Mme Hazia Awa Nana-Daboya umuyobozi wa ‘High Commission for Reconciliation and Strengthening National Unity’ muri Togo we n’intumwa ayoboye kuri uyu wa mbere basuye Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, bavuga ko baje kwigira ku Rwanda uko rwabashije kubanisha abanyarwanda nyuma ya Jenoside ubu abatuye igihugu bakaba babanye neza. Mme Awa Nana yavuze ko baje mu Rwanda […]Irambuye
Mu gitondo cyo kuwa gatandatu, tariki 28 Gicurasi 2016, NZIRUGURU Alex w’imyaka 28 yakoze impanuka ikomeye yaje kumuhitana abura iminota micye ngo akore ubukwe. Alex Nziruguru, wavutse mu 1988, na Nyirakiyobe Jolie bari bagiye ku rushinga, bari barasezeranye imbere y’amategeko kuwa kane tariki 26 Gicurasi 2016, nyuma y’umunsi umwe urupfu rurabatandukanya. Kuri gahunda y’ubukwe, bari gusaba Kimironko […]Irambuye
*Umuyobozi w’Itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa 7 ku Isi amaze ibyumweru 2 mu Rwanda avuga ubutumwa; *Amakuru agikusanywa aravuga ko babatije abagera ku 90,000 mu Rwanda hose; *Mu turere twa Ruhango,Kamonyi na Muhanga honyije habatijwe abasaga ibihumbi 11; *Muri iri vugabutumwa hishyuwe Mutuelle de Santé zirenga 30,000, inzu 200 zubakirwa abatishoboye. Binyuze mu ivugabutumwa ryaye ‘Amavuna’ […]Irambuye
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu nyuma yo gutorerwa kuyobora idini ya Isilamu mu Rwanda Mufti Sheikh Salim Hitimana yavuze ko kimwe mu bintu azaharanira guca ari ibitekerezo by’ubuhezanguni biganisha ku bwihebe byatangiye kugaragara mu rubyiruko rwa Kisilamu mu Rwanda. Ibi ngo azabikora binyuze mu gufasha urubyiruko kubona imirimo, rukava mu bushomeri. Mufti […]Irambuye
Minisitiri w`Ibikorwa Remezo, James Musoni ari kumwe na nyobozi y’umugi wa Kigali, Kuri uyu wa 28 Gicurasi, basuye ibikorwa by’inyubako ya kompanyi izwi nka CHIC Ltd iri ahahoze ahahoze hari ETO Muhima hafi ya Gare nshya yo mu mujyi wa Kigali rwagato, izakorerwamo ubucuruzi butandukanye berekwa ibikorwa byatangiye gukorerwamo n’ibiteganywa gukorerwamo. Umuyobozi w’Umugi wa Kigali […]Irambuye
*Mu mwaka wa 2015-2016, Leta y’u Rwanda imaze kuregwa imanza 506, yatsinze 187 muri 269 imaze kuburana, *Abunzi bose bahawe telephone ngendanwa… Mu minsi iri imbere bazahabwa n’amagare (mu byiciro). Mu nama yo gusuzuma ibyagezweho na Minisiteri y’Ubutabera, Minisitiri Johnston Busingye yavuze ko Leta y’u Rwanda ihagaze neza mu kuburana imanza iregwamo kuko Minisiteri yashyizeho […]Irambuye
Aba Banyarwanda batangaza ko muri Congo hariyo benshi bahangayitse cyane abagore n’abana, bimwe mu bibahangayikishishe harimo intambara za buri munsi, inzara no kurwaragurika kuko ngo babaho nk’inyamaswa muri ayo mashyamba ya Congo, bitewe no kutabona imiti. Mukafundi Margarite uri mukigero cy’imyaka 54 yabwiye Umuseke ko ubuzima bwari bumugoye nk’umugore wari umaze kubura umugabo. Ati “Bajyaga […]Irambuye
Mu mugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 22 wahuje abakozi n’abayobozi b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere (RBD) kuri uyu wa gatanu, Francis Gatere yibukije abakozi ba RDB ko bafite inshingano zo guteza imbere u Rwanda kandi bagomba kubikora bashingiye ku mateka rwanyuzemo. Mu ijambo rye, Francis Gatare uyobora RDB yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu nibwo Perezida wa mbere wa Leta zunze ubumwe za Amerika uri mu buyobozi yasuye umujyi wa Hiroshima, neza neza aho igisasu cya mbere cy’ubumara kirimbuzi cyaturikiye kigahitana abantu barenga 70 000. Hano, Obama yahobeye umwe mu barokotse, umusaza icyo gihe wari ufite imyaka 8. Maze asaba ko isi yose yagira umuhate […]Irambuye
Kobus MULDER inzobere yo muri Africa y’Epfo mu bijyanye n’inkusanyirizo z’amata, akaba n’umuhanga mu kumenya fromage (cheese) nziza, yemeza ko nyuma y’imyaka itanu ishize Abanyarwanda batangiye gutunganya fromage, bishoboka ko bafata ibihugu byateye imbere muri uwo mwuga, igikenewe ngo ni ishoramari no kongera ubwiza bw’umukamo w’amata n’ibiyakomokaho gusa. Kobus MULDER akorera mu bihugu icyenda ku […]Irambuye