Tags : Bugesera

Nyamata: Uwo basangiraga inzoga yamukubise ibuye aramwica

Ubusanzwe inzoga ihuza abantu ariko umugabo uzwi ku izina rya Kazungu kuri uyu wa 22 Kanama 2014 yamuhije n’urupfu nyuma y’uko uwo bayisangiraga i Nyamata mu karere ka Bugesera amukubise ibuye mu mutwe agahita agwa aho. Polisi ikorera mu karere ka Bugesera itangaza ko yahise ita muri yombi uwitwa Mwanditsi Pierre Claver wateye ibuye uwo […]Irambuye

‘Kwa Gacinya, ‘kwa Kabuga’ ntabwo ari ahantu hafungirwa – Busingye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Kanama, Minisitiri w’Ubutabera yasobanuye kuri radio KFM yumvikanira mu Rwanda ko aho bamwe bavuga ko hafungirwa abantu, hakorerwa iyicarubozo n’ibindi bita kwa Kabuga no kwa Gacinya ibi atari ko bimeze kuko atari ahantu hafungirwa abantu nk’uko bamwe babyumva. Minisitiri Johnston Busingye yatangiye asobanura ko ubutabera bw’u Rwanda iyo […]Irambuye

Ishimwe Alonso, ku myaka 6 gusa impano ye iratangaje

* Ava mu Bugesera buri gitondo aje kwitoreza i Kigali * Ku myaka ine nibwo yari yinjiye ishuri ry’umupira * Ubu atera ‘jongle’ 1 000 umupira utaragwa hasi * Umubonye atangarira ubuhanga bwe, bikamutera amatsiko y’imbere he Umupira w’amaguru nubwo bawiga ariko habaho no kuba ufite impano. Prince  Alonso Ishimwe afite imyaka itandatu gusa yiga […]Irambuye

Ririma: Abaturage bararega abayobozi mu tugari kubaka amafaranga adafite aho

Akarere ka Bugesera mu murenge wa Ririma ahazubakwa ikibuga cy’indege, bamwe mu baturage baho babwiye Umuseke ko bamaze kwishyurwa ingurane bashaka kubaka hirya no hino mu bibanza baguze, agronome na bamwe mu bayobozi b’utugari babaca amafaranga ari hagati y’ibihumbi 10 na 30 yitwa ay’icyangombwa cyo kubaba, ibintu umuyobozi w’ako karere Rwagaju Louis avuga ko atazi kandi […]Irambuye

Yohani ntiyahiriwe n’ikawa yihingira indimu ubu zimutunze n'abe

Iyimboneye Jean Pierre bita Yohani, Umuseke wamusuye tariki ya 11 Nyakanga 2014, avuga mbere yahinze ikawa ariko bitewe n’uko ubutaka bw’Ubugesera buteye ntiyamuha inyungu, abivamo ahita atangira guhinga indimu, amacunga na mandarine byo ngo abona hari icyizere cy’ubukire biri kumuha ubu. Iyimboneye ni umugabo w’imyaka 60, yavutse mu 1954 mu cyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro, abasha […]Irambuye

Bugesera: Bakanguriwe imirire myiza n’isuku n’ubwo bo barira amapfa

Abaturage b’Akarere ka Bugesera bakunze kwibasirwa n’amapfa aturuka ku zuba ryinshi, aha mu Bugesera niho kuri uyu wa 13 Kamena 2013 hasorejwe ukwezi k’ubukangurambaka mu kwita ku mirire myiza,isuku n’isukura. Ministeri y’iterambere ry’umugore n’umuryango ku bufatanye n’ibindi bigo nibyo byasozaga uku kwezi kuri mu ntego y’imisi 1 000 yo kurwanya imirire mibi, iyi gahunda yabereye […]Irambuye

en_USEnglish