Tags : Bugesera

Mukabaganwa wavuwe Cancer ku buntu ati “Kagame Imana izamwongere imigisha”

Mukabaganwa Glorioza ni umugore utuye mu kagari ka Batima mu murenge wa Rweru, mu mvugo yuje ibyishimo n’ikiniga no kubura rimwe na rimwe amagambo yakoresha ashimira Perezida Paul Kagame. Yasabye Umuseke kumutumikira, ukamugereza intashyo kuri Perezida Kagame yemeza ko ububanyi n’amahanga bwe bwatumye avuzwa Cancer y’inkondo y’umura muri Uganda nta bushobozi afite, ubu akaba yarorohewe. […]Irambuye

Rweru: Hari abakennye bisanze mu cyiciro cya gatatu n’icya kane

*Hari abavuga ko badafite imitungo, inzu cyangwa amatungo bakaba ari n’abapfakazi ariko bisanze mu cyiciro cya gatatu, *Bamwe bavuga ko batazabona amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza, bagasaba ko ikibazo cyabo gikurikiranwa. Abaturage bo mu kagari ka Batima mu murenge wa Rweru bavuga ko ibyo babonye ku rutonde rw’ibyiciro by’ubudehe ruheruka gusohoka bitandukanye n’ukuri kw’amakuru batanza mu […]Irambuye

Rweru: Abaturage bonesherezwa imirima bakanakorerwa urugomo n’abashumba

Abaturage bo mu karere ka Bugesera, mu murenge wa Rweru mu kagari Batima baratabaza ubuyobozi ngo bubarenganure ku kibazo cy’uko bonesherezwa ndetse bagakorerwa n’urugomo n’abashumba, iki kibazo cyo konesherezwa ngo cyateje inzara yo kutagira imyumbati, Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera avuga ko iki kibazo kigeze kubaho ariko ngo akarere kagikemuye gahuza abanesherejwe n’abonesha. Muri uyu murenge […]Irambuye

Rweru: Abimuwe Mazane bageze mu nzu z’ibitangaza barara bakanuye bagira

*Bizeje Perezida Paul Kagame kutazamutenguha mu iterambere *Bakigera mu mudugudu wa Mbuganzeri aho bimuriwe baraye bakanuye bibwira ko butarira, *Mu buzima bugoye barimo ngo iterambere ntiryashobokaga kugerwaho. Nyiraminani Erevaniya umwe mu baturage bari batuye mu kirwa cya Mazane akaba yarimuwe ahabwa inzu irimo amashanyarazi, inka n’ikiraro, atuzwa mu mudugudu aho atazongera kwambuka amazi, nyuma yo […]Irambuye

Urw’imbunda n’amasasu rwararangiye…dusigaje kwibohora ubukene – Kagame

Mu ijambo ry’Umunsi wo Kwibohora Perezida Paul Kagame yavugiye mu Mudugudu wa Mbuganzeri, mu Kagari ka Batima, Umurenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera, yibukije ko mu kwibihora hari urugamba rwa mbere rwaranzwe n’amasasu n’intwaro rwarangiye, ubu urugamba rusigaye rukaba ari urw’iterambere rushingiye kubyo abanyarwanda bifuza kandi bihitiyemo. Uyu muhango wo kwizihiza ku nshuro ya 22 […]Irambuye

Rweru: Nyuma y’imyaka 40 banywa ibirohwa by’ikiyaga amazi meza yahageze

*Umunyamakuru w’Umuseke yiboneye aya mazi, mu mudugudu wa Mbuganzeri, *Abaturage ntibemera ko azahamara igihe kirekire ngo azasubiranayo na Perezida uteganya kubasura, *Umuyobozi w’akarere ka Bugesera aramara impungenge abaturage ko amazi azahaguma. Bugesera kimwe na twinshi mu duce tw’Intara y’Uburasirazuba amazi abona umugabo agasiba undi, ubwo Umuseke wasuraga umudugudu wa Mbuganzeri uzimurirwamo abaturage bo mu kirwa […]Irambuye

Abari mu bwigunge ku kirwa cya Mazane bagiye gutuzwa mu

Abaturage bo ku kirwa cya Maazaane kiri mu kiyaga cya Rweru no hakurya y’uruzi rw’Akagera ahitwa Sharita bategerezanyije amatsiko gutuzwa mu nzu nziza bubakiwe na Leta  mu kagari ka Batima mu murenge wa Rweru hagamijwe ku bavana ku manegeka no mu bwigunge. Ubuzima ku kirwa cya Mazane buragoranye, abana benshi bigaga ntibarenze amashuri abanza, kwivuza […]Irambuye

Uko imyaka 35 yo gutotezwa yaherekejwe na Jenoside y’ubugome muri

*Kiliziya yahindutse urwibutso rwa Jenoside, n’ahabikwaga karisitiya Interahamwe zahiciye abantu, *Igeragezwa rya Jenoside mu 1992 ryabereye mu Bugesera, abantu 4000 ngo barishwe Leta ireba, *Muri Mata 1994, tariki ya 15 nibwo Kiliziya y’i Ntarama yiciwemo imbaga, abapadiri b’Abazungu bahunze. *Hari igishanga cyiswe CND, cyagabweho igitero simusiga tariki ya 30 Mata 1994, Abatutsi bari basigaye baricwa. […]Irambuye

Bugesera: ubuzima mu mudugudu w’icyitegererezo wa Kingaju nyuma y’amezi 9

*Bamwe inka zarabyaye baranywa amata, abandi zararamburuye, abandi ngo inzara iraca ibintu *Baracyanywa amazi mabi bavoma mu ruzi rw’Akagera *Umudugudu nturabona ivuriro hafi, abana baracyakora urugendo bajya ku ishuri. Uyu ni umudugudu w’icyitegererezo ugizwe n’inzu 62 z’imiryango yimuwe ahazubakwa ikibuga cy’indege mu murenge wa Rilima mu karere ka Bugesera, abahatuye bahamaze amezi icyenda, bamwe inka […]Irambuye

en_USEnglish