Mu kwezi gutaha, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga izahuza urubyiruko rwa Africa “Youth Connekt Africa 2017”, Perezida Paul Kagame n’Umuherwe w’Umushinwa Jack Ma washinze Ikompanyi y’Ubucuruzi izwi nka Alibaba Group bari mu bazaganiriza uru rubyiruko. Iyi nama “YouthConnekt Africa” iteganyijwe ku matariki 19 – 21 Nyakanga, izibanda cyane ku gushyiraho za Politiki, gahunda n’imikoranire yafasha […]Irambuye
Mu gikorwa cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 15 Umuryango Imbuto Foundation umaze utangiye kurihirira amashuri abana bakomoka mu miryango itifashije, kuri uyu wa Gatandatu Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko 2000 rwatewe inkunga n’uyu muryango guhangana n’ibibazo byugarije umuryango nyarwanda by’umwihariko ibibangamiye abana birimo n’abakomeje kuba ku muhanda. Jeannette Kagame avuga ko nyuma ya Jenoside umuryango nyarwanda […]Irambuye
Rulindo- Mu biganiro bitegurwa n’ihuriro ry’urubyiruko ‘Rwanda We Want’ bigamije gukarishya urubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye kugira ngo ruzavemo abayobozi beza, Claver Gatabazi ushinzwe Ibikorwa byo kwibuka muri CNLG yabwiye abanyeshuri bo muri Gasiza Secondary School ryo muri aka karere ko uwabibye amoko mu banyarwanda yagendeye ku miterere ya bimwe bice by’umubiri wabo kugira ngo […]Irambuye
Ubuyobozi bw’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba bwafashe ikemezo cyo guhindura ikirango cy’uyu muryango, ibihugu byose bigize uyu muryango bifunguriwe amarembo mu guhatana gukora iki kirango, Minisiteri y’Ubucuruzi, Inganda n’Ibikorwa bya EAC yasabye urubyiruko rwiga muri Kaminuza y’u Rwanda-ishami rya Huye gutsinda iri rushanwa bakegukana igihembo cy’ibihumbi 25 USD. Iki kemezo cyo guhindura ikirango cya EAC cyafashwe […]Irambuye
Kuri uyu wa Gatandatu mu kigo cya TTC-Muhanga Abayapani baba mu Rwanda bamurikiye abiga muri iri shuri bimwe mu bigize umuco wabo. Umuyobozi w’ishami rya Politiki n’ubukungu muri ambasade y’Ubuyapani mu Rwanda, Shintaro Nakaaki yavuze ko igihugu ke kiteguye gufasha abana b’u Rwanda bifuza kujya kwiga muri iki gihugu. Mu ishuri nderabarezi rya TTC-Muhanga riherereye […]Irambuye
Pacifique RURANGWA ni umwanditsi w’iki gitekerezo. Ni Umunyarwanda uba mu gihugu ukurikiranira hafi Politiki y’igihugu. Yahawe igihembo na Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda (NCHR) cy’uwanditse inyandiko yahize izindi ku bwisanzure bwo gusenga (article on freedom for worship) mu Rwanda (2016). Ubwo Perezida Kagame yatangiraga kuyobora u Rwanda mu nzibacyuho, mu w’ 2000, yasezeranyije byinshi birimo komora ibikomere […]Irambuye
*Ngo PGGSS si cyo kigaragaza ko umuhanzi ari umuhanga, *Ngo agarutse muri muzika nk’umunyamwuga muri wo,… Mbabazi Patrick AKA Patricko muri muzika ni umuhanzi ukizamuka ariko umaze kugira umubare munini w’abakunzi kubera indirimbo ze zinogeye amatwi nk’iyitwa ‘Ahora yisekera’ ubu yasohoye indi ndirimbo y’urukundo yise ‘Amasaha’. Uyu muhanzi ukiri mu kiciro cy’urubyiruko agira inama bagenzi […]Irambuye
Abanyarwanda baba muri Ethiopa bahuriye mu gikorwa cy’ubusabane bwahujwe n’Umunsi Mpuzamahanga w’umuryango “Family Day”. Mu gihe imbere mu gihugu Abanyarwanda bahuriye ku rwego rw’imidugudu bakaganira ku kamaro k’umugoroba w’ababyeyi, ababa muri Ethiopia bo barahuye baganira ku muco nyarwanda, barasabana ndetse urubyiruko n’abana bibutswa indangagaciro na kirazira bikwiye kubarango bo Rwanda rw’ejo hazaza. Abanyarwanda baba muri […]Irambuye
Umuryango Nyafurika w’ivugabutumwa (AEE/ African Evangelistic Enterprise) usanzwe ufasha abana bakomoka mu miryango itifashije, uravuga ko n’ubwo mu ntego zayo ari ivugabutumwa ariko bigomba kujyana n’imibereho myiza y’abagezwaho ubwo butumwa. Kuri uyu wa gatanu uyu muryango ubinyujije mu mushinga USAID- Ubaka Ejo wahaye ibikoresho urubyiruko 42 wanarihiriye mu masomo y’imyuga. Albert Mabasi uyobora ishami rya […]Irambuye
*Ufite A0 urangije guteka ati “ Abize ahubwo ni bo bagomba kwiga imyuga. » Muhonganseko Jacqueline w’imyaka 57 ari mu banyeshuri 182 barangije amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro mu kigo Kigali Leading TSS (Technical Secondary School), uyu mubyeyi avuga ko kwiga aya masomo bitagombera imyaka umuntu afite ahubwo ko bisaba kureba kure no gusobanukirwa icyahesha umuntu umurimo. Uyu […]Irambuye