Tags : #Burundi

Imyaka 8 irashize…Jean Christophe Matata turamwibuka…

“Nyaranja”, “Amaso akunda”, “Mukobwa Ndagowe” n’izindi nyinshi abakuru bakunda muzika baracyibuka bakanakumbura izi njyana z’umuhanzi Jean Christophe Matata, nubwo iwabo hari i Burundi yari umuhanzi ukunzwe no mu Rwanda naho yitaga iwabo, no mu Bubiligi. Yapfuye ku mugoroba wa tariki nk’iyi mu 2011. Yavukiye i Bujumbura mu 1960, ubu aba agize imyaka 58 iyo aba […]Irambuye

Kenya niyo yonyine yatanze 100% by’umusanzu wa EAC, u Rwanda

*U Burundi bwo ngo bwagize ibibazo by’intambara   Igihugu cy’U Burundi ni cyo kiri inyuma y’ibindi mu gutanga umusanzu w’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC), Kenya yonyine niyo yatanze 100% by’umusanzu usabwa. U Burundi nta faranga na rimwe buratanga mu ngengo y’imari y’uyu mwaka, kandi bufite ibirarane bya $ 700 000. Ku wa gatatu ubwo Inteko […]Irambuye

PAM ihangayikishijwe n’uko ikamyo zayo zitwaye imfashanyo zangiwe kwinjira mu

Ikamyo z’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, PAM/WFP zari zitwaye imfashanyo mu Burundi zasubiye mu Rwanda ku wa kabiri nyuma y’iminsi itanu zarangiwe gukomeza muri icyo gihugu zari ku mupaka wa Gasenyi-Nemba ugabanya u Rwanda n’UBurundi. Umuyobozi wa PAM wungirije mu Burundi, Nicole Jacquet yatangarije SOS Media Burundi, ko mu gihe UBurundi bwaba buhagaritse ikoreshwa […]Irambuye

U Rwanda rurashimirwa itegeko rigena uburyo Abanyamakuru babona amakuru

*Ibitangazamakuru by’i Burundi byo ngo birusha ibindi gushyira hamwe… Abitabiriye inama yateguwe n’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu mu karere k’ibiyaga bigari (LDGL) yabaye kuri uyu wa Gatanu mu mujyi wa Kigali yahuje abakora umwuga w’itangazamakuru mu Karere k’Ibiyaga bigari, abahagarariye za syndicats n’abandi bafite aho bahurira n’umwuga w’itangazamakuru, bashimye ko mu Rwanda ariho honyine hari […]Irambuye

Burundi: Malaria imaze guhitana abasaga 800 kuva muri Mutarama 2017

Ku wa mbere Minisitiri w’Ubuzima, no kurwanya Sida, Dr. Josiane Nijimbere, yatangaje ko aho bigeze Malaria ari icyorezo cyugarije igihugu. Nijimbere yavuze ko guhera muri Mutarama 2017 abantu 800 bamaze gupfa bazira Malaria abandi miliyoni 1,8 bafashwe n’iyo ndwara. Imibare igereranya abarwaye Malaria n’abo yahitanye muri aya maze, yerekana ko Malaria mu Burundi yazamutseho 13 […]Irambuye

U Burundi bwahakanye ko ntawabuhungiyemo amaze kurasa abantu i Rusizi

Itangazo rya Minisiteri y’ingabo mu Burundi ryasinyweho n’umuvugizi w’ingabo Col Gaspard Baratuza riravuga ko nta muntu wigeze ahungira mu gihugu cyabo mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru nyuma yo kwica abantu babiri i Rusizi, mu Ntara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda. Ku cyumweru, igisirikare cy’u Rwanda “Rwanda Defense Force-RDF” cyasohoye itangazo rigufi, kivuga ko cyinjiye […]Irambuye

Abadepite b’u Burundi muri EALA banze kuza mu Rwanda ngo

Mu buryo butunguranye bamwe mu badepite b’u Burundi mu Nteko y’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EALA) banze kuza mu Nama rusange yabo, ngo bavuze ko batizeye umutekano wabo mu Rwanda, kuri bamwe mu Banyarwanda bari muri EALA iki cyemezo cy’aba badepie cyaratunguranye. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku nteko rusange ya gatatu y’Inteko ya EALA izamara iminsi 11 […]Irambuye

Rusizi: Akarere gahangayikishijwe n’umutekano w’Impunzi z’Abarundi zijya i Burundi rwihishwa

Mu minsi yashize hagiye hagaragara ko hari impunzi z’Abarundi zahungiye mu Rwanda nyuma zikaza gufata ibindi byangombwa biza kugaragara ko hari abahungabanya umutekano dore ko ngo bamwe bagaragaye basubira mu gihugu cyabo, bamwe bakararayo bakagaruka mu Rwanda nk’abaje gushakisha imibereho kandi bakiri impunzi mu Rwanda.   Gukora akazi gasanzwe nta Murundi ubibujijwe ariko bigatera impungenge […]Irambuye

Abahunze batahuke twiyubakire u Burundi bwunze ubumwe – P. Nkurunziza

Perezida Pierre Nkurunziza yaraye asabye Abarundi bose kunga ubumwe, abahunze igihugu bagatahuka bagafatanya na bagenzi babo kubaka u Burundi bwunze ubumwe kandi bukomeye. Pierre Nkurunziza yavuze ibi mu ijambo yagejeje ku baturage be kuri yu wa kabiri ryanyuze kuri Televiziyo y’igihugu. Nkurunziza yavuze ko ibikorwa byo gusana igihugu, gukunda igihugu, kugaruka ku ndangagaciro z’Abarundi no […]Irambuye

en_USEnglish