Tags : Bugesera

Bugesera: Umugoroba w’ababyeyi wahindutse ahabera inama z’ibimina

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera n’imwe mu miryango ifite mu nshingano yo kubanisha neza ingo, banenga uburyo gahunda y’umugoroba w’Ababyeyi yahinduwe umwanya wo gukoramo ibimina. Ngo hari aho abaturage bitabira umugoroba w’ababyeyi kubera ibimina gusa, bagasaba ko hagira igikorwa ugasubirana intego wari ufite yo kuganira ku mibanire y’ingo no gukemura bimwe mu […]Irambuye

Mme J.Kagame yahembye abana b’abakobwa 91 batsinze neza ibizamini bya

Bugesera – Kuri uyu wa kabiri, umuyobozi mukuru wa Imbuto Foundation Mme Jeannette Kagame ari kumwe na Minisitiri Esperance Nyirasafari w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango n’ushinzwe uburezi mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri MINEDUC bahembye abana b’abakobwa 91 babaye indashyikirwa mu Karere ka Bugesera bagatsinda neza amashuri abanza, ikiciro rusage n’amashuri yisumbuye. Muri uyu muhango, Mme Jannette Kagame yavuze […]Irambuye

Ikiraro cya Rwabusoro kiri kubakwa, Nyanza na Bugesera barongera bahahirane

Abaturage bo mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza baravuga ko ikorwa ry’ikiraro cya Rwabusoro gihuza Intara y’Amajyepfo n’Intara y’iburasirazuba kigiye kongera ubuhahirane hagati yabo n’abo hakurya mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Bugesera. Uturere twombi kandi ngo tukongera guhahirana muri rusange. Ikiraro cya Rwabusoro cyari cyaracitse tariki ya 15 Ukwakira 2014 nyuma […]Irambuye

Bugesera: Ba Gitifu 20, ba Agronome 10, na ba Sociale

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Emmanuel Nsanzumuhire Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera yatangaje ko Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Akagari 20 na ba SEDO (Social Economic & Development officer) bataramyenyekana neza, na ba Agronome 10 na ba Affaires Sociales batanu b’imirenge beguye, ngo abo bose babisabye ubwa bo. Uyu muyobozi w’Akarere yabitangarije City Radio avuga ko nta gikuba […]Irambuye

Abanyarwandakazi b’impanga bagiye kubaka ibikorwa bya $ 700 000 mu

Kuri uyu wa gatatu tariki 2/11/2016 abagize umuryango Shelter Them ukorera muri Canada, muri Amerika no mu Rwanda basuye ikibanza bahawe na  Perezida Paul Kagame mu gihe yari muri Canada muri gahunda ya  Rwanda Day, bazubakamo inzu y’imyidagaduro, Amashuri y’imyuga n’inzu 10 bazatuzamo abana batishoboye badafite imiryango, ibikorwa bizatwara 700, 000 $ banasuye imiryango y’abatishoboye […]Irambuye

Bugesera: Abanduza Umujyi wa Nyamata baburiwe ko bazahanwa

Kuri uyu wa Gatandatu 01/10/2016, Ubwo hatangizwaga Ukwezi k’Ubumwe n’Ubwiyunge, mu Ntara y’Iburasirazuba iki gikorwa cyanajyanye no gutangiza ubukangirambaga ku isuku hagamijwe gukangurira abatuye iyi ntara kugira umuco w’isuku mu ngo, ku mubiri, ku nzu z’ubucuruzi n’ahandi. Guverineri w’Intara y’Urasirazuba, Uwamariya Odette wifatanyije n’Abaturage ba Bugesera muri iki gikorwa, ari kumwe n’Umunyamabanga wa Leta muri […]Irambuye

Rweru: Amanyanga n’amakosa akomeye muri Gahunda ya Girinka

*Umuturage wituye inyana bamusaba kwitura kabiri kandi bitemewe, *Inka iyo ipfuye Komite y’Ubudehe irayigurisha umuturage akazagurirwa indi nka azamara igihe arera, kandi yagahawe inka ihaka. *Hari umuturage wagurishirijwe inka imyaka irashira indi irataha ntaragurirwa indi. *Sheikh Hassan Bahame Umuyobozi w’Ishami rishinzwe iterambere ry’abaturage muri MINALOC ngo ibyo ni amakosa. Mukanyandwi Jeanne, ni umwe mu baturage […]Irambuye

Rweru: Bigirabagabo aburana isambu kuva 2010, yayitsindiye muri 2013 ariko

*Ikibazo cyari kigiye gukurikiranwa mbere gato y’uruzinduko rwa Perezida Kagame mu murenge wa Rweru, ariko birangirira aho, *Kubera kujuragizwa, akajya mu nkiko, akagaruka mu zindi, ngo byagezeho abonye ko kumurangiriza urubanza byanze arituriza. Bigirabagabo Faustin wo mu mudugudu wa Rwibinyogote mu kagari ka Nemba mu murengewe wa Rweru, mu karere ka Bugesera, avuga ko amaze […]Irambuye

en_USEnglish