […]Irambuye

Burundi: Nyangoma asanga Nkurunziza yararushije ingufu abamurwanya

Umuyobozi mukuru w’ihuriro ry’abatavuga rumwe na Perezida w’u Burundi Pierre Nkurunziza, Leonard Nyangoma yatangarije yatangaje ko ubutegetsi bwarushije intege abigaragambyaga, asaba ko amahanga yafatira Nkurunziza ibihano bikaze kugira ngo yemere ibiganiro. Léonard Nyangoma kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kanama ayobora Ihuriro y’amashyaka atavuga rumwe na Leta, rivuga ko riharanira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Arusha […]Irambuye

Ibihugu 5 bya EAC biri guhuza ibisabwa mu kwandikisha imiti,

I Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nzeri, habaye inama yo gusobanurira abacuruza imiti (Pharmacists) bikorera n’abandi ibikorwa byo kugeza imiti ku isoko bireba harimo Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda, iy’Ubuzima n’iy’ibikorwa by’Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba, iby’uko ibihugu bitanu bya EAC bishaka guhuza amabwiriza agenga imiti n’akamaro bifite. Abari muri iyi nama yateguwe n’Ubunyamabanga bw’Umuryango wa […]Irambuye

Umusaruro w’ubuhinzi kubura isoko hari ubwo bikabirizwa cyangwa aribyo… –

Mu rwego rwo kumenyesha abaturage inama mpuzamahanga yateguwe n’Umuryango wo mu bihugu bya Africa y’Uburasirazuba wita ku musaruro w’ibinyampeke (EACGC), Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda yavuze ko kuba hari abinubira ko umusaruro w’ubuhinzi udafite isoko hari ubwo bikabirizwa, cyangwa bikaba aribyo ariko hari impamvu zibisobanura. Mu kiganiro kigufi n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Nzeri […]Irambuye

EAC mu gushyiraho ihuriro rigamije gukemura ikibazo cy’Amashanyarazi

Kuri uyu wa mbere, i Kigali mu Rwanda hateraniye inama ya mbere igamije gutangiza umugambi wo gushyiraho ihuriro rimwe rihuza u Rwanda, Kenya, Tanzania, Uganda n’u Burundi, rigamije gusangira ubumenyi n’ubushobozi mu gukemura ikibazo cy’ingufu z’amashanyarazi zikiri nkeya mu karere. Iri huriro rishyigikiwe n’Umuryango w’Abibumbye binyuze mu ishami ryawo ry’ubukungu “United Nations Economic Commission for […]Irambuye

Museveni yatashye, asize Abarundi bashyamiranye bemeye kuganira

Perezida Yoweri Museveni uri guhuza impande zitumvikana i Burundi yasubiye mu gihugu cye nyuma y’imirimo y’iminsi ibiri ahuza impande zishyamiranye. Yatangaje ko asize impande za; Leta, amashyaka atavuga rumwe nayo ndetse na sosiyete civile bemeye kwicara bakaganira ngo bagere ku mwumvikano ku bibazo by’u Burundi kandi bakamuha raporo mu gihe gito. Mu bandi bitabiriye ibiganiro […]Irambuye

Indi nama ya EAC ku Burundi irabera i Dar es

Inama yaguye ihuriyemo abayobozi b’ibihugu n’abayobozi ku nzego zitandukanye bo mu muryango w’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba irateranira i Dar es Salaam muri Tanzania kuri uyu wa mbere tariki 06 Nyakanga yiga ku bibazo by’u Burundi. Biravugwa ko Perezida Nkurunziza atari bwitabire iyi nama ahubwo akomeza ibikorwa bye byo kwiyamamariza gutorerwa kuyobora. Mu mezi arenga abiri havutse imyivumbagatanyo […]Irambuye

Burkina Faso: Hatangiye imirimo yo gutaburura umurambo wa Sankara

Aya yari amasezerano leta ya Burkina Faso yiyemeje, kuri uyu wa mbere yiyemeje kuyashyira mu bikorwa. Gutaburura imva zishyinguyemo uwari Perezida Thomas Sankara n’inshuti ze 12 zicanywe na we mu 1987 byatangiye none mu murwa mukuru Ouagadougou. Ibi byakozwe mu rwego rwo gushyira ahagaragagara uburyo aba bantu bishwemo. Imirimo yo gutaburura iyi mirambo yatangiye kuri […]Irambuye

en_USEnglish