Tags : #Burundi

Hirya mu cyaro ku Gisagara iterambere riri kubahindura imyumvire

Hari ibibazo byinshi basanzwe bafite, bigendanye cyane cyane n’ubukene, ariko ikizere ni cyose ku batuye mu  mirenge ya Mamba na Gishubi ikora ku gihugu cy’u Burundi,  kubera ibikorwa by’iterambere biri kubasanga iwabo mu karere ka Gisagara. Ibi biri guhindura imyumvire, imikorere n’imibereho yabo. Mukindo, Muganza, Gishubi na Mamba ni imirenge ihana imbibi n’u Burundi, ituwe […]Irambuye

Umuhanzikazi Khadja Nin ari i Kigali

Khadja Nin icyamamare muri muzika yageze i Kigali mu ruzinduko bwite n’umuryango we nk’uko bamwe mu nshuti ze babitangarije Umuseke. Uyu muhanzikazi yagaragaye ku rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi kuri uyu wa 21 Nyakanga we na bamwe mubo mu muryango we baje kureba amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Khadja Nin ubu w’imyaka 55 […]Irambuye

Ingabo z’u Rwanda,Kenya,… zemeje imikorere izagenga y'ubufatanye bwa gisirikare

Kigali – Kuri uyu wa 30 Gicurasi, abaminisitiri b’Umutekano n’ab’Ingabo mu bihugu by’u Rwanda, Uganda, Kenya, u Burundi na Sudani y’Epfo bashyize umukono kuri raporo z’amatsinda y’impuguke mu byagisirikare agena imiterere n’imikorere y’ubufatanye mu bya gisirikare hagati y’ibyo bihugu. Gusinya aya masezerano bibaye nyuma y’umwiherero w’iminsi itanu yari ihuje impuguke mu byo gucunga no kubungabunga […]Irambuye

Burundi na S.Sudan byinjiye mu bufatanye bwa gisirikare bwa Rwanda,

Igihugu cya Sudani y’Epfo n’ubwo kitaremerwa ku mugaragaro mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, n’u Burundi byamaze kwinjizwa mu bufatanye mu bya gisirikare bwo kwivuna umwanzi no kwirinda buhuriweho n’u Rwanda, Uganda na Kenya. Byemejwe mu biganiro by’abahagarariye ingabo biri kubera i Kigali kuva kuri uyu wa 26 Gicurasi. Nyuma y’uko tariki 20 Gashyantare, i Kampala […]Irambuye

Burundi: Afungiwe kubaga imbwa ye ashaka kuyirya

Hassan Hussein umunyekongo w’imyaka 40, utuye mu Buyenzi muri Bujumbura ari mu maboko ya Polisi azira kubaga imbwa ye, ngo ayirye. I Burundi kubaga imbwa ugamije kuyirya ngo byaba bibujijwe ndetse ngo bifatwa n’icyaha gihanirwa n’amategeko. Asobanura impamvu afunze Hassan ati:’’ Barandega kuba narabazeimbwa y’iwanje, kandi nta kintu cy’umuntu nibye kandi  nta n’uwo nasaba ngo angurire […]Irambuye

en_USEnglish