Digiqole ad

Magufuli yatumiwe mu ngendo 60 hanze y’igihugu yanga kujyayo

 Magufuli yatumiwe mu ngendo 60 hanze y’igihugu yanga kujyayo

Perezida Magufuli yanze kwitabira ubutumire 60 bwamusabaga kuva mu gihugu cye

Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yatangaje ko yanze kwitabira ubutumire 60 bwamusabaga kujya hanze y’igihugu nyuma y’aho abereye Perezida mu myaka ibiri ishize.

Perezida Magufuli yanze kwitabira ubutumire 60 bwamusabaga kuva mu gihugu cye

Magufuli yabwiye abaturage ko ashaka gukorera Tanzania mbere na mbere.

Ku wa kabiri tariki 4 Nyakanga ubwo yari mu gace ka Sengerema ageza ku baturage umuyoboro w’amazi meza nibwo yabitangaje.

Dr Pombe Magufuli yabwiye abaturage ko nta nyota afite yo kujya hanze y’igihugu kubera ko ngo afite akazi gakomeye ko kurangiza imikorere mibi y’abayobozi.

Ati  “Ndajya hanze gukora iki, igihe kizagera ngende maze kuva ku butegetsi, ndashaka kubanza nkakemura ibya hano imbere mu gihugu.”

UM– USEKE.RW

3 Comments

  • Ngaho ra babandi bahorabavugako bakunzwe namahanga kuko biberamu ndege maze bakavugako niba abandi batajyayo aruko baba batatumiwe noneho bazongera kutubeshya iki? Ubu wabona na Nkurunziza atumirwa agahitamo kwigumira mu gihugu cye.

    • ziriya ngendo zirahenda cyane. Ingendo 60 ubaze ayo zari gutwara ni akayabo. kdi ubwo wenda murizo inyinshi nta kamaro zari kuba zifitiye abenegihugu, nko kuganiriza abanyeshuri bo muri nursery ahantu runaka muri USA, inama zidafite umumaro n’izindi.

  • Egocentrique!

Comments are closed.

en_USEnglish