Tags : Bugesera

Bugesera: Uburobyi mu Kiyaga cya Rweru bubangamiwe na ba rushimusi

Abarobyi bakorera muri Koperative ‘Koperwe’ ikorera uburobyi mu kiyaga cya Rweru, mu Karere ka Bugesera barataka ko umusaruro w’amafi babonaga buri munsi ugenda ugabanuka ngo bitewe na ba rushimusi b’amafi. Iki kiyaga cya Rweru giherereye mu Karere ka Bugesera ni kimwe mu biyaga bitanga umusaruro w’amafi mu Rwanda. Gusa, ubu abarobyi bagikoreramo baravuga ko batakibona […]Irambuye

USA: Yambuwe ubwenegihugu nyuma yo kubeshya ko avukana na ‘Rukokoma’

Umucamanza wo ku rwego rwa Leta zunze Ubumwe za America yambuye ubwenegihugu bwa America  umunyarwanda Gervais Ngombwa watahuweho kubeshya ubuyobozi bwa Amerika ko ari umuvandimwe w’uwari Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, kugira ngo yemererwe kwinjira muri America anabone ubwenegihugu. Abashinjacyaha basabye urukiko muri Mata ko rwakwambura ubwenegihugu umugabo witwa Gervais  ‘Ken’Ngombwa nyuma y’uko muri Mutarama 2016 […]Irambuye

RDF yemereye Umukecuru w’imyaka 103, Frw 300 000 azishyura umushumba

Bugesera – Ku myaka ye 103, Melaniya Nyirambuga ni umukecuru bigaragara ko agikomeye, aracyabasha kwicumba akabando agatambuka, ni umwe mu baturage babonye inzu n’inka yo korora mu mudugudu wiswe Umurwa w’Amahoro wa Musovu watujwemo bamwe mu bimuwe ku musozi wa Karera i Rilima ahazubakwa ikibuga cy’Indege. Uyu mukecuru, yatunguwe no kuvugwaho mu ijambo ry’Umuyobozi w’akarere […]Irambuye

Bugesera: Imiryango 62 yimuwe ahazubakwa ikibuga cy’indege yahawe inzu n’inka

Bugesera – Inzu ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 6 437 218 kuri buri muryango n’inka imwe (ifite amaraso avanze) yo korora, byaherekejwe n’ibiryo byo kubafasha mu gihe cy’ukwezi. Igikorwa cyo kubashyikiriza izi nzu cyayobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe imibereho myiza, Alvera Mukabaramba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 16 […]Irambuye

Bugesera: Abantu 1000 batuye ku kirwa cya Mazane umwe ni

Abaturage bo ku kirwa cya Mazane giherereye mu kiyaga cya Rweru mu karere ka Bugesera, bavuga ko kugira ngo bige ari ibintu bibakomereye kubera ko bakikijwe n’amazi bityo mu myaka isaga 100, ngo umuntu umwe rukumbi ni we warangije amashuri yisumbuye umwaka ushize nubwo atarabona akazi. Mu buzima busanzwe bwo kuri iki kirwa ngo abaturage […]Irambuye

Bugesera: Umuturage arashinja ubuyobozi kutita ku bibera mu gishanga cya

Umwe mu baturage bafite imishinga mu gishanga cya Rurambi uvuga ko imicungire y’icyo gishanga kinini (ha 1000 zitunganyijwe) ituma kidatanga umusaruro cyakagombye gutanga bitewe n’uko abashoramari bashoboye ngo bananizwa n’ushinzwe gukurikirana abahinzi ari na we utanga ubutaka, gusa we ahakana aya makuru. Uyu muturage witwa Mugabo Francois ni umwe mu banyamuryango ba Koperative CORIMARU ishinzwe […]Irambuye

Division 2: Bugesera FC yegukanye igikombe cya shampiyona

18 Nyakanga 2015- ikipe ya Bugesera FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri nyuma yo gutsinda Rwamagana FC ibitego 2-0. Ibitego bibiri  by’ikipe ya Bugesera FC byatsinzwe na  David Nzabanita ku munota wa 29 na  Felix Ngabo ku munota wa 73 nibyo byahesheje umutoza wabo Noah Nsaziyinka igikombe cya shampiyona cy’icyiciro cya kabiri. Nsaziyinka […]Irambuye

Ngoma: Barasaba ko ikiraro kibahuza na Bugesera kizubakwa mu buryo

Abatuye mu mirenge ya Sake na Rukumberi mu karere ka Ngoma ho mu Ntara y’Uburasirazuba baravuga ko babangamiwe no kuba ikiraro cyibahuza n’akarere ka Bugesera cyarasenyutse ngo n’aho gisaniwe cyikaba cyitarubatswe mu buryo burambye kuko cyinyurwaho n’imodoka ntoya gusa bityo ngo bikaba bibangamiye ubuhahirane bwabo. Abaturage bavuga ko ngo iyo bashaka kugeza imyaka i Kigali […]Irambuye

Bugesera: Abaturage barataka inzoka zo mu nda kubera gukoresha amazi

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera, mu murenge wa Gashora barataka uburwayi buterwa no gukoresha amazi mabi, ngo kubona ayohorezwa n’ikigo gishizwe amazi n’isukura (WASAC) bifatwa nk’ibintu bidasanzwe. Amazi banywa n’ayo batekesha yose ngo aturuka mu binamba no mu biyaga. Abaturage basobanuriye Umuseke ko kubona amazi mu murenge wabo ari ibintu bigoranye cyane, ngo n’iyo […]Irambuye

Ikamyo yaciye ikiraro gihuza Ngoma na Bugesera igwa mu Akagera

Iburasirazuba – Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki 14 Nzeri Imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz Actros plaqueRL 715 yavaga i Musanze ica Bugesera yerekeza mu murenge wa Sake mu karere ka Ngoma yakoze impanuka ku kiraro cyo ku mugezi w’Akagera  ikiraro kiracika yituramo. Iyi kamyo yari yikoreye toni 45 z’ifumbire izivanye mu […]Irambuye

en_USEnglish