*Indwara z’umutima zica abantu miliyoni 17 buri mwaka *Abanyarwanda 30% bajya kwa muganga baba bafite hypertension *Abafite Hypotension bakaba ari 1% ku bagiye kwa muganga Dr Abel Kagame umuganga w’inzobere mu kuvura indwara z’umutima mu bitaro bya Kigali bya Kaminuza, yaganiriye n’Umuseke kuri uyu wa gatanu ku bijyanye n’indwara z’umutima. Avuga ko hari umubare munini […]Irambuye
Updated 11/01/2016: Iyi nkuru yatangajwe hagati mu kwezi k’Ukuboza 2015, Iranzi n’ubu ntarabona ubufasha buhagije bwatuma akorerwa operation ya kabiri ngo akire neza. Icyo yabuze ni amafaranga yo kumusubiza mu Buhinde. Ndahiro Isaac Iranzi ni umwana w’umuhungu w’imyaka itatu n’amezi ane, yavukanye indwara idasanzwe yitwa Extroph of cloaca. Ibitaro byo mu Rwanda byabonye ntacyo byayikoraho, […]Irambuye
Abatuye Kibungo, mu Mujyi w’Akarere ka Ngoma ntibavuga rumwe ku kunywera itabi mu ruhame; Mu gihe bamwe bavuga ko babangamirwa n’umwotsi w’itabi utumurirwa mu ruhamwe, ndetse ngo unabagiraho ingaruka z’ako kanya, hari abarinywa bo bavuga ko mu gihe kurivaho byabananiye nta kundi babigenza. Ubushakashatsi bwakozwe n’umurango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) bwagaragaje ko kunywera itabi […]Irambuye
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima “WHO (World Health Organization)” riratangaza ko ritewe impungenge n’imibare y’abana bari munsi y’imyaka itanu bafite ikibazo cy’umubyibuho ukabije. Ubushakashatsi buheruka bw’iryo shami bugaragaza ko ku Isi yose, imibare y’abana bari munsi y’imyaka itanu bafite umubyibuho ukabije bavuye kuri Miliyoni 32 mu mwaka w’1990, bagera kuri Miliyoni 42 muri 2013. […]Irambuye
Ubushakashatsi bunyuranye bwa za Kaminuza n’ibigo by’ubushakashatsi byo mu bihugu bya teye imbere bujya guhuza imibare y’abantu ku Isi bafite ikibazo cyo kurangiza vuba mu mubonano mpuzabitsina, ubwinshi buvuga ko cyaba cyugarije abagabo bari hagati ya 30-35%, ni ukuvuga hafi umugabo umwe muri batatu ku isi. Iki kibazo ariko ngo gishobora gushira iyo byitaweho. Mu […]Irambuye
Abantu bagera kuri miliyoni 35 nibo babana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ku isi. Abasaga ibihumbi 300 muribo ni abanyarwanda,naho abagera ku bihumbi 130 muribo bafata imiti igabanya ubukana bwa SIDA. Gukebwa ku bagabo byagaragajwe nka kimwe mu bigabanya ibyago byo kwandura mu mibonano idakingiye. Abagabo bagera ku bihumbi 300 nibo bamaze gukebwa mu Rwanda kuva […]Irambuye
Nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda hari hatangiye gucicikana amakuru y’uko umugore waguye mu bitaro bya Muhima kuri uyu wa gatatu yaba yahitanywe na Ebola, aya makuru yanyomojwe n’Umuyobozi w’Ibitaro bya Muhima mu kiganiro kirambuye yagiranye na UM– USEKE ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki 24 Nzeri 2014. Amakuru yacicickanaga avuga uyu […]Irambuye
Ikibazo cyanjye nshobora kuba nkihuriyeho n’abandi benshi, ubwo mperuka kwa muganga bamaze kunkorera ibizamini bantegetse ko imiti njya kuyigura muri pharmacie yo hanze kandi narimfite ikarita y’ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de santé). Nkurikije ibyo numvaga abandi barwayi bijujuta ko muri Centre de santé nta miti bagira, abandi ngo bayiha abatanga amafaranga (cash), abandi ngo barayikwandikira […]Irambuye
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) kuwa kabiri tariki 16 Nzeri 2014 cyafunguye laboratoire (isuzumiro) rizafasha kumenya ubwoko bw’imibu n’utundi dukoko dutera indwara, bikazafasha gukumira indwara ya malaria n’izindi rwara ziterwa no kurumwa n’udukoko. Iri suzumiro rizafasha u Rwanda gupima neza imiti yica udukoko iterwa mu gihugu, ndetse no kumenya ubwoko bushya bw’imibu n’imiti ishobora guhangana nayo. […]Irambuye
Impuguke z’abaganga bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ku bufatanye n’ikigo Nyafurika cy’ubushakashatsi ku bijyanye n’uburwayi bwo kudidimanga (African stuttering Research Center) bagiye gutanga ubuvuzi mu Rwanda, bufasha abantu bavuga badidimanga, hifashishijwe ikoranabuhanga, muri gahunga yitwa “Telepractice program for Africa”. Ubushakashatsi bwerekanye ko umuntu umwe ku bantu ijana avuga adidimanga, ubu kw’Isi yose hakaba habarurwa […]Irambuye