Tags : DRC

DRC: Perezida Kabila ntarasinya ku masezerano amusaba kuva ku butegetsi

Amasezerano y’uko Perezida Joseph Kabila azarekura ubutegetsi mu mpera za 2017 yagezweho mu mpera z’iki cyumweru gishize ariko Kabila ubwe ntarayasinyaho. Ba Minisitiri benshi bemeye ibikubiye muri aya masezerano, asaba ko Perezida Joseph Kabila aguma ku butegetsi kuzagera mu mpera z’uyu mwaka wa 2017 ubwo amatora azaba. Muri Congo Kinshasa habaye impagarara zatewe n’uko Perezida […]Irambuye

DRC: Hatangajwe Guverinoma nshya, Lambert Mende yagumye ku mwanya we

Minisitiri w’Intebe Mushya, Samy Badibanga yatangaje urutonde rw’abagize Guverinoma, bose hamwe ni 67, hari abinjiye muri Guverinoma bashya, abandi baguma ku myanya bariho muri bo Lambert Mende Omalanga Tshaku National usanzwe ari Minisitiri w’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Leta. Iyi Guverinoma yaraye itangajwe ku wa mbere, igizwe na ba Visi Minisitiri w’Intebe batatu, ba Minisitiri ba Leta […]Irambuye

Perezida Kabila “Hazubahirizwa iby’itegeko nshinga riteganya”

Kuri uyu wa kabiri Perezida Joseph Kabila wa Congo Kinshasa yagejeje ijambo ku Nteko rusange y’Abadepite n’Abasenateri ko itegeko nshinga nta gihe ritubahirijwe kandi ngo rizakomeza no kubahirizwa mu ngingo zirigize zose. Joseph Kabila yavugaga ijambo nyuma y’amazezerano yagiranye n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, bemeye ko azakomeza kuyobora igihugu kugeza muri 2018, ariko mu myaka ibiri […]Irambuye

i Goma abasirikare 300 ba Leta bigaragambije basaba umushahara w’igihe

Abasirikare babarirwa muri 300 kuri uyu wa mbere bigaragambirije ku biro by’ubuyobozi bw’ingabo za Région ya 34, i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa, barasaba guhembwa umushahara bamaze igihe kirekire batabona. Bamwe mu basirikare bemeza ko batarahembwa mu myaka itatu ishize, abandi ngo barashaka guhembwa umushahara w’amezi icyenda ashize batazi uko ifaranga […]Irambuye

I Kinshasa, Abamotari babujijwe gukora nyuma ya 18h00 z’umugoroba

yUmugenzuzi w’ibikorwa bya police i Kinshasa, Célestin Kanyama yatangaje ko moto zikora umwuga wo gutwara abantu zitemerewe kugenda mu mujyi wa Kinshasa nyuma ya Saa kumi n’ebyiri (18h00) z’umugoroba. Iki cyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’iyi ntara ya Kinshasa kikaba kigiye gukurikiranwa n’Igipolisi, kije nyuma y’aho hakomeje kumvikana ubushyamirane hagati y’abamotari (Motards) n’abakiliya babo. Celestin Kayumba yagize […]Irambuye

DRC: Minisitiri w’Intebe Matata Ponyo na Guverinoma ye beguye

Kuri uyu wa mbere Minisitiri w’Intebe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Augustin Matata Ponyo yagejeje ibarawa yo kwegura imbere ya Perezida Joseph Kabila we kimw en’abagize Guverinoma. Akimara kugirana ibiganiro na Perezida Kabila, yatangarije abanyamakuru ko “Yeguye kugira ngo yubahirize ibiteganywa n’amasezerano yise ‘Accord global’.” Yashakaga kuvuga amasezerano yavuye mu biganiro byahuje Perezida Joseph […]Irambuye

Uganda: Igisirikare kiranyomoza ko Col Makenga yaba yasubiye muri DRC

Igisirikare cya Uganda kiranyomoza ko uwahoze ari umuyobozi w’abarwanyi ba M23, Col Sultani Makenga yaba yasubiye muri Congo nk’uko byavuzwe mu mpera z’icyumweru dusoje, kikavuga ko akiri mu gihugu cya Uganda yahungiyemo ndetse ko n’abarwanyi be bose baherereye mu gice cy’Uburengerazuba bw’iki gihugu. Mu mpera z’icyumweru dusoje, muri Repubulika Iharanira Semokarasi ya Congo, hari amakuru […]Irambuye

Rusizi: Ba Minisitiri b’Ubucuruzi b’u Rwanda na DR Congo bongeye

Nyuma yo guhurira i Rubavu ku wa kane tariki 20 Ukwakira 2016, Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Francois Kanimba na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Ubutwererane muri Congo Kinshasa,  Nefirtiti Kudianzila Kisura bavuze bagiye kwihutisha gutangira gukora kw’ikiraro kinini gihuza ibihugu byombi i Rusizi, no kuvugurura ibibuga by’indege icya Kamembe n’icy’i Bukavu. Mu mushinga wa miliyoni […]Irambuye

U Bufaransa nibumara gucana umuriro buzacyura abaturage babwo – Lambert

* Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’U Bufaransa yavuze ko igihugu cye gishobora gufatira Congo ibihano. Intambara y’amagambo irafata indi ntera hagati y’U Bufaransa na Congo Kinshasa, Kinshasa ishinzwa U Bufaransa gushyigikira “intagondwa” nk’uko Umuvugizi wa Leta ya Congo Lambert Mende, abuvuga ngo U Bufaransa burashaka gucana umuriro muri Congo ariko bikazarangira bacyuye abaturage babo, abandi bagasigara […]Irambuye

en_USEnglish