Tags : DRC

RDC: Minisitiri w’Ubutabera yanyomoje ibivugwa ko Kabila ashaka manda ya

Minster w’Ubutabera Tambwe Alexis Mwamba yabwiye bagenzi be  b’Abaministeri n’abahagarariye ibihugu byabo i Kinshasa ko Itegeko Nshinga uko ryavuguruwe bidaha Perezida Kabila amahirwe yo kuobora igihugu muri manda ya gatatu. Mu misni ishize mu itegeko nshinga rya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ubusanzwe rivuga ko Perezida atorerwa manda ebyiri gusa, habayemo kuvugururwa. Hongewemo ingingo ivuga […]Irambuye

Rusizi: Abagore 60 bo muri CEPGL barakataje nyuma yo gukurwa

Abagore 60 bagize itsinda ry’abacuruzi bambukiranya imipaka mu bihugu by’ibiyaga bigari (COSOPAX /RGL) igizwe n’ibihugu by’u Rwanda, Burundi na Repubilika iharanira Demokarasi ya Congo,  bemera ko hari aho ibihugu byabo bigeze mu mikoranire haba mu bucuruzi ndetse n’amahoro ugeraranyije n’imyaka yashize. Bamwe mu bagore baganiriye n’Umuseke batangaza ko hari aho bavuye habi mu mirimo bakoraga […]Irambuye

Monusco ivuga ko itafatanyije na FARDC mu bitero byagabwe kuri

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zibungabunga umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO ziratangaza ko zicuza ifungwa ry’inkambi eshatu ryakozwe n’inzego z’iki gihugu. MONUSCO ivuga kandi ko itari ifatanyije n’Igisirikare cya FARDC mu bitero byo kurwanya umutwe wa FDLR. MONUSCO ivuga ko mu cyumweru gishize impunzi zibarirwa mu bihumbi 35 zameneshejwe zikirukanwa mu nkambi eshatu ari […]Irambuye

DRC: Capitaine mu ngabo za Congo yarasiwe mu mirwano na

Mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu gace kitwa Mpati, gukozanyaho kwabaye ku cyumweru hagati y’ingabo za Leta n’umutwe wa Nyatura ufatanyije na FDLR, umusirikare ufite ipeti rya Capitaine mu ngabo za RDC n’umwe mu baturage bavuye mu byabo, bahasize ubuzima. Abandi basirikare babiri bari baguye mu gico bari batezwe n’izi nyeshyamba ku wa gatandatu, amakuru […]Irambuye

Uzatwitambika imbere atubuza umutekano bizamugwa nabi – Kagame

Mu rugendo rw’iminsi itatu arimo mu Ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Werurwe, 2016, Perezida Paul Kagame yijeje abaturage umutekano usesuye abasaba gufatanya n’ubuyobozi avuga ko abashaka kubuza u Rwanda umutekano bagihari, ariko ngo “uzatwitambika imbere bizamugwa nabi.” Imbere y’imbaga y’abturage benshi bari bishimye, Perezida Kagame yatangiye ijambo rye akomoza ku byo […]Irambuye

Masisi: Abantu barashe ahareberwaga umukino wa nyuma wa CHAN 3

Ku cyumweru tariki 07 Gashyantare, ubwo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yakinaga umukino wa nyuma na Mali, abantu babiri bitwaje imbunda bagiye ahareberwaga uyu kukino i Masisi barasa mu bantu, 3 bahita bahasiga ubuzima. Aba bantu bari bambaye imyenda y’ingabo za DRC binjiye munzu yerekana umupira ahitwa Burungu, muri Segiteri ya Kitshanga, i Masisi, […]Irambuye

Umuseke watoranyije Abakinnyi 11 beza n’umutoza ba CHAN 2016

Abakinnyi 11 beza muri CHAN 2016 Igikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina iwabo mu bihugu (CHAN), cyaberaga mu Rwanda kuva tariki 16 Mutara 2016, gisojwe mu byishimo byinshi, kuri DR Congo. Meschak Elia wayo ni we watowe nk’umukinnyi w’irushanwa, anahembwa nk’uwatsinze ibitego byinshi (4). Umuseke watoranyije abakinnyi 11 ibona ko babaye beza kuri buri mwanya, muri […]Irambuye

CHAN: U Rwanda ruzakina na DR Congo muri 1/4

Mu mikino isoza iy’itsinda rya kabiri (B), ikipe ya Cameroon ikoze ibyo benshi batatekerezaga itsinda Congo Kinshasa 3-1, byayihesheje amahirwe yo gusohoka mu itsinda iri ku mwanya wa mbere n’amanota arindwi. Amavubi azahura na DR Congo yabaye iya kabiri mu itsinda. Amateka y’amakipe yombi mu mikino ya CHAN yagaragazaga ko Congo Kinshasa yari yarashoboye gusezerera […]Irambuye

en_USEnglish