Albert BIHIBINDI umunyabukorikori utungunya ibikomoka ku ruhu birimo ibikapu, inkweto, imikandara n’ibindi avuga ko yatangiye adoda inkweto, ubu umushinga we uhagaze miliyoni 20 (20 000 000Rwf). Umuseke wasuye Bihibindi aho adodera intweto n’ibindi byambarwa biva mu ruhu. Avuga ko umushinga we wo gukora ibikomoka ku ruhu umutunze. Ati “Natangiye ndoda inkweto bisanzwe, nyuma nza kubona amahugurwa […]Irambuye
Ihuriro ry’urubyiruko ‘Rwanda We Want’ rukiri mu mashuri rwiyemeje gutegura bagenzi babo kugira ngo bakurane umutima n’inyota yo kuba abayobozi b’ejo hazaza. Uru rubyiruko rwatangije ubu bukangurambaga mu karere ka Rulindo ruvuga ko nta kindi bakwitura ubuyobozi bw’u Rwanda bukomeje kubabere umubyeyi mwiza uretse kubutegurira abayobozi beza bazakomeza ikivi cyatangijwe n’abayobozi ba none mu gihe […]Irambuye
*Ntiyemera ko mu Rwanda habaye Inzara…Ngo inzara ni nk’ibyabaye muri Sahara yahoze ituwe, *Umuhinzi-mworozi Nkundimana wabigize umwuga yinjiza asaga miliyoni 2 ku kwezi… Hategekimana Jean Baptiste uyobora ihuriro ry’urubyiruko rukora ubuhinzi n’ubworozi bigamije ubucuruzi (RYAF) avuga ko ibura ry’iribwa rikomeje kuvuga mu bice bitandukanye by’igihugu nk’urubyiruko bataribonamo ikibazo ahubwo ko ari amahirwe yo kugaragaza ubumenyi […]Irambuye
*Na we yasogongeye ku buzima bwo ku muhanda…Ngo ubuzima bwe yabweguriye gufasha, *Bamwita ‘Daddy’…Bamwe biga imyuga, hari 2 bagiye kurangiza Secondaire, *Bamwe mu bo yareze ubu bafite akazi baritunze… Ruzindana Egide washinze umuryango ‘Love for Hope’ ufasha abana kuva mu buzima bwo ku muhanda n’abakomoka mu miryango itifashije, yatangiye ibi bikorwa bye afashiriza abana aho […]Irambuye
*U Rwanda rutemba amahoro, rurangwamo urubyiruko rufite akazi, ubukungu butajegajega,… * Ngo nirwo bifuza Mu majonjora yo gutoranya abakobwa bazahagararira Intara enye n’umujyi wa Kigali mu marushanwa ya nyampinga w’u Rwanda 2017 yasize hamenyekanye abakobwa 26 bazitabira igikorwa kibimburira aya marushanwa giteganyijwe kuwa Gatandatu taliki 04 Mutarama ubwo hazatoranywa 15 bazajyanwa mu mwiherero bagatozwa uko bazahatanira […]Irambuye
Hari abavuga ko iyo uzi ikintu runaka, urugero nko gucuranga piano cyangwa nko kuvuga Icyongereza biba bihagije. Abahanga mu mitekerereze y’abantu bo bemeza ko gukoresha kenshi ubwonko mu kwiga no gukora cya kintu umuntu yibwira ko azi kuko ngo iyo bitabaye ibyo uturandaryi nyabwonko(neurons) tuba twarihuje tugatuma umuntu amenya byabindi azi, tugenda tudohoka. Mu bihe […]Irambuye
Mu mpera z’icyumweru gishize, urubyiruko rw’Akarere ka Gasabo rurenga igihumbi, rufatanije n’Itorero Inshongore z’Urukaka, rwakoze igitaramo cyo gushimira Intwari z’u Rwanda. Iki gitaramo cyabaye kuwa gatandatu tariki 28 Mutarama, hagati ya 18h00-22h00, kitabiriwe n’inzego z’urubyiruko kuva ku rwego rw’umudugu kugeza ku rwego rw’Akarere, n’abayobozi banyuranye b’Akarere ka Gasabo barimo umuyobozi w’inama njyanama Perezidante Dr. BAYISENGE […]Irambuye
* Imana y’iki gihe ngo irahumya imitima abatizera * Ibigezweho byinshi ngo bihumetswe mu mwijima * Satani ngo ntiwamurwanya n’imbaraga z’isi kuko akomoka mu ijuru Mu kigisho yatanze mu mpera z’icyumweru gishize kuri Evangelical Restoration Church i Maroso Apotre Joshua Masasu yabwiye abantu ko Imana muri iki gihe hari abayisanisha n’ibigezweho bagahuma imitima abatizera, avuga […]Irambuye
Ihuriro ry’abafundi, ababaji n’abanyabukorikori (STECOM), bwa mbere mu Rwanda rirateganya gutanga impamyabushobozi ku bari mu mwuga w’igifundi, (work permits) nyuma yo kubagenzura bakareba ubumenyi bafite aho basanzwe bakorera akazi kuri ‘chantier’. Evariste Habyarimana Umunyamabanga Mukuru wa STECOMA (Syndicat des Travailleurs de Construction, Menuiserie et Artisanat), yatangarije Umuseke ko izi mpamyabushobozi zizatangwa tariki ya 10 Gashyantare […]Irambuye
Hakizimana Abdallah ukunze gukoresha amazina ya ‘Shiny Abdallah (Mr endowed)’ ni umu fotozi (photographer) wabigize umwuga, mu myaka itanu amaze afotora, Shiny asanga photography yaramufashije kugera ku nzozi ze. Shiny watangiye gufotora mu 2012 yemeza ko mu Rwanda hari umubare munini w’abafotora ndetse ngo asanga photography imaze gutera imbere cyane. Ati ” mu myaka nk’icumi […]Irambuye