Tags : #As Kigali

Nshuti Savio yemeje ko AS Kigali yamuguze 16M n’imodoka ya

Nshuti Dominique Savio yaciye agahigo k’umukinnyi uhenze mu bo mu Rwanda uguzwe n’ikipe yo mu Rwanda, ubwe yemeje ko AS Kigali yayisinyiye amasezerano y’imyaka itatu aguzwe miliyoni 16 z’amanyarwanda n’ibindi bintu birengaho by’agaciro. Nyuma yo gusezererwa na Espoir FC mu gikombe cy’amahoro ari kumwe n’ikipe ya Rayon Sports, Nshuti yabwiye Umuseke ko yamaze kumvikana na […]Irambuye

Moussa Camara afashije Rayon sports gutsinda AS Kigali 2-0 ahita

Kuri Stade Amahoro, I Remera, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu mukino wa nyuma amakipe ya Rayon Sport na AS Kigali akinnye yitegura gutangira ‘AZAM Rwanda Premier League’, Rayon sports itsinze AS Kigali 2-0, byombi byatsinzwe na Moussa Camara waje no kuvunikira muri uyu mukino agahita asimbuzwa. Mu gihe habura iminsi itandatu ngo […]Irambuye

AS Kigali itsinzwe na APR FC 3-2 ihita isezererwa mu

Mu mukino wo gusoza itsinda rya mbere mu irushanwa ‘AS Kigali Preaseason Tournement’, APR FC ivuye mu matsinda ari iya mbere nyuma yo gutsinda AS Kigali yateguye aya marushanwa ibitego 3-2. Kuri uyu wa kabiri tariki 13 Nzeri 2016, kuri stade regional ya Kigali i Nyamirambo, AS Kigali isezerewe mu irushanwa yateguye igamije kwitegura shampiyona, […]Irambuye

Tubane James wari muri Rayon sports, asubiye muri AS Kigali

Myugariro Tubane James kuri uyu wa kabiri yavuye muri Rayon sports yari amazemo imyaka ibiri, asubira muri AS Kigali. Yayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri. Rayon Sports yarangiza shampiyona y’umwaka ushize itsinzwe bitego bike kurusha izindi, byatumye begukana igikombe cy’amahoro, banarangiriza ku mwanya wa kabiri muri shampiyona. Uyu musore w’imyaka 24 ngo yagerageje kuganira n’abayobozi ba Rayon […]Irambuye

Muhadjiri ashobora kujya muri APR FC adakiniye AS Kigali iherutse

APR FC irashaka cyane abakinnyi babiri ba AS Kigali, barimo na Muhadjiri Hakizimana AS Kigali yaguze avuye muri Mukura VS. Uyu mwaka w’imikino wahiriye cyane umukinnyi wo hagati usatira, Muhadjiri Hakizimana. w’imyaka wa 21 wakiniraga Mukura VS, yarangije shampiyona ariwe ufite ibitego byinshi kurusha abandi (16). Mu minsi ya nyuma ya shampiyona uyu musore yatangiye […]Irambuye

Kabange Twite muri AS Kigali, Fuadi Ndayisenga nawe arategerejwe

AS Kigali ifite intego zo kwegukana igikombe umwaka utaha, irashaka abakinnyi bayifasha. Muri abo, harimo Kabange Twitte wamaze kugera mu Rwanda aje kugeragezwa, na Fuadi Ndayisenga ushobora kugera mu Rwanda muri iki cyumweru ngo yumvikane n’iyi kipe. Nyuma yo kurangiriza ku mwanya wa kane irushwa amanota 11 na APR FC yegukanye igikombe, AS Kigali iri […]Irambuye

Muhadjiri arahakana amakuru avuga ko yasinyiye AS Kigali

Umukinnyi wo hagati wa Mukura VS n’ikipe y’igihugu Amavubi, Muhadjiri Hakizimana arahakana ibyavugwaga ko yasinyiye AS Kigali dore ko ngo yanaganiriye na Rayon Sports ariko akaba atarafata umwanzuro. Muhadjiri Hakizimana, umukinnyi wo hagati wa Mukura VS w’imyaka 21, yitwaye neza muri uyu mwaka w’imikino 2015-16. Kugeza ubu habura umunsi umwe ngo Shapiyona irangire, niwe uyoboye […]Irambuye

en_USEnglish