Mu gikorwa kiswe ‘Our Past’ cyo kumenya amateka yaranze u Rwanda, kuri iki cyumweru urubyiruko rwibumbiye mu itsinda ‘Sick City Entertainment’ ry’ababyinnyi b’indirimbo zigezweho n’urundi rwavutse nyuma ya Jenoside bahuriye ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi rwigishwa kuri amwe mu mateka yaranze u Rwanda yatumye habaho Jenoside, uru rubyiruko rwiyemeje kubika no gusigasira […]Irambuye
Urubyiruko rwiga muri kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye rusengera mu itorero ry’Abangilikani bibumbiye mu muryango RASA (Rwanda Anglican Students Association) bakoze igikorwa cyo gusanira no kubakira ubwiherero umukecuru w’incike ya Jenoside, ruvuga ko urubyiruko ari yo maboko y’u Rwanda rw’ejo, bityo ko ibikorwa nk’ibi bikwiye kubera urugero urundi rubyiruko. Aba basore n’inkumi bubakiye uyu […]Irambuye
Mu muhango wo guhemba inkubito z’Icyeza 25 zatsinze neza wabereye mu Murenge wa Shyogwe, mu Karere ka Muhanga, MUNYESHYAKA Vincent, Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yanenze bamwe mu bagabo bashuka abana b’abakobwa anasaba inzego zitandukanye guhagurukira iki kibazo. Muri uyu muhango hatanzwe ubuhamya bwa garutse kubyagezweho na zimwe mu mbogamizi zikigaragara mu burezi […]Irambuye
Rwamagana – Urubyiruko rw’abanyeshuri ruyobora abandi muri Kaminuza ya UNILAK amashami ya Rwamagana na Kigali kuri iki cyyumweru rwasuye urwibutso rwa Rutonde ruhakora isuku ariko runatanga ubufasha ku barokotse Jenoside batishoboye. Igikorwa aba ndetse n’ubuyobozi bwaho bashimye cyane. Iki ngo ni igikorwa kigamije kwitegura ibindi bikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bigiye kuba ku nshuro […]Irambuye
Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Inkuru iheruka yagarutse ku ‘Inkingi ya mbere […]Irambuye
Kayitesi yari amaze amezi umunani aba mu nzu yavuyeho igisenge cyose, ubu araryama agasinzira kuko yubakiwe indi nzu nziza. Kayitesi Theopista utuye mu kagari ka Cyugaro mu murenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera ari na ho hatangiriyemo ibi bikorwa bya AERG/GAERG 2016, avuga ko yari amaze amezi umunani aba muri iyi nzu, aho yageze […]Irambuye
Kuri uyu wa kane urubyiruko rw’abanyeshuri bagize umuryango wa AERG na GAERG muri kaminuza ya UNIK i Kibungo rwasuye abahoze mu ngabo za APR zabohoye u Rwanda bamugariye ku rugamba rurabaremera kandi rubashimira ubutwari mu guhagarika Jenoside. Iki gikorwa bagikoreye mu mudugudu wa Musamvu Akagari ka Karenge mu murenge wa Kibungo basura bamwe mu bamugariye […]Irambuye
Hakym Reagan ubu ni umuhanga mu myambarire (stylist) avuga ko yatekereje ko ari umwuga wamutunga, agatangiza amafranga ibihumbi magana abiri (200 000Frw) gusa. Ubu afite iduka ryitwa ‘HR Boutique Shop’ mu mujyi wa Kigali rimaze amezi ane nubwo yari amaze imyaka itatu akora Fashion, ubu niwo murimo akora gusa. Yahisemo gukora Fashion kuko ari ibintu […]Irambuye
*Ngo umuzi w’ikibazo ushobora kuba ari amateka mabi yaranze amakoperative, Leta y’u Rwanda ikunze gukangurira Abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko kwibumbira mu makoperative kugira ngo bahuze imbaraga barusheho kwihuta mu iterambere. Ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA) kivuga ko n’ubwo urubyiruko ari rwo rukunze gukangurirwa kwishyira hamwe ari na rwo rukomeje guseta ibirenge mu kubahiriza izi nama. Mu […]Irambuye
Kuri uyu wa kane abagera kuri 358 barangije mu ishuri rikuru ry’Ikoranabuhanga rya Tumba “Tumba College of Technology” basabwe gutinyuka umurimo wari wo wose kuko umurimo muto ubyara munini. Aba barangije amasomo mu mashami ya ‘Electronic and Telecommuniction, Information Technology na Alternative Energy’. Muri uyu muhango Umuyobozi w’iri shuri Eng. Gatabazi Pascal yasabye gukunda igihugu […]Irambuye